Mugorore amajwi amarushanwa yaje-Rwanda Gospel Stars Live igarukanye impinduka zikomeye.

Irushanwa rya ‘Rwanda Gospel Stars Live 2024′ rigiye gutangizwa hashakishwa abanyempano mu kuririmba bo mu gihugu hose. Rwanda Gospel Stars Live ubusanzwe yategurwaga mu rwego rwo guhuriza hamwe abahanzi b’ibyamamare mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana. Abategura iki gikorwa, uyu mwaka bahisemo gushakisha abanyempano bashya mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana bakaba aribo […]

Ndayishimiye Christophe yaciye Amarenga y’umuhanzi wo kwitegwa mugitaramo cye cya mbere._AMAFOTO

Umuramyi Ndayishimiye Christophe uvuka mu Burundi ubu utuye mu Rwanda, yakoze igitaramo cye cya mbere aca amarenga ko ari umuhanzi wo kwitega mu minsi iri imbere, muri iki gitaramo kandi yafashe amashusho y’indirimbo umunani harimo izo yakoranye n’abahanzi nka Bosco Nshuti, Prosper Nkomezi ndetse na Irimbere Christian. Nk’uko yari amaze iminsi abyitegura, Christophe Ndayishimiye yakoze […]

Korali Ambassador yabaye iyambere kwemeza ko Izaririmba mu gitaramo cya ‘Ewangelia Easter Celebration’

Umuryango wa Bibiliya mu Rwanda hamwe n’abandi bafatanyabikorwa bawo, bateguye igitaramo cyiswe ‘Ewangelia Easter Celebration’ kikaba kizitabirwa n’abahanzi n’amakorali atandukanye aho kugeza ubu Korali Ambassador yo mw’itorero ry’Abadiventisiti yamaze kwemeza ko izasusurutsa abazitabira iki gitaramo. Iki gitaramo kizaba tariki 31 Werurwe 2024, kikazabera i Kigali mu nyubako ya BK Arena guhera saa munani z’amanywa, mu […]

Uzitabira wese azatahana Impano-Umuramyi Christophe wakuriye mu biganza bya Appolinaire yateguye igitaramo.

Umuramyi Christophe Ndayishimiye ukorera umurimo w’Imana mu Rwanda akaba yaravukiye mu Burundi, yateguye igitaramo “Aca Inzira Live Concert” giteganyijwe kuri uyu wa 18 Gashyantare 2024 akazatanga impano kuri buri wese uzitabira iki gitaramo. Mu kiganiro n’itangazamakuru cyabereye kuri Free Home Hotel, Umuramyi Christophe ari kumwe n’abo bateguranye igitaramo ndetse n’abandi bahanzi bazafatanya barimo Prosper Nkomezi, […]

Menya Amateka ya Korali Beula ya ADEPR Rwintare ikataje mu guhindurira benshi ku gukiranuka

Korali Beula ni imwe muri korali zibarizwa mu Itorero rya ADEPR Paruwase Kimihurura umudugudu wa Rwintare. Iyi Korali ikorwa ivugabutumwa binyuze mu ndirimbo no mu bindi bikorwa bitandukanye bigamije   kwamamaza ubutumwa bwiza bwa Yesu Kristo hirya no hino ku isi. Korali Beula  Amateka agaragaza ko yari Korali y’ icyumba cyakoreraga muri  zone ya Rwintare, gusa  hashingiwe kucyoamabwiriza y’itorero rya ADEPR avuga bigaragara ko iyi Koraliyatangiye mu mwaka wa 1999, kuko aribwo yabaye Korali yashyizweho n’ubuyobozi bw’Itorero  igatangira kugengwan’amabwiriza ya ADEPR. Amateka avuga ko Umudugudu wa Kimicanga (nubwo utakiriho)Ari wo wabyaye iyi Korali. Icyo gihe abantu basengeraga  mu  kimicanga  gihe  hari n’abandi batasengeraga  kimicanga  ariko bose bakagira ahantu bahurira bagasenga Imana. Icyo gihe aho bahuriraga niho hitwaga icyumba cyabaga muri zone ya Rwintare, mu 1996  nibwo Korali Beula yatangiye kuririmba muri icyo cyumba (icyo gihe ntazina yari ifite). Mu 1999 ububyutse  bwakomeje  kwiyongera mu itorero, nibwo ubuyobozi  bwabonye ko ari ngobwa ko itorero rya Kimicanga ryakwaguka  rikabyara umudugudu, basanga uwo […]

Rehoboth Well Ministries basoje “Celebration Grace Conference” bakuyemo impamba yo kwitwaza muri 2024-Amafoto

Itorero rya Rehoboth well Ministries ryasoje amasengesho y’icyumweru bise “Celebration Grace 2024” amasengesho yanizihirijwemo isabukuru y’imyaka 2 iri torero rimaze ritangiye ku mugaragaro. Mu mpera zicyumweru dusoje byari ibirori mu itorero rya Rehoboth Well Ministries, kuko ari icyumweru cyaranzwe n’ibikorwa byinshi icyarimwe birimo amasengesho, isabukuru, ndetse n’iyimikwa ry’umushumba waryo Pastor Uwimana Seraphine uzwi nka “Pastor […]

Narazikusanyije nzazimurikira rimwe zose- Prosper Nkomezi yateguje igitaramo azamurikiramo Album Ebyiri

Umuramyi Prosper Nkomezi uzwi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, ari mu myiteguro y’igitaramo cye azamurikiramo album ebyiri nshya amaze igihe akoraho. Ibi Prosper Nkomezi yabyemereye itangazamakuru nyuma yo gutangaza igitaramo cye yise ‘Nzakingura’ giteganyijwe ku wa 12 Gicurasi 2024. Ni igitaramo agiye gukora nyuma y’imyaka itanu cyane ko yaherukaga gutegura ikindi nk’iki mu […]

Gicumbi hari kubera igiterane kiri kubiba ibyiringiro mu bantu-Theo Bosebabireba na Israel Mbonyi barahabaye-Amafoto

Mu karere ka Gicumbi ahazwi nka Byumba hari kubera igiterane cy’ububyutse n’imbaraga cyateguwe n’umuryango Life Link ku bufatanye n’amatorero akorera mu karere ka Gicumbi. lki giterane kiri kubera kuri stade ya Byumba aho gifite abatumirwa 15 baturutse mu Bwongereza bayobowe na Jonathan Conrad Conrathe ari nawe mubwirizabutumwa mukuru. Abandi batanga ubuhamya bw’ aho Imana yabakuye […]

Theo Bosebabireba yagiriye inama zikomeye Israel Mbonyi agaruka ku giterane bagiye guhuriramo i Gicumbi

Theo Bosebabireba yasabye Israel Mbonyi kwirinda kuzaheranwa n’imyumvire y’Itorero rimwe ngo aribemo umuhezanguni kuko ari ibintu bishobora kugira ingaruka zikomeye ku iterambere ry’umuziki we nkuko byagiye bigendekera abandi barimo na we ubwe. Ibi Theo Bosebabireba yabikomojeho mu kiganiro cyihariye yagiranye na IGIHE dukesha iyi nkuru mbere yo guhurira mu gitaramo giteganyijwe kubera mu Karere ka […]