Kugira ubushake bwo gutera intambwe iva mu bikomere -Pastor Dr.Vivant Vincent de Paul
Pastor Dr.Vivant Vincent de Paul umushumba mukuru wa Power of Change Ministries yageneye abakirisitu ubutumwa bubashishikariza Kugira ubushake bwo gutera intambwe iva mu bikomere. Uyu mushumba ni umwe mumpuguke mw’ijambo ry’Imana u Rwanda n’isi bifite kuko ukurikiye neza ibyigisho bye atambutsa ku mbuga nkoranyambaga usangamo ubuhanga n’impuguro zikomeye. Yatangiye iyi nyigisho agira ati:”Umuntu wese aho […]
Ese umuntu wakoze (DIVORCE) azajya mw’ijuru ?: igisubizo cya Pastor Antoine Rutayisire
Rev.Dr.Canon Antoine Rutayisire, yavuze ko gutandukana kw’abashakanye(Divorce), ntaho bihuriye n’ijuru kuko na Bibiliya hari aho yemerera umuntu gutandukana nundi. Uyu mushumba uri mu kiruhuko cy’izabukuru, ibi yabitangarije mu rusengero rwa (Kingdom Minded Church), ruherereye mu mujyi wa (Edmonton) mu gihugu cya Canada, ubwo yari mu nyigisho zabubatse ingo, aho bagendaga banamubaza ibibazo bitandukanye bishingiye ku […]
Mbabazwa cyane no kubona Pasiteri ukorera Imana ikomeye ariko akaba umukene-Pastor Dr. Ian Tumusiime
Pastor Dr.Ian Tumusiime yavuzeko kubona umukozi w’Imana (Pasiteri) w’umukene bimubabaza cyane bikamushengura umutima bigatuma asenga Imana ngo niba ltuyikorera tukiri mw’isi ikwiye kuduha n’ibyiza byacu tugihari kuko kubaho hari iby’ingenzi bisaba. Pastor Dr.Ian Tumusiime umushumba mukuru w’itorero rya Revival Palace Nyamata akaba n’umuyobozi w’umuryango w’ivugabutumwa witwa A Light to The Nation muri Africa ibi yabigarutseho […]
Ap. Dr. Paul Gitwaza yavuze ibintu 4 abakristo bihariye
Umuyobozi wa Authentic World Ministries akaba n’Umushumba Mukuru wa Zion Temple Celebration Center ku Isi, Apôtre Dr Paul Muhirwa Gitwaza, yavuze ibintu bine bifitwe n’abakristo gusa, abandi bantu batangira amahirwe yo kubona. Apôtre Paul Gitwaza yabigarutseho mu nyigisho yatambukije kuri Shene ye ya YouTube “Dr Paul Gitwaza Official” aho asanzwe atambutsa n’izindi zitandukanye. Yatangiye avuga […]
Ibintu 7 by’ingenzi umuntu wese akwiye kumenya ku munsi w’umurimo- Bishop Dr. Fidèle Masengo
Ubwo nateguraga inyigisho ya none nibutse rimwe mu masomo nize muri Kaminuza ryitwa “Relations industrielles” ryamfashije cyane kumva amavu n’amavuko y’Umunsi Mpuzamahanga w’Umurimo twizihiza none. Ndashima Imana ko abakozi bahawe agaciro, ko imirimo y’agahato yaciwe, ko mu gihugu cyacu abakozi bafite uburenganzira. Mu gihe natekerezaga kuri uyu munsi, nafashijwe n’inkuru z’umurimo Nehemiya yakoze ubwo yasanaga […]
Umumaro wo gushima Imana mu mboni za Pasiteri Uwambaje
Umushumba w’Ururembo rwa ADEPR Rubavu, Pasiteri Uwambaje Emmanuel, yibukije abantu umumaro wo gushima Imana n’inyungu bitanga mu buzima bwabo. Pasiteri Uwambaje yabigarutseho mu nyigisho yatambukije kuri shene ye ya YouTube “Emmanuel Uwambaje”, aho asanzwe atambutsa inyigisho zitandukanye ziba zifite insanganyamatsiko igira iti “Kwizera kubeshaho”. Uyu mushumba yatangiye avuga ko gushima Imana bifite imbaraga zibyihishemo, cyane […]
Imana itanze ihumure: Apôtre Paul Gitwaza yaremye agatima abugarijwe n’ibibazo
Umuyobozi wa Authentic World Ministries akaba n’Umushumba Mukuru wa Zion Temple Celebration Center ku Isi, Apôtre Dr Paul Muhirwa Gitwaza, yahumurije abantu bari guca mu bibazo bitandukanye, ababwira ko Imana yumvise gutaka kwabo, ikaba imanuwe no kubatabara. Apôtre Paul Gitwaza yabigarutseho mu nyigisho yatambukije kuri Shene ye ya YouTube “Dr Paul Gitwaza Official”, aho yari […]
Niba warananiye Imana nayo izaguhuza n’umukobwa cyangwa umuhungu wayinaniye: Inama za Ezra Mpyisi ku rushako.
Taliki ya 27 Mutarama ku gicamunsi cyaho, niho inkuru y’incamugongo yamenyekanye ko Pastor Ezra Mpyisi yitabye Imana ku myaka 102 azize izabukuru. Uyu mukambwe akiriho yakundaga gutanga Inama n’impanuro zitandukanye ku ngingo zinyuranye, ahanini bigashingira ku inararibonye yari afite. Ubwo yari mu kiganiro kuri shene imwe ikorera kuri (youtube), yabajijwe impamvu abona ituma ingo ziki […]
Utwigishe kubara iminsi yacu, uburyo butuma dutunga imitima y’ubwenge
“Na none dore umwaka urashize kandi n’undi uratashye. Twongere twishime, tunezerwe, dushimire Imana Nyagasani ikidukomeje, tukaba tugejeje aya magingo.” Aya magambo y’indirimbo ya Orchestre Impala ni yo yari ku mutima wa buri wese wishimiye gusoza umwaka agihumeka umwuka w’abazima. “Utwigishe kubara iminsi yacu, uburyo butuma dutunga imitima y’ubwenge”.(Zaburi 90:12). Aya ni amagambo agararagara muri Bibiliya, […]
Hari irindi terambere ukeneye kugeraho muri 2024-Bishop Dr Fidele Masengo
Abaheburayo 6:1 – Ni cyo gituma dukwiriye kuba turetse guhora mu bya mbere bya Kristo, tukigira imbere ngo tugere aho dutunganirizwa rwose, twe kongera gushyiraho urufatiro ubwa kabiri ari rwo kwihana imirimo ipfuye no kwizera Imana, cyangwa ngo twongere kubigisha ibyo kubatizwa no kurambikwaho ibiganza, no kuzuka kw’abapfuye n’iby’urubanza rw’iteka. Nyuma y’iminsi mikuru ya Noeli, […]