Umuramyi Bosco Nshuti agiye gutaramira i Burayi.
Umuhanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Bosco Nshuti, yajyiye ku mugabane w’uburayi kuri uyu mugoroba wo ku wa Mbere tariki 27 Ugushyingo 2023 muri gahunda zitandukanye zirimo ibitaramo bizazenguruka uyu mugabane. Ni ubwa mbere Bosco Nshuti agiye kuririmbira i Burayi. Nkuko yabidutangarije yavuze ko yabonye Visa ya Schengeni mu cyumweru gishize ku wa […]
Nyirasenge wa Rugaju Regaan wa RBA yasubiyemo indirimbo yaherewe mu masengesho y’ibyumweru 2-Video
Umuhanzikazi Ada Bisabo Claudine (ABC) akaba nyirasenge wa Rugaju Reagan umunyamakuru ukunzwe cyane kuri RBA mu gisata cy’imikino,uyu mubyeyi wamenyekanye mu ndirimbo zitandukanye zirimo “Witinya”, agarukanye imbaraga nyinshi mu muziki nyuma y’imyaka 5 yari amaze atawugaragaramo cyane. Ada Claudine ni izina rikomeye mu Rwanda mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana. Azwi mu ndirimbo zitandukanye […]
Umwana wa Pastor Kabandana Claver yabonye ko Ijisho ry’Imana ridahumbya yongera ibirungo mu ndirimbo “Iri maso-Video
Theophile Twagirayezu wigishije muri Kaminuza zitandukanye zirimo Mount Kenya, agarutse mu muziki nyuma y’imyaka 15 awuhagaritse, ahita asubiramo indirimbo ye “Iri Maso” ndetse avuga ko afite gahunda yo gukora Album. “Iri Maso” ni imwe mu ndirimbo ze zakunzwe cyane mu myaka yashize, akaba ari nayo mpamvu ariyo asubiyemo nyuma yo gufata umwanzuro wo kugaruka mu […]
Nta muntu numwe utari kunyurwa!!Nice Ndatabaye yambutse imipaka, ahuza imbaraga na Dr.Ipyana-Video
Umuramyi Nice Ndatabaye wamamaye mu ndirimbo “Umbereye Maso” ageze kure urugendo rwo kwagurira muzika ye ku rwego mpuzamahanga. Intambwe nshya yateye ni iyo gukorana indirimbo na Dr Ipyana waririmbye “Niseme Nini” (Baba NinaKushukuru). “Umeamua Kunipenda” ni indirimbo nshya ya Nice Ndatabaye ukorera umuziki muri Canada, akaba yarayikoranye na Dr. Ipyana ufatwa nka nimero ya mbere […]
Gasabo:Korali Gloria ya ADEPR Bibare yakoze Umukwabo mutagatifu mu bakoresha ibiyobyabwenge-Abarenga 60 barihana-Amafoto
Korali Gloria ikorera umurimo w’Imana mu itorero rya ADEPR Bibare mu rurembo rwa Kigali yasoje icyumweru kiswe ‘Gloria Evangelical Week’ cyaranzwe n’ibikorwa bitandukanye birimo Gufasha abatishoboye, Gusura Abarwayi mu Bitaro no gukora Ibiterane byasize hihannye Abantu benshi. Gloria Evangelical week yatangiye ku Italiki ya 06-12 Ugushyingo 2023 ifite intego igaragara muri Matayo 11:28 hagira hati: […]
EAR: “TURAGUSHIMA” niyo yabimburiye izindi ndirimbo nyinshi Korali Abacunguwe igiye gusohora.VIDEWO
Korali Abacunguwe ikorera umurimo w’Imana muri (EAR Kacyiru), yashyize hanze indirimbo yitwa ”Turagushima”, ndetse ivuga ko ari itangiriro ry’ibikorwa byinshi bateganya gukora mu murimo w’Imana. Ikaba ari indirimbo ivuga imirimo ikomeye Yesu Kristo akora, harimo gukiza indwara zitandukanye ndetse no gukura abantu mu byaha. Iyi ndirimbo itangira ivuga ubuhangange bwa Yesu Kristo, ndetse ko imirimo […]
Umuhanzi Janvier Izayi yibukije Abantu Umurimo Yesu yakoreye ku musaraba._VIDEWO
Umuramyi Izayi Janvier ukorera ibikorwa by’Umuziki muri Leta zunze ubumwe za Amerika, yashyize hanze indirimbo yise ‘Narabohowe’ yumvikanamo amagambo yo Gushima Imana kubwo gutanga Umwana wayo Yesu ngo acungure isi no Kwibutsa abantu umumaro w’Amaraso ya Yesu. Mu mashusho y’iyi ndirimbo itangira igaragaza Umusore ugenda mu muhanda anywa inzoga n’Itabi bigaragara ko yasinze ikarangira ahuye […]
Umuhanzikazi Lucky Rehema arahamagarira Abinginzi kumufasha kuririra itorero-Video
Umuhanzikazi Antoinette Rehema [Lucky Rehema] umaze kuba ikimenywa na benshi mu mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana yasinziriye maze bigeze mu mu gitondo aka Humana indirimbo ihamagarira abatuye Isi kuza kumufasha kuborogera itorero kuko ryanyazwe. Antoinette Rehema ni umuhanzikazi ukomeye mu muziki wa Gospel, akaba akorera umuziki muri Canada. Afite izina rikomeye mu Karere […]