Mohammed Salah yongeye gutukwa azira kwifuriza abantu Noheri nziza

Umukinnyi w’ikipe y’igihugu ya Egypt na Liverpool, Mohammed Salah yongeye gutukwa nyuma yo kwifuriza abantu Noheri nziza abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze. Kuwa Mbere nibwo hizihizwaga Noheri hirya no hino ku Isi, abakinnyi batandukanye b’umupira w’amaguru bagiye bifashisha imbuga nkoranyambaga zabo bakifuriza abafana babo kugira Noheri nziza  ari nako baboneraho kubifuriza n’umwaka mushya Muhire. Mohammed […]

Mu mboni ya Rev.Dr.Antoine Rutayisire ngiyi impamvu Congo ihoramo ibibazo

Rev.Canon.Dr Antoine Rutayisire yavuze ibintu bitatu bituma igihugu cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo gihorana ibibazo, ndetse avuga ko umukiro wacyo n’amahoro yacyo bizagira ingaruka nziza Ku karere, ndetse na Africa yose muri rusange. Uyu mushumba ibi yabivuze mu ntangiriro z’icyi cyumweru, ubwo yarimo yigisha mu itorero rya Four Square Church, aho yatangiye avuga ko […]

Dr.Rick Warren: Imiterere y’umuyobozi Imana ikoresha(Part 2)

Icyerekezo cy’itorero ntikizigera gikura ngo gisumbe icyerekezo cy’umuyobozi waryo. Buri kintu cyose kiza kigerwaho mu isi byanze bikunze kiba gifite umuntu ugihagarariye kugira ngo kibashe kugera ku ntego zacyo, uko ni nako bimeze ku matorero, aho amatorero amwe akura ayandi aho gukura akagwingira cyangwa akagenda asubira inyuma. Nyuma yo gusoma igitabo cya Dr.Rick Warren cyitwa”Ubuyobozi […]

Kiliziya Gatolika y’u Rwanda yateye utwatsi ibyo guha umugisha ababana bahuje igitsina

 21-12-2023 – saa 19:49,  IGIHE Inama y’Abepiskopi Gatolika mu Rwanda yatangaje ko Kiliziya idashobora guha umugisha umubano w’ababana bahuje igitsina kuko byaba bivuguruza itegeko ry’Imana n’Umuco Nyarwanda. Yabinyujije mu itangazo yashyize ahagaragara kuri uyu wa 21 Ukuboza mu buryo busa n’ubuvuguruza ibikubiye mu rwandiko rwitwa Fiducia supplicans (Ukwizera kwambaza Imana) rwatangajwe n’Ibiro bya Papa Francis tariki […]

Ntabwo napfuye ndi muzima: Pastor Ezra Mpyisi yanyomoje amakuru amubika

Pastor Ezra Mpyisi yanyomoje amakuru avuga ko yitabye Imana, anavuga ko iyo agira amahirwe byari kuba impamo kuko hahirwa abapfa bapfira mu mwami. Ibi yabitangaje mu kiganiro yakoze, cyatambutse kuri shene ye ya (Youtube) yitwa ”Pastor Ezra Mpyisi Official”, aho asanzwe anyuza ibiganiro bitandukanye. Uyu musaza w’imyaka irenga 101 yavuze ko ayo makuru nawe yamugezeho […]

Amakuru y’urupfu rwa Pasiteri Ezra Mpyisi yanyomojwe

Pastor Ezra Mpyisi ni muzima bitandukanye n’amakuru yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga avuga ko yitabye Imana. Ni amakuru yatangiye gusakazwa mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki 14 Ukuboza, gusa abayakwirakwizaga bose ntibagaragaze aho yaguye, nicyo yazize. Umwe mu bantu bo hafi ya Mpyisi yabwiye IGIHE ko ibyavuzwe ari ibihuha nta kuri kurimo. Ati “Nabibonye […]

Yesu ntiyavukira mu masasu: Insengero z’i Bethlehem zakuyeho kwizihiza umunsi wa Noheli.

Insengero zose zo muri Palestine zakuyeho ibirori byose bijyanye no kwizihiza Noheli muri uyu mwaka, kubera intambara ikomeje gushyamiranya Israel n’umutwe wa Hamas. Ubuyobozi bw’umujyi wa Betlehemu bwatangaje ko ibi babikoze mu rwego rwo kwifatanya mu gahinda na Gaza, ndetse no kwamaganira kure ibikorwa byose igihugu cya Israel gikomeje gukora aho bituritsa bikanasenya byinshi aha […]

Sobanukirwa byinshi ku mubiri wa Mutagatifu Tomasi utajya ubora

Nkuko amateka abigaragaza ubwo Yesu Kristo yari ari hano ku isi mu myaka igera kuri itatu yamaze avuga ubutumwa bwiza, yari afite intumwa 12 zamufashaga umunsi ku munsi mu ivugabutumwa rye no mu ngendo ze yagendaga akora. Mu kinyejana cya mbere ubwo Yesu Kristo yari amaze gusubira mw’ijuru, intumwa ze zatangiye kuvuga ubutumwa bwiza bw’ubwami […]

(Part 1): Bibiliya ivuga iki kubijyanye no kubahiriza isabato-Rev.Nzabonimpa Canesius

Ibikubiye muri iyi nyandiko bigaragara mu gitabo cyanditswe na nyakwigendera Rev.Nzabonimpa Canesius, akaba yari umu Pasiteri mu itorero ADEPR Rwanda. Nkuko tumaze iminsi tubibagezaho mu bice byacu byabanje aho turi kubagezaho amategeko icumi y’Imana nicyo asobanuye mu buzima bw’umukristo, uyu mumunsi tugiye kubagezaho itegeko rijyanye no kubahiriza i sabato, ariko ryo rikaba rifite ibice byinshi […]

Korali Ababibyi ya ADEPR Remera yateguye igiterane cyo gushima Imana.

Korali Ababibyi ya ADEPR ururembo rwa Kigali Paruwasi ya Remera, yateguye igiterane bise ”Yaratuzahuye Live Concert”, gifite intego iri mu gitabo cya Samweli 7:12. Muri iki giterane korali Ababibyi izafatanya n’andi makorali atandukanye arimo korali Amahoro, korali Abahetsi, korali Elayono zose zibarizwa muri ADEPR Remera, hamwe na korali Holy nation ikorera umurimo w’Imana muri Paruwasi […]