Rusizi:ADEPR yahagurukiye gahunda y’uburezi bufite Ireme mu bigo 316 byayo(Amafoto)

Itorero rya ADEPR rishyize imbere gahunda yo kwita kw’ireme ry’uburezi mu bigo 316 iri torero rifite hirya no hino mu gihugu nkuko byagarutsweho na Rev.Pastor Eugene Rutagarama,Umushumba mukuru wungirije w’iri torero Kuri ubu ADEPR ifite ibigo 316 birimo amashuri abanza n’ayisumbuye hirya no hino mu gihugu kandi bigira uruhare runini mu kugeza uburezi ku bana […]

Papa Francis yashinjwe kwibasira abaryamana bahuje ibitsina

Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku rwego rw’Isi, Papa Francis, ari mu mazi abira. Kuva kera yakunze kugaragara avuga abaryamana bahuje ibitsina neza, ariko muri iyi minsi imvugo yahindutse. Uyu Mushumba iri bara ngo yarikoreye mu nyubako yakira inama ya Conferenza Episcopale Italiana ya Kiliziya Gatolika mu Butaliyani, nk’uko byatangajwe na bimwe mu binyamakuru byo muri […]

Umuryango wa Patient Bizimana uri mu byishimo byo kwibaruka ubuheta

Umuryango wa Patient Bizimana ukunzwe mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana n’umugore we, Karamira Uwera Gentille wibarutse umwana w’umuhungu, akaba ubuheta muri uyu muryango utuye muri Leta Zunze za Amerika muri Leta ya Tennesse mu Mujyi wa Nashville. Mu kiganiro yagiraniro yagiranye na IGIHE, banditse iyi nkuru Patient Bizimana yahamije ko bagize umugisha umwana […]

Kirehe: Prophet Akimu n’abakirisitu be bafashije abo mu Nkambi ya Mahama gusubirana ibyiringiro by’ubuzima (Amafoto)

Itorero rya Blessing Miracle Church i Kanombe riyobowe n’umukozi w’Imana Prophet Mbarushimana Akim ryafashije abo mu nkambi ya Mahama kurushaho kugira ibyiringiro by’ubuzima aho babafashije babaha ibiribwa,ibikoresho by’isuku ndetse n’imyambaro. Iki gikorwa cy’ubugiraneza cyabaye ku munsi w’ejo taliki ya 20 Mata 2024 kibera mu karere ka Kirehe mu nkambi ya Mahama. Prophet Mbarushima Akim mu […]

Rusizi: Kwitonda Valentin yafatanyije na Danny Mutabazi gupfundikira 2023.

Umunyempano ukiri muto Kwitonda Valentin yaraye afatanyije na Danny Mutabazi guha abanyarusizi Bonane binyuze mu gitaramo yise ‘Imigambi yawe Concert’ cyabereye Rusizi ejo kuwa 30/12/2023.Iki gitaramo cyateguwe na Kwitonda Valentin cyagaragaje ko ari umuhanzi ugomba guhangwa amaso mu minsi ya mbere. Ahagana ku isaha ya saa cyenda abantu bari bateraniye muri Salle ya Hotel Gloria […]

Kigali:Bwa mbere hateguwe igiterane kizamara icyumweru kibera muri Nibature-Tanga ibyifuzo ku buntu

Iyo uvuze amasengesho ya Nibature bihita byumvikana y’amasengesho umuntu asenga yiyibye ibitotsi akabyuka agafata umwanya wo kwihererana n’Imana kuburyo hari abakristo benshi usanga buri gitondo badashobora gusiba aya masengesho kuko Imana ubwayo isaba abantu ko bakwiriye kuza bonyine bakihererana nayo. NIBATURE kandi ni ijambo rizwi mu bakristo cyane cyane abanyeshuri n’abanyamasengesho. Ni gahunda umukristo abyuka […]

Yesu ntiyavukira mu masasu: Insengero z’i Bethlehem zakuyeho kwizihiza umunsi wa Noheli.

Insengero zose zo muri Palestine zakuyeho ibirori byose bijyanye no kwizihiza Noheli muri uyu mwaka, kubera intambara ikomeje gushyamiranya Israel n’umutwe wa Hamas. Ubuyobozi bw’umujyi wa Betlehemu bwatangaje ko ibi babikoze mu rwego rwo kwifatanya mu gahinda na Gaza, ndetse no kwamaganira kure ibikorwa byose igihugu cya Israel gikomeje gukora aho bituritsa bikanasenya byinshi aha […]

EAR i Remera bakomeje kwiga inyigisho zahariwe gusana imiryango mu cyumweru cyahariwe iki kiciro (Amafoto)

Itorero Angilikani ry’u Rwanda (EAR) Paruwasi ya Remera riherereye mu Giporoso, ryateguye igiterane cy’abashakanye cyiswe “Back to Eden” kigamije kubyutsa no gukomeza urukundo rw’abashakanye kikba kigeze ku munsi wacyo wa gatatu. Iki giterane cyateguwe na Fathers’ Union na Mothers’ Union, giteganyijwe ku wa 20-26 Ugushyingo 2023, aho kiri kuba hagati ya saa Kumi n’Imwe n’Igice […]

Akanyamuneza n’Imbyino Gakondo mu byaranze igitaramo i Bweranganzo cya Christus Regnat-AMAFOTO.

Korali Christus Regnat yari imaze imyaka igera muri itatu idataramira abakunzi bayo,yaraye ikuriwe ingofero n’Abakristu ubwo yakoraga igitaramo “I Bweranganzo” akaba ari igitaramo kizajya kiba buri mwaka mu rwego rwo gufasha ubwoko bw’Imana kurangamira ingoma y’Ijuru. Ni igitaramo cyabaye mu ijoro ryo kuri iki cyumweru tariki 19 ugushyingo 2023 mu ihema rya Camp Kigali. Mu […]

Papa Francis yirukanye Musenyeri bapfa y’u ko arwanya Abatinganyi

Joseph Strickland, wari umushumba wa Diyosezi ya Tyler muri Leta ya Texas muri Amerika, yakuwe kuri uwo mwanya na Papa Francis nyuma y’igihe anenga politiki za Papa zirimo korohera abaryamana bahuje ibitsina. Kiliziya Gatolika yatangaje ko Musenyeri Joseph Strickland yasimbujwe Joe Vásquez. Ntabwo hatangajwe icyatumye Strickland asimbuzwa ariko muri Kamena uyu mwaka, hari intumwa Papa […]