Ruhango:Abasaga 300 bahindukiriye Yesu abandi bakira indwara mu giterane cya Bishop Dr.Rugagi Innocent(Amafoto)

Ruhango:Abasaga 300 bahindukiriye Yesu abandi bakira indwara mu giterane cya Bishop Dr.Rugagi Innocent(Amafoto)

Bishop Dr.Rugagi Innocent Umushumba mukuru w’amatorero y’abacunguwe yakoze Igiterane gikomeye cyasize habonetse abasaga 300 bakiriye agakiza abandi benshi bakira indwara zari zarananiranye . Uyu mushumba Kandi muri iki giterane yabwiye imbaga y’abakristo bari bateraniye aha mu karere ka Ruhango  ko abanyarwanda bakwiye gushima Imana no kwizera umutekano usesuye kuko Imana ibereye maso igihugu inyuze mu buyobozi […]

Rwanda Gospel Star Live : Rubavu yerekanye ko ari hamwe mu hari impano nyinshi zo guhangwa amaso.

Rwanda Gospel Star Live : Rubavu yerekanye ko ari hamwe mu hari impano nyinshi zo guhangwa amaso.

Kuri uyu wa 30 Werurwe,Irushanwa rya “Rwanda Gospel Stars Live season 2” ryakomereje Mu karere ka Rubavu mu ntara y’iburengerazuba ahatowe abanyempano mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana bazahatanira ibihembo by’uyu mwaka. Ni Irushanwa ryitabiriwe nabanyempano batandukanye abato ndetse n’abashesha akanguhe, aho abagera kuri 33 banyuze imbere y’akanama nkemurampaka, kari kagizwe na Mike Karangwa, […]

Gukunda Igihugu ni Ukwikunda:Theo Bosebabireba yashyize hanze indirimbo ya Police yise “Gerayo Amahoro”.

Gukunda Igihugu ni Ukwikunda:Theo Bosebabireba yashyize hanze indirimbo ya Police yise “Gerayo Amahoro”.

Theo Bose Babireba yunze mu rya Police y’u Rwanda ashishikariza abantu gutwara ibinyabiziga bigengesereye, mu rwego rwo kugabanya impanuka zihitana ubuzima bwa benshi. Umuhanzi Uwiringiyimana Theogene uzwi nka “Bosebabireba”yashize hanze indirimbo yibutsa abantu kubahiriza ibyo Police ibasaba. Iyi ndirimbo uyu muhanzi yise”Gerayo Amahoro” yumvikanamo amagambo yibutsa abantu ko kumvira bizana umugisha, bityo ko abantu bakwiriye […]

Apotre Yongwe agifungurwa yasabye Rev.Dr.Rutayisire kumubera umujyanama

Apotre Yongwe agifungurwa yasabye Rev.Dr.Rutayisire kumubera umujyanama

Umuvugabutumwa Harelimana Joseph uzwi nka Apôtre Yongwe umaze icyumweru avuye muri gereza ya Mageragere, yavuze ko agarutse mu isura nshya itandukanye n’iyo abantu bari bamuziho ndetse yemeza ko hari bikorwa bimwe na bimwe yakoraga mbere ubu yaretse burundu. Uyu muvugabutumwa warekuwe ku wa 20 Werurwe 2024 nyuma y’uko Urukiko rw’Ibanze rwa Gasabo, rumuhanishije igihano cy’igifungo […]

Tonzi na Aline Gahongayire bibutse ibihe byabo bya kera Basuka amarira

Tonzi na Aline Gahongayire bibutse ibihe byabo bya kera Basuka amarira

Aline Gahongayire yafashwe n’ikiniga ubwo yibukaga ibihe yanyuranyemo na Tonzi cyane cyane igihe yari mu bitaro agiye kwibaruka imfura. Uyu muhanzikazi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, yagarutse kuri ibi bihe mu kiganiro yagiranye na Isimbi TV yibutsa Tonzi ko hari ibihe bagiranaye adateze kwibagirwa. Aline Gahongayire iyo abara iby’iyi nkuru ahera ku byo yigiye […]

Israel Mbonyi abaye umuhanzi wa Gospel mu Rwanda wujuje Milioni y’Abamukurikira kuri YouTube

Israel Mbonyi abaye umuhanzi wa Gospel mu Rwanda wujuje Milioni y’Abamukurikira kuri YouTube

