EAR i Remera bakomeje kwiga inyigisho zahariwe gusana imiryango mu cyumweru cyahariwe iki kiciro (Amafoto)

Itorero Angilikani ry’u Rwanda (EAR) Paruwasi ya Remera riherereye mu Giporoso, ryateguye igiterane cy’abashakanye cyiswe “Back to Eden” kigamije kubyutsa no gukomeza urukundo rw’abashakanye kikba kigeze ku munsi wacyo wa gatatu. Iki giterane cyateguwe na Fathers’ Union na Mothers’ Union, giteganyijwe ku wa 20-26 Ugushyingo 2023, aho kiri kuba hagati ya saa Kumi n’Imwe n’Igice […]

Akanyamuneza n’Imbyino Gakondo mu byaranze igitaramo i Bweranganzo cya Christus Regnat-AMAFOTO.

Korali Christus Regnat yari imaze imyaka igera muri itatu idataramira abakunzi bayo,yaraye ikuriwe ingofero n’Abakristu ubwo yakoraga igitaramo “I Bweranganzo” akaba ari igitaramo kizajya kiba buri mwaka mu rwego rwo gufasha ubwoko bw’Imana kurangamira ingoma y’Ijuru. Ni igitaramo cyabaye mu ijoro ryo kuri iki cyumweru tariki 19 ugushyingo 2023 mu ihema rya Camp Kigali. Mu […]

Papa Francis yirukanye Musenyeri bapfa y’u ko arwanya Abatinganyi

Joseph Strickland, wari umushumba wa Diyosezi ya Tyler muri Leta ya Texas muri Amerika, yakuwe kuri uwo mwanya na Papa Francis nyuma y’igihe anenga politiki za Papa zirimo korohera abaryamana bahuje ibitsina. Kiliziya Gatolika yatangaje ko Musenyeri Joseph Strickland yasimbujwe Joe Vásquez. Ntabwo hatangajwe icyatumye Strickland asimbuzwa ariko muri Kamena uyu mwaka, hari intumwa Papa […]

Nanjye ndi Satani sinaha agahenge Apotre Dr.Paul Gitwaza-Ev.Sugira Steven

Umuvugabutumwa Sugira Steven yavuze ko nawe abaye ari mu mwanya wa Satani Ap.Gitwaza yamurwanya, kubera amavuta amuriho. Evangeliste SUGIRA Steven yavuzeko Impamvu satani arwanya cyane AP.Dr Paul Gitwaza aruko amubangamira Ibi yabitangaje mu kiganiro yagiranye na iyobokamana.rw, ubwo twari tumubajije umuvugabutumwa afatiraho urugero, maze nawe nta guca ku ruhande atubwira ko ari Dr.Ap.Paul Gitwaza, Umuyobozi […]

Rwamagana:Umushumba mukuru wa ADEPR yashyize ibuye ry’ifatizo kurusengero rw’akataraboneka-Amafoto

Umushumba mukuru w’itorero rya ADEPR ,Rev.Pasiteri Ndayizeye Isaie yashyize ibuye ry’ifatizo kurusengero rwa ADEPR Rwikubo mu karere ka Rwamagana ruzuzura rutwaye amafaranga y’u Rwanda Milioni 680 . Uyu muhango wabaye kuwa 11 Ugushyingo 2023,witabiriwe n’abakristo benshi bo muri iyi Paruwasi ya Rwikubo ndetse n’abashumba batandukanye n’abandi barimo umushumba w’ururembo rwa Ngoma Bwana Pasiteri Kananga Emmanuel […]

Dore ibintu biranga umuhanuzi mwiza ukoreshwa n’Imana by’ukuri-Ev.Gideon

« Ni ukuri Uwiteka Imana ntizagira icyo ikora, itabanje guhishurira abagaragu bayo b’abahanuzi ibihishwe byayo » (Amosi 3:7). Ijambo ubuhanuzi ni rya kera cyane kuko kuva kera na kare mwene muntu ahorana amatsiko yo kumenya ibizaba ejo. Amateka agaragaza ko kuva kera na kare abantu bataratangira no kwizera Imana imwe yaremwe byose, wasangaga mu mico […]

Menya byinshi kuri(White Tail Chapel), itorero basenga bambaye ubusa

Uyu munsi abarenga 80 ku ijana by’abatuye isi bar mu madini atandukanye yizera Imana ariyo yaremye byose nkuko Bibiliya ibivuga. Bitekerezwa ko kw’isi hari amdini arenga ibihumbi 4000, aho amwe muri yo afite imyemerere itandukanye n’ayandi ndetse akaba ashobora gutuma umuntu ahindura uko yitwaraga mbere yo gucengerwa niyo myemerere. Nubwo bishobora kugutangaza bitewe nuko ari […]

Rwagafiriti: Byagenze gute ngo ikitwa “Ituro ry’Umuhanuzi”gihinduke indiri y’ubwihisho ku bisambo byibisha Bibiliya

Rwagafiriti aribaza impamvu ikitwa ituro ry’umuhanuzi ryahindutse indiri y’ubwihisho bw’ibisambo byibisha Bibiliya aho bigwizaho imirongo yo mw’isezerano rya kera ibashyigikira bagacucura rubanda utwabo gusa akananenga abantu bagizwe ingaruzwamuheto n’ubuhanuzi bapfa kuyoragura batitaye kugushishoza. Imyizerere n’amadini ku bitandukanya n’ikiremwamuntu byagorana, kuko kuva mu binyejana bya kera cyane inyokomuntu ntiyajyiye ibaho idafite imyizerere runaka, cyangwa amadini atandukanye, […]

Dr.Nsabi: Kuba umunyarwenya cyangwa icyamamare ntibyakubuza gukizwa

Umunyarwenya Eric Nsabimana uzwi nka Dr.Nsabi,yavuze ko abantu bacyumva yuko iyo uri icyamamare mu kintu runaka utaba ukijiwe, ari myumvire ikwiye guhinduka kuko agakiza gatandukanye nibyo. Ibi yabitangarije mu kiganiro yagiranye na shene ya (Youtube), yitwa Nkunda Gospel, ubwo yari abajijwe niba ari umukristo. Uyu munyarwenya mu buhamya bwe avuga ko yakiriye Kristo nk’umwami n’umukiza, […]

Batangiranye Zion bakora amakosa bavamo bashinga ayabo arabananira none ngo baje kweguza Apotre Gitwaza-Ibitekerezo by’abasomyi

Hashize iminsi igera kuri 3 Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo rutangiye kuburanisha urubanza abashumba batandatu bari mu bashinze Itorero rya Zion Temple, baregamo Dr Paul Gitwaza uyobora iri torero aho bamusabira ko yakurwa ku mwanya w’ubuyobozi bw’iri torero.Ibitangazamakuru bitandukanye byavuze bindika kuri iyi nkuru ari naho abasomyi bahereye batanga ibitekerezo byabo mu buryo butandukanye. Iyobokamamana.rw nk’abakora […]