Akanyamuneza n’Imbyino Gakondo mu byaranze igitaramo i Bweranganzo cya Christus Regnat-AMAFOTO.

Korali Christus Regnat yari imaze imyaka igera muri itatu idataramira abakunzi bayo,yaraye ikuriwe ingofero n’Abakristu ubwo yakoraga igitaramo “I Bweranganzo” akaba ari igitaramo kizajya kiba buri mwaka mu rwego rwo gufasha ubwoko bw’Imana kurangamira ingoma y’Ijuru. Ni igitaramo cyabaye mu ijoro ryo kuri iki cyumweru tariki 19 ugushyingo 2023 mu ihema rya Camp Kigali. Mu […]

Kugira Umuhamagaro utarize ni Ikiza naho Amashuri Adafite Umuhamagaro birema Idini-Ikiganiro kirambuye na Pst Tuyizere J.Baptiste

Hamaze igihe havugwa ibibazo mu matorero atandukanye harimo kutumvikana kubayatangiy hipe, akajagari mu nyigisho, mu buhanuzi, kutavuga rumwe ku maturo n’uburyo bw’ikoreshwa ryayo n’ibindi, kugeza ubwo Leta ibicishije muri RGB yinjira muri amwe mu matorero igafata n’ibyemezo birimo gukuraho no gushyiraho ubuyobozi, gushyiraho ibisabwa birimo n’amashuri umuntu aba yujuje ngo abe umuyobozi w’Itorero cyangwa umwigisha. […]

Korali Christus Regnat yerekanye ishusho yaho imyiteguro y’Ibweranganzo Concert Igeze -AMAFOTO

Korali Christus Regnat yo muri Kiliziya Gatolika muri Paruwasi ya Regina Pacis i Remera igeze kure imyiteguro y’igitaramo bise “i Bweranganzo”. Mu kiganiro bagiranye n’itangazamakuru bavuze ko impamvu y’iki gitaramo ari ukugirango basabane n’abakunzi babo banabereke aho Korali igeze. Iki gitaramo cy’imbaturamugabo kizaba kuri iki cyumweru taliki 19 Ugushyingo 2023 mu ihema rya KCEV(Camp Kigali) […]

Gasabo:Korali Gloria ya ADEPR Bibare yakoze Umukwabo mutagatifu mu bakoresha ibiyobyabwenge-Abarenga 60 barihana-Amafoto

Korali Gloria ikorera umurimo w’Imana mu itorero rya ADEPR Bibare mu rurembo rwa Kigali yasoje icyumweru kiswe ‘Gloria Evangelical Week’ cyaranzwe n’ibikorwa bitandukanye birimo Gufasha abatishoboye, Gusura Abarwayi mu Bitaro no gukora Ibiterane byasize hihannye Abantu benshi. Gloria Evangelical week yatangiye ku Italiki ya 06-12 Ugushyingo 2023 ifite intego igaragara muri Matayo 11:28 hagira hati: […]

Apostle Dr.Paul Gitwaza agarukanye umugoroba udasanzwe wo gushima Imana muri BK Arena

Itorero rya Zion temple Celebration Center, ZTCC riyobowe n’Intumwa y’Imana,Dr Paul Gitwaza,ryongeye gutangariza abakristo ko umugoroba w’amashimwe usoza umwaka wa 2023 twinjira muri 2024 n’ubundi uzabera muri BK Arena nkuko byagenze umwaka utaha aho abakristo bavuye imihanda yose bari bakubise buzuye iyi nzu yakira abasaga ibihumbi icumi. Ni igitaramo kizaba mw’ijro ryo kw’italiki ya 31 […]

Nanjye ndi Satani sinaha agahenge Apotre Dr.Paul Gitwaza-Ev.Sugira Steven

Umuvugabutumwa Sugira Steven yavuze ko nawe abaye ari mu mwanya wa Satani Ap.Gitwaza yamurwanya, kubera amavuta amuriho. Evangeliste SUGIRA Steven yavuzeko Impamvu satani arwanya cyane AP.Dr Paul Gitwaza aruko amubangamira Ibi yabitangaje mu kiganiro yagiranye na iyobokamana.rw, ubwo twari tumubajije umuvugabutumwa afatiraho urugero, maze nawe nta guca ku ruhande atubwira ko ari Dr.Ap.Paul Gitwaza, Umuyobozi […]

Korali Patmos yo mw’itorero ry’abadiventisiti irahamagarira abantu kuza kuyifasha kunyeganyeza intebe y’Imana mu kuyiramya

Korali Patmos ni Chorali y’Abadiventisti b’Umunsi wa Karindwi ikunzwe na benshi, ibafitiye igitaramo muri uku kwezi tariki 25/11/2023 . Iki  gitaramo kikaba kizabera kuri Kigali Convention Center ( KCC ) guhera saa 17h. Iki gitaramo cyiswe icyo kuramya Imana kurwego rwo hejuru kuburyo bizanyeganyeza intebe y’Imana igahaguruka igasuka imigisha kubazitabira iki gitaramo. Urebye imitegurirwe yacyo […]