Umuhanzi w’indirimbo ziha ikuzo Imana, Israel Mbonyi ari mu byishimo bikomeye nyuma y’uko abaye umuhanzi wa Kabiri mu Rwanda ubashije kuzuza Miliyoni 1 y’abakurikira ibikorwa bye [Subscribers] ku muyoboro wa Youtube, ni mu gihe ari kwitegura gukorera ibitaramo bikomeye mu bihugu birindwi muri Afurika. Israel Mbonyi wamamaye mu ndirimbo zirimo Nina Siri’, ‘Umukunzi’ n’izindi, yageze […]

Musanze:Apotre Mignone yafashije abakobwa babyariye iwabo aha Imodoka Ev.Nyirapasika anambika ibitenge abagore 500-Amafoto

Musanze:Apotre Mignone yafashije abakobwa babyariye iwabo aha Imodoka Ev.Nyirapasika anambika ibitenge abagore 500-Amafoto

Ku wagatandatu taliki ya 16 Werurwe 2024 mu karere ka Musanze habereye igiterane gikomeye kitwa “Ninje wa mugore” gitegurwa a Women Foundation Ministries iyobowe n’intumwa y’Imana Alice Mignone Kabera wavuzeko bagiteguye mu ntego zo gukomeza kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’abagore uba kuwa 08 Werurwe buri mwaka. Apotre Mignone Kabera yabwiye abitabiriye iki giterane baturutse impande n’impande […]

Umushumba mukuru wa ADEPR yasengeye Album ya Jado Sinza mu gitaramo cyanyuze abakitabiriye(Amafoto)

Umushumba mukuru wa ADEPR yasengeye Album ya Jado Sinza mu gitaramo cyanyuze abakitabiriye(Amafoto)

Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Jado Sinza, yakoze igitaramo gikomeye cyitabiriwe n’abandi bahanzi bakunzwe n’abavugabutumwa baje kumushyigikira biganjemo abo mw’itorero rya ADEPR barangajwe imbere n’umushumba mukuru wiri torero Pasiteri Ndayizeye Isaie wanamusengeye isengesho rikomeye. Iki gitaramo cyabaye ku mugoroba wo ku wa 17 Werurwe 2024, muri Kigali Exhibition and Conference Village (KECV) ahazwi […]

Ruhango:Bishop Dr.Rugagi Innocent ateguye igiterane cy’imbaraga zo gushima yatumiyemo Theo Bosebabireba na Sauti Hewani Ministries

Ruhango:Bishop Dr.Rugagi Innocent ateguye igiterane cy’imbaraga zo gushima yatumiyemo Theo Bosebabireba na Sauti Hewani Ministries

Umukozi w’Imana Bishop Dr.Rugagi Innocent umaze kuba ikimenywa na benshi mu gukoreshwa n’Imana imirimo n’ibitangaza bikomeye ateguye igiterane gikomeye yise “Imbaraga zo Gushima”yatumiyemo abaririmbyi bakunzwe nka Theo Bosebabireba reba na Sauti Hewani Minsitries kizabera ku kibuga cyegeranye naho akarere ka Ruhango kubatse doreko muri aka karere uyu mushumba ahafite amateka akomeye. Uyu mushumba warukumbuwe cyane […]

Ngoma:Ubuyobozi bw’akarere bwashimye Ev.Dr Dana Morey kubwo kwifatanya na Leta muri Gahunda ya Gira inka-AMAFOTO

Ngoma:Ubuyobozi bw’akarere bwashimye Ev.Dr Dana Morey kubwo kwifatanya na Leta muri Gahunda ya Gira inka-AMAFOTO

Umuyobozi w’akarere Ka Ngoma wungirije ushinzwe Iterambere yashimiye umuryango wa ALN uyobowe na Ev.Dr.Dana Morey kubwo gushimangira gahunda ya Leta ya Gira inka. Ibi Bwana MAPAMBANO Nyiridandi yabivuze kuri uyu wa Gatanu taliki 16 Werurwe 2024, ubwo yashyikirizaga TUYIZERE Samuel inka yatomboreye mu giterane cy’Ivugabutumwa n’Ibitangaza kiri kubera muri aka Karere gitegurwa n’umuryango wa ALN(a […]