Rev.Prophet Erneste akomeje gushakira Yesu iminyago mu ba Stars-Nyuma ya DJ Briane yabatije umurinzi wa Alliah Cool(Amafoto)

Rev.Prophet Erneste akomeje gushakira Yesu iminyago mu ba Stars-Nyuma ya DJ Briane yabatije umurinzi wa Alliah Cool(Amafoto)

Nkuko Yesu yabivuze muri Matayo 28:19-20 havuga ngo nuko mugende muhindure abantu bo mu mahanga yose abigishwa, mubabatiza mu izina rya Data wa twese n’Umwana n’Umwuka Wera, mubigisha kwitondera ibyo nababwiye byose. Kandi dore ndi kumwe namwe iminsi yose kugeza ku mperuka y’isi.”. Ibi Yesu yavuze nicyo kirangantego cy’Itorero rya Elayono Pentecost Church rishumbwe na […]

Apotre Mignonne Kabera yagaragaje inyungu 2 umugore akura mu giterane All Women together kigiye kuba ku nshuro ya 13

Apotre Mignonne Kabera yagaragaje inyungu 2 umugore akura mu giterane All Women together kigiye kuba ku nshuro ya 13

Ku nshuro ya 13 Women Foundation Ministries iyobowe na Apotre Mignone Kabera, yateguye igiterane cy’iminsi ine cyiswe “All Women Together” cyitezweho kubakira ubushobozi umugore haba mu buryo bw’umwuka n’umubiri. Ni giterane kizaba guhera tariki 6 – 9 Kanama 2024, kikazaba gifite insanganyamatsiko igaruka ku bantu bari indushyi ariko kuri ubu babaye abatsinzi. Biteganyijwe ko kizabera […]

Kigali: Itorero Jehovanis Prayer Family (J.P.S) / Beloya church ryateguye umuhango wo gutaha urusengero no kwimika abashumba

Kigali: Itorero Jehovanis Prayer Family (J.P.S) / Beloya church ryateguye umuhango wo gutaha urusengero no  kwimika abashumba

Itorero rya Jehovanis Prayer Family (J.P.S) / Beloya Church, ryateguye umuhango wo kwimika abakozi b’Imana, akaba ari ni umunsi iri torero rizataha urusengero ku mugaragaro n’ibindi bikorwa bitandukanye birimo kubatiza abizera bashya hamwe no gutaha ishuri ryigisha imyuga itandukanye. Ni ibikorwa biteganijwe ko bizaba ku munsi wo ku wa gatandatu, taliki 20 Nyakanga, bikazatangira ku […]

Isengesho Meddy yasengeye Perezida Kagame ryazamuye amarangamutima ya benshi

Isengesho Meddy yasengeye Perezida Kagame ryazamuye amarangamutima ya benshi

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 15 Nyakanga 2024, umuramyi Ngabo Médard Jobert wamamaye nka Meddy yafashe umwanya asabira Perezida Paul Kagame ndetse n’abazamukomokaho ibyiza biva ku Mana. Mu magambo yanditse mu rurimi rw’Icyongereza yagize ati: “Ineza ye ikubeho n’ibisekuruza igihumbi n’umuryango wawe hamwe n’abana bawe, n’abana babo, ndetse n’abana babo.” Ubu butumwa […]

Pasiteri Akim Mbarushimana arasaba abantu gutora Kagame kuko ariwe n’Imana yahisemo

Pasiteri Akim Mbarushimana arasaba abantu gutora Kagame kuko ariwe n’Imana yahisemo

Umuvugabutumwa Pasiteri Akim Mbarushimana Herman wihebeye umukandida perezida akaba na Chairman wa FPR Inkotanyi, Paul Kagame, yagaragaje ko kumutora ari ugutora ukuri no guharanira gushyigikira uwo Imana yahisemo. Uwo muvugabutumwa yabigarutseho mu kiganiro cyihariye yagiranye na IGIHE dukesha iyi nkuru, nyuma yo kwitabira ibikorwa byo kwiyamamaza by’umukandida wa FPR Inkotanyi Paul Kagame byabereye mu Karere […]

