Ishuri rya Authentic International Academy kicukiro ni urugero rwivugira rw’umusaruro wa Africa Haguruka

Ishuri rya Authentic International Academy kicukiro ni urugero rwivugira rw’umusaruro wa Africa Haguruka

Ishuri rya Authentic International Academy kicukiro basoje umwaka w’amashuri wa 2023-2024 kuwa gatanu tariki ya 06 Nyakanga 2024, aho batanze indangamanota ku banyeshuri, banakora graduation y’abashoje ikiciro cy’amashuri y’incuke n’icy’amashuri abanza. Mu birori bibereye ijisho, mu myiyereko yakozwe igaragaza ibyo abanyeshuri bungutse mu mwaka w’amashuri wa 2023-2024, hagaragayemo ubuhanga buhambaye kandi bushingiye ku ndangagaciro za […]

Kigali:David’ School yatangiye kwigisha gucuranga na Karate abana bari mu biruhuko

Kigali:David’ School yatangiye kwigisha gucuranga na Karate abana bari mu biruhuko

David’ School imaze imyaka 9 yigisha abana basaga 1,000 ibigendanye no gucuranga Piano, Gitari, ingoma n’imbyino za Kinyarwanda, kuri ubu yatangije isomo ry’imikino njyarugamba ya Karate byose bikazafasha abana muri ibi biruhuko. Nk’uko twabitangarijwe n’umuyobozi wa David’s School, Bwana Ntigurirwa Peter, yavuze ko bafite ubunararibonye muri gahunda yo kwigisha abana dore ko bagiye bakorera mu […]

Ibintu 5 bikomeye igiterane “Abagore twese hamwe” cya Women Foundation Ministries kimarira Umuryango Nyarwanda

Ibintu 5 bikomeye igiterane “Abagore twese hamwe” cya Women Foundation Ministries kimarira Umuryango Nyarwanda

Mu biterane ngarukamwaka bikomeye bimaze kumenyerwa harimo igiterane Abagore twese hamwe (All Women together) gitegurwa na Women Foundation Ministries. All Women together ni igiterane cy’ivugabutumwa kimaze kuba ubukombe mu Rwanda kuko muri uyu mwaka wa 2024 kiraba kibaye kunshuro yacyo ya 12 gikubiyemo ibikorwa bitandukanye bigamije gufasha abari n’abategarugori kwiremamo icyizere no kubaka umugore ubereye […]

Itangazo rya UZARIBARA John risaba guhindurwa izina.

Itangazo rya UZARIBARA John risaba guhindurwa izina.

Turamenyesha ko uwitwa UZARIBARA John mwene Mwitirehe na Uwamungu, utuye muMudugudu wa Kabeza, Akagari ka Nyamugari, Umurenge wa Mwiri, Akarere ka Kayonza, muNtara y’lburasirazuba wanditse asaba uburenganzira bwo guhinduza amazina asanganywe ariyo UZARIBARA John, akitwa UZARIBARA Aboudulkarim Darhi mu gitabo cy’irangamimerere. Impamvu atanga yo guhinduza izina ni lzina nabatijwe. Byemejwe na Musabyimana Jean ClaudeMinisitiri w’Ubutegetsi […]