Pastor Bugingo yagabweho igitero simusiga,Umurinzi we ahasiga ubuzima

Polisi yatangaje ko abagizi ba nabi bari batwaye moto barashe ku modoka ya Pasiteri Bugingo ubwo yari igeze mu gace ka Rubaga mu Mujyi wa Kampala mu ijoro ryo kuri uyu wa 2 Mutarama 2024. Mu bihe bishize mu mwaka wa 2021 havugwaga cyane itandukana rye n’umugore we wa mbere wanamuregaga kutamuha ibyo yemerewe n’inkiko […]

Pastor Ndayizeye Isaie,Umushumba mukuru wa ADEPR yatangaje ibintu 5 itorero rizashyira imbere muri 2024

Pasiteri Ndayizeye Isaie,Umushumba mukuru wa ADEPR yavuzeko umwaka wa 2024 itorero rizibanda ku ku kwita ku bintu 5 anasaba abanyetorero ko bazabishyira imbere aribyo Ijambo ry’lmana,Gusenga,Gushima Imana,Gusabana no gukorera lmana. Uyu mushumba yasabye ko igihe cyose abakristo bazajya baba bateranye cyangwa bari kumwe n’abandi bantu bitagombeye ko bari murusengero gusa bazajya bita kuri ibi bintu […]

Ubuhamya bukomeye bwa Mama Sava,Pastor Mutesi ,Bikem,Ev.Fred n’abandi ku Isezerano ry’umunsi rya Apotre Dr Paul Gitwaza

Imyaka ibaye ibiri,Intumwa y’Imana Dr Paul Gitwaza atangije iyerekwa yise “Isezerano ry’umunsi aho buri munsi agenera abantu icyanditswe kijyanye n’isezerano n’isengesho asabira abantu,benshi bakaba barahembutse cyane,bamwe bakira indwara ,abandi bakira agakiza ndetse hari nabo iri sezerano ryatumye bakira ibikomere ,abandi bakarifata nk’ubuhanuzi butavangiye bakabwizereramo Imana ikabakorera ibikomeye mu buzima bw’umwuka n’ubusanzwe. IYOBOKAMANA mu mpera z’umwaka […]

Nibishaka Théogène wagiraga ikiswe ubuhanuzi bwaciye igikuba muri Rubanda Yafunzwe

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi Nibishaka Théogène ubarizwa mu Itorero rya Pantekote ADEPR, rumukurikiranyeho ibyaha bifitanye isano no gutangaza amakuru y’ibihuha agamije guteza imvururu cyangwa imidugararo muri rubanda. Nibishaka yatawe muri yombi ku wa Kane, tariki ya 29 Ukuboza 2023, nk’uko Umuvugizi wa RIB, Dr. Murangira B. Thierry, yabihamirije itangazamakuru Uyu muhanuzi akurikiranyweho […]

Aho abandi bapfiriye niho wowe warindiwe-Bishop Dr Fidele Masengo arakwibutsa ko ufite Impamvu 7 zo gushima Imana

Bishop Dr Fidele Masengo,Umushumba mukuru w’amatorero ya Forsquere Gospel Church mu Rwanda umwe mu bakozi b’Imana bazwiho kugira ishyaka mu cyafasha intama aho mu kazi kenshi katoroshye aba afite bitamubuzako buri gitondo azinduka afata umwuko agacumba umutsima maze akuwutanga nk’impamba y’umunsi abinyujije ku mbuga ze nkoranyambaga n’iz’itorero. Uyu munsi kuwa 27 Ukuboza 2023 Uyu Mushumba […]

Umushumba mukuru wa ADEPR yasangiye n’abana Noheli atangaza ishusho ihamye itorero ribateganyiriza mu myaka 5 iri imbere-Amafoto

Pasiteri Ndayizeye Isaie umushumba mukuru w’itorero rya ADEPR yasangiye n’abana Noheli atungurwa cyane n’impano yabasanganye zirimo kuririmba ,gucuranga ,kubwiriza ijambo ry’Imana asaba abashumba kwita cyane kuri iki kiciro kuko aribo torero n’igihugu by’ejo hazaza anatangaza ishusho ihamye itorero riteganyiriza abana mu myaka 5 iri imbere . Ku wa gatandatu taliki ya 23 Ukuboza 2023 muri […]

Apotre Dr.Paul Gitwaza yimitse abashumba 35 barimo Papa wa Nkusi Arthur-Amafoto+Video

Mu birori bibereye ijisho byahuriranye n’imyieteguro ya Noeheli,Itorero Zion Temple Celebration Center mu Rwanda, ryungutse abashumba 35 baturutse mu ma Paruwasi atandukanye muri iri torero, barimo Mazimpaka Jones Kennedy, ufite impano zirimo gukina filime, akaba umubyeyi w’umunyarwenya Nkusi Arthur n’umuhanzi Sintex. Umuhango wo gusengera abapasiteri bashya wabaye kuri uyu wa 23 Ukuboza 2023, uyoborwa n’Umushumba […]

Noheli ivuze iki Ku Bakristo ? Kuki bamwe bavuga ko ari umunsi wa gipagani ? Ese Bibiliya Hari icyo iwuvugaho ?Sobanukirwa

Tariki ya 25 Ukuboza ni umunsi abakristo bose bizihiza ivuka rya Yesu/Yezu wavutse kugira ngo acungure abanyabyaha. Abakristu bose bahurira mu rusengero kugira ngo bashyire izina rya Kristu hejuru wabacunguye. Gusa nubwo hari ibihugu bimwe bifata uyu munsi nk’umunsi ukomey Kuri ubu abakristo benshi bari mu myiteguro y’umunsi mukuru wa “Noheli” wizihizwa buri tariki ya […]

Mu mboni ya Rev.Dr.Antoine Rutayisire ngiyi impamvu Congo ihoramo ibibazo

Rev.Canon.Dr Antoine Rutayisire yavuze ibintu bitatu bituma igihugu cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo gihorana ibibazo, ndetse avuga ko umukiro wacyo n’amahoro yacyo bizagira ingaruka nziza Ku karere, ndetse na Africa yose muri rusange. Uyu mushumba ibi yabivuze mu ntangiriro z’icyi cyumweru, ubwo yarimo yigisha mu itorero rya Four Square Church, aho yatangiye avuga ko […]