Canada:Jotham Ndanyuzwe umuhanga mu kwandika Ibitabo agiye guhabwa Inkoni ya Gishumba

Canada:Jotham Ndanyuzwe umuhanga mu kwandika Ibitabo agiye guhabwa Inkoni ya Gishumba

Jotham Ndanyuzwe usanzwe ari umwandisi w’Ibitabo akaba n’umuvugabutumwa w’umumisiyoneri, agiye kwimikwa nka Pasiteri mu birori byatumiwemo abaramyi bakunzwe cyane. Jotham Ndanyuzwe azimikwa ku mugaragaro mu muhango wiswe “Ordination Recognition Service” uzabera muri Canada tariki 03-04 Kanama 2024 mu Itorero Elevated Life Community Church riyoborwa na Pastor Rwagasore Emmanuel usanzwe ari umuramyi uririmbana n’umugore we mu […]

Roberto Firmino wakiniye Liverpool FC yabaye Pasiteri

Roberto Firmino wakiniye Liverpool FC yabaye Pasiteri

Roberto Firmino wakiniye Liverpool FC, kuri ubu akaba ari muri Al-Ahli Saudi Football Club yo muri Arabia Saoudite, yabaye umuvugabutumwa w’Itorero rya Gikirisitu ‘Manah Church’ yashinze i Maceio, muri Brésil, ari kumwe n’umugore we, Larissa Pereira. Uyu Munya-Brésil ni umwe mu bakinnyi beza bakinnye muri Shampiyona y’u Bwongereza ndetse akaba ari umwe muri ba rutahizamu […]

Itorero rya Living Faith Fellowship Community C rihagaze neza mu murage Yesu yasize(Amafoto)

Itorero rya Living Faith Fellowship Community C rihagaze neza mu murage Yesu yasize(Amafoto)

Nkuko Yesu yabivuze muri Matayo 28:19-20 havuga ngo nuko mugende muhindure abantu bo mu mahanga yose abigishwa, mubabatiza mu izina rya Data wa twese n’Umwana n’Umwuka Wera, mubigisha kwitondera ibyo nababwiye byose. Kandi dore ndi kumwe namwe iminsi yose kugeza ku mperuka y’isi.” Yesu Kristo kandi muri Yakobo 1:27 ubwo yabazwaga ibijyanye n’idini Nyakuri yasubije […]

Kigali:David’ School yatangiye kwigisha gucuranga na Karate abana bari mu biruhuko

Kigali:David’ School yatangiye kwigisha gucuranga na Karate abana bari mu biruhuko

David’ School imaze imyaka 9 yigisha abana basaga 1,000 ibigendanye no gucuranga Piano, Gitari, ingoma n’imbyino za Kinyarwanda, kuri ubu yatangije isomo ry’imikino njyarugamba ya Karate byose bikazafasha abana muri ibi biruhuko. Nk’uko twabitangarijwe n’umuyobozi wa David’s School, Bwana Ntigurirwa Peter, yavuze ko bafite ubunararibonye muri gahunda yo kwigisha abana dore ko bagiye bakorera mu […]

Nelly wahoze ari umugore wa Bull Dogg yinjiye mu ivugabutumwa,nyuma yo kurambikwaho ibiganza

Nelly wahoze ari umugore wa Bull Dogg yinjiye mu ivugabutumwa,nyuma yo kurambikwaho ibiganza

Rudatsikira Nelly wahoze ari umugore wa Bull Dogg yinjiye mu ivugabutumwa, nyuma yo kurambikwaho ibiganza n’umushumba Lea Gahindo wo mu itorero yari asanzwe asengeramo ‘Goshen Ministry’ rikorera i Nyamirambo. Ku wa Kabiri tariki 2 Nyakanga 2024 nibwo Rudatsikira Nelly yarambitsweho ibiganza n’umushumba Lea Gahindo wo mu itorero yari asanzwe asengeramo ‘Goshen Ministry’ rikorera i Nyamirambo […]