Yari yarabwiwe gutegereza urupfu! Arsène Tuyi yahishuye uko indirimbo ze zakijije abantu

Yari yarabwiwe gutegereza urupfu! Arsène Tuyi yahishuye uko indirimbo ze zakijije abantu

Umuhanzi w’indirimbo zihimbaza Imana, Arsène Tuyiringire, uzwi ku izina rya Arsène Tuyi, yatanze ubuhamya ko zimwe mu ndirimbo ze zatumye bamwe mu bantu bakira indwara zikomeye nyamara bari baryamye ku bitanda bategereje urupfu. Arsène Tuyi umaze imyaka umunani akora umuziki wo kuramya no guhimbaza Imana, si umwe mu bahanzi bakunda gushyira hanze indirimbo nyinshi yaba izifite amashusho cyangwa […]

Jya kubibwira inka Nyabugogo mwene da-Israel Mbonyi yateranye amagambo n’umukurikira kuri x

Jya kubibwira inka Nyabugogo mwene da-Israel Mbonyi yateranye amagambo n’umukurikira kuri x

Umuhanzi w’indirimbo zihimbaza Imana, Israel Mbonyi, yateranye amagambