Uko Dawidi yarinze asaza atarabona umukiranutsi yaretswe cyangwa abe ngo bicwe n’inzara-Pastor KANANA Cedrick

Pastor KANANA Cedrick ,Umushumba mw’itorero ry’Anglicani ry’u Rwanda muri Paruwasi ya Ģìkondo akaba umwe mu bakozi b’Imana bazwiho kugira ishyaka mu cyafasha intama aho mu kazi kenshi katoroshye aba afite bitamubuza ko buri gitondo azinduka afata umwuko agacumba umutsima maze akuwutanga nk’impamba y’umunsi abinyujije ku mbuga ze nkoranyambaga. Uyu mushumba yifashishije ijambo ry’Imana ryanditse muri […]

(Part 1): Bibiliya ivuga iki kubijyanye no kubahiriza isabato-Rev.Nzabonimpa Canesius

Ibikubiye muri iyi nyandiko bigaragara mu gitabo cyanditswe na nyakwigendera Rev.Nzabonimpa Canesius, akaba yari umu Pasiteri mu itorero ADEPR Rwanda. Nkuko tumaze iminsi tubibagezaho mu bice byacu byabanje aho turi kubagezaho amategeko icumi y’Imana nicyo asobanuye mu buzima bw’umukristo, uyu mumunsi tugiye kubagezaho itegeko rijyanye no kubahiriza i sabato, ariko ryo rikaba rifite ibice byinshi […]

Ntugasambane: Menya igisobanuro cy’amategeko 10 y’Imana nicyo avuze ku bakristo ba none-Rev.Nzabonimpa Canisius(Part 6)

Igihugu cyose kigira amategeko akigenga kandi yose aba ashamikiye kw’itegeko ryacyo.N’igihugu cy’ijuru abemera Imana muri Kristo Yesu bazabamo kigira amategeko yacyo, si ugupfa kugenda uko umuntu yishakiye. Akaba ari byiza ko abakristo bakongera kwibutswa ibijyanye n’amategeko agenga igihugu cy’ijuru, kuko usanga muri iyi minsi abantu benshi bitwaza ko turi mu gihe cy’ubuntu, igihe cy’imbabazi maze […]

Bishop Dr.Masengo Fidele atangiranye Ukwezi Inkuru y’ihumure abwira abizera ko Bigishoboka

BIRACYASHOBOKA: INKURU NZIZA NGUTUYE KUYA 1/12/ 2023 Luka 1:37- kuko ari nta jambo Imana ivuga ngo rihere.” Iyo nibutse ibyo nibwiraga ko bidashoboka ariko byabaye, bintera kumva ko n’ibyo mbona none ko bidashoboka kuzaba bizaba nta kabuza. Nasanze ntunze amagambo ijuru ritazi kd ridakoresha. Muri ayo magambo hari irivuga ngo Ntibishoboka. Ijambo ntibishoboka ryishe ubuzima […]

Ariko dufite ubwo butunzi mu nzabya z’ibumba-Ev.Mugisha

Ariko dufite ubwo butunzi mu nzabya z’ibumba, kugira ngo imbaraga zisumba byose zibe iz’Imana zidaturutse kuri twe.(2 Abakorinto 4:7). Aya ni amagambo ari muri bibiliya atwibutsa ko dukwiye guhora duca bugufi imbere y’abantu ndetse n’imbere y’Imana kuko tumeze nk’inzabya zibumba. Urwabya ubundi ni igikoresho gikoze mu ibumba, aho kifashishwaga kera mu guteka ibintu bitandukanye. Kubera […]

Ntukice: Menya igisobanuro cy’amategeko 10 y’Imana nicyo avuze ku bakristo ba none-Rev.Nzabonimpa Canisius(Part 5)

iki gihugu cyose kigira amategeko akigenga kandi yose aba ashamikiye kw’itegeko ryacyo.N’igihugu cy’ijuru abemera Imana muri Kristo Yesu bazabamo kigira amategeko yacyo, si ugupfa kugenda uko umuntu yishakiye. Akaba ari byiza ko abakristo bakongera kwibutswa ibijyanye n’amategeko agenga igihugu cy’ijuru, kuko usanga muri iyi minsi abantu benshi bitwaza ko turi mu gihe cy’ubuntu, igihe cy’imbabazi […]

Dr.Bishop Masengo Fidele azanye Indorerwamo y’igipimo cy’ubukure bw’Umukristo

Nubona waretse kwita kw’ijambo ry’Imana rizima uzamenyeko uri kwitwara nk’umukristo utarakura mu gakiza.Iki gitondo tugize umugisha wo guhabwa impamba y’umunsi isobanura igipimo cy’ubukure bw’umukristo . Bishop Dr .Fidele Masengo,Umushumba mukuru w’amatorero ya Forsquere Gospel Church mu Rwanda umwe mu bakozi b’Imana bazwiho kugira ishyaka mu cyafasha intama aho mu kazi kenshi katoroshye aba afite bitamubuzako […]

Ikamba ryo gukiranuka-Bishop Dr. Fidele Masengo

IKAMBA RYO GUKIRANUKA (2 Tim. 4:8)“Ibisigaye mbikiwe ikamba ryo gukiranuka, iryo Umwami wacu, umucamanza utabera azampa kuri urya munsi, nyamara si jye jyenyine, ahubwo ni abakunze kuzaboneka kwe bose”. Ikamba ryo gukiranuka riri mu makamba agoye gukorera. Nta muntu warikorera ngo arigereho akoresheje imbaraga ze. Ahubwo ni ikamba duheshwa no kwizera Yesu. Isi ihemba abantu […]

Ujye wubaha So na Nyoko: Menya igisobanuro cy’amategeko 10 y’Imana nicyo avuze ku bakristo ba none-Rev.Nzabonimpa Canisius(Part 4)

Buri gihugu cyose kigira amategeko akigenga kandi yose aba ashamikiye kw’itegeko ryacyo.N’igihugu cy’ijuru abemera Imana muri Kristo Yesu bazabamo kigira amategeko yacyo, si ugupfa kugenda uko umuntu yishakiye. Akaba ari byiza ko abakristo bakongera kwibutswa ibijyanye n’amategeko agenga igihugu cy’ijuru, kuko usanga muri iyi minsi abantu benshi bitwaza ko turi mu gihe cy’ubuntu, igihe cy’imbabazi […]