Jya kubibwira inka Nyabugogo mwene da-Israel Mbonyi yateranye amagambo n’umukurikira kuri x

Jya kubibwira inka Nyabugogo mwene da-Israel Mbonyi yateranye amagambo n’umukurikira kuri x

Umuhanzi w’indirimbo zihimbaza Imana, Israel Mbonyi, yateranye amagambo n’umukurikira ku rubuga rwa X rwahoze rwitwa Twitter, nyuma y’ubutumwa yari amaze kuhashyira, buburira abantu ku bigendanye no guhugura abantu ku bigendanye n’imirire ituma bagira ibiro byinshi.   Mu butumwa Umuhanzi Israel Mbonyi yashyize ku rubuga rwe rwa X, yavuze ko umuntu wagize uruhare mu kongera inyuguti […]

Apôtre Mignonne Kabera yahishuye amagambo yavuzwe na Rev. Dr. Antoine Rutayisire atajya yibagirwa

Apôtre Mignonne Kabera yahishuye amagambo yavuzwe na Rev. Dr. Antoine Rutayisire atajya yibagirwa

Umuyobozi w’Umuryango Women Foundation Ministries akaba n’Umushumba Mukuru w’Itorero Noble Family Church, Apôtre Alice Mignone Kabera, yavuze ko hari amagambo akomeye atajya yibagirwa yavuzwe na Rev. Dr. Antoine Rutayisire. Ibi yabitangaje mu materaniro yari yatumiyemo Rev. Dr. Antoine Rutayisire, aho mbere yo kumwakira yatangiye abwira abayakurikiye guharanira kuzava ku Isi hari ijambo bavuze ry’umumaro, rizajya […]

Rev. Rutayisire yateguje Apôtre Mignonne intambara zizashibuka ku mushinga wo kubaka urusengero rw’icyitegererezo

Rev. Rutayisire yateguje Apôtre Mignonne intambara zizashibuka ku mushinga wo kubaka urusengero rw’icyitegererezo

Rev. Dr. Antoine Rutayisire yabwiye Apôtre Mignonne Kabera ko umushinga afite wo kubakira Imana urusengero rugezweho ari mwiza cyane kandi ko adakwiye kuzacibwa intege n’intambara z’amagambo bizamukururira. Ibi uyu mushumba yabigarutseho ku mugoroba wo ku wa 19 Mata 2024 ubwo yari yatumiwe nk’umwigisha w’ijambo ry’Imana mu masengesho yitwa “Wirira’’ asanzwe abera muri Women Foundation Ministries […]

Igisubizo cya Apôtre Dr. Paul Gitwaza ku cyafasha umuntu kuganza imibabaro

Igisubizo cya Apôtre Dr. Paul Gitwaza ku cyafasha umuntu kuganza imibabaro

Umuyobozi wa Authentic Word Ministries akaba n’Umushumba Mukuru wa Zion Temple Celebration Center ku Isi, Apôtre Dr Paul Muhirwa Gitwaza, yavuze ko kugira ngo umuntu abashe kuba munini kuruta ibibazo, ari uko agomba kubona abona ubushobozi bw’Imana iri muri we kuruta ibibazo bimwugarije. Apôtre Paul Gitwaza yabigarutseho mu Kiganiro cye cyitwa “Ask Paul” asanzwe atambutsa […]

ADEPR igiye gutangira kwimika abagore ku nshingano z’ubupasiteri

ADEPR igiye gutangira kwimika abagore ku nshingano z’ubupasiteri

Itorero ADEPR ryemeje ko rigiye gutangira gusengera abagore no kubimika bagahabwa inshingano zo kuba abapasiteri kugira ngo na bo batange umusanzu wagutse mu ivugababutumwa. Izi mpinduka ziri mu zikubiye mu mavugurura ari gukorwa muri ADEPR hashingiwe ku busabe bw’abakristo ndetse agenda ashyirwa mu bikorwa mu bihe bitandukanye. Kuva mu 2020, ADEPR yatangiye urugendo rw’impinduka. Ni […]

Gatanya si nziza ariko hari igihe iba igisubizo-Bishop Prof. Masengo Fidèle

Gatanya si nziza ariko hari igihe iba igisubizo-Bishop Prof. Masengo Fidèle

Umushumba Mukuru w’Amatorero ya Foursquare Gospel Church mu Rwanda, Bishop Prof Fidèle Masengo, yavuze ko nubwo gutandukana kw’abashakanye yaba Imana n’abantu babyanga, ariko ko hari igihe aba ari yo nzira yonyine isigaye yatuma ibyari ugutandukana gusa, biba bibi kurushaho. Yabigarutseho mu kiganiro yagiranye na Shene ikorera kuri YouTube ya Nkunda Gospel, ubwo yari abajijwe icyo […]

Kwibuka30: Zion Temple Ntarama yibutse abazize Jenoside, abanyamadini bashishikarizwa kurwanya abakiyipfobya (Amafoto+Videwo)

Kwibuka30: Zion Temple Ntarama yibutse abazize Jenoside, abanyamadini bashishikarizwa kurwanya abakiyipfobya (Amafoto+Videwo)

Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera bwasabye abanyamadini kwigisha no gukangurira abayoboke babo gufata iya mbere mu guhangana n’abapfobya Jenoside yakorewe Abatutsi nka kimwe mu biranga itegurwa n’ishyirwa mu bikorwa ryayo. Ni ubutumwa bwatanzwe ku wa Gatandatu, tariki ya 13 Mata 2024, ubwo abakristo b’Itorero Zion Temple muri Paruwasi ya Ntarama bifatanyaga n’Abanyarwanda n’Isi muri rusange Kwibuka […]

Kwibuka30: Rev. Pst Ndayizeye Isaïe yakomoje ku ruhare rwa ADEPR mu guhangana n’ingaruka za Jenoside

Kwibuka30: Rev. Pst Ndayizeye Isaïe yakomoje ku ruhare rwa ADEPR mu guhangana n’ingaruka za Jenoside

Umushumba Mukuru wa ADEPR, Rev Pst Ndayizeye Isaïe, yagaragaje ko ibikorwa by’isanamitima n’ibijyanye no gufasha abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi biri mu byerekana uruhare rw’iri Torero mu guhangana n’ingaruka za Jenoside no komora ibikomere yateye. Ni ubutumwa yatanze ku wa 12 Mata 2024 mu kiganiro cyatambutse ku mbuga nkoranyambaga za ADEPR zirimo YouTube ndetse na Life Radio. Cyayobowe n’Umunyamakuru Hakizimana Justin. Rev Pst Ndayizeye Isaïe yavuze […]

Kwibuka 30:Ntawasenya igihugu n’itorero adahereye ku muryango-Apôtre Ndagijimana Joshua Masasu

Kwibuka 30:Ntawasenya igihugu n’itorero adahereye ku muryango-Apôtre Ndagijimana Joshua Masasu

Umushumba w’Itorero Restoration Church ku Isi, Apôtre Ndagijimana Joshua Masasu,yavuzeko Umuryango mu bitekerezo by’Imana uza imbere kuruta ibindi kuko intego zayo zose zishingiye kuri wo kandi ko n’umuntu washaka gusenya igihugu n’itorero ahera ku gusenya umuryango ari nayo ntego satani yarafite muri Jenocide yakorewe Aabatutsi muri 1994. Ibi Apôtre Ndagijimana Joshua Masasu yabigarutseho ku munsi […]

Mufti w’u Rwanda yashimiye Leta:Gen Mubarakh na Minisitiri Utumatwishima mu bitabiriye isengesho rya Eid al Fitr- AMAFOTO

Mufti w’u Rwanda yashimiye Leta:Gen Mubarakh na Minisitiri Utumatwishima mu bitabiriye isengesho rya Eid al Fitr- AMAFOTO

Mufti w’u Rwanda, Sheikh Hitimana Salim yayoboye isengesho ry’umunsi wo gusoza igisibo cy’ukwezi kwa Ramadhan ryitabiwe n’Umugaba w’Ingabo z’u Rwanda, Gen Mubarakh Muganga na Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi ,Dr .Abdallah Utumatwishima aboneraho gusabira ibyizau Rwanda. Guhera ku wa 11 Werurwe 2024 ni bwo Abayisilamu binjiye mu kwezi gutagatifRamadhan aho Umusilamu wese abasabwa kwegerana na Allah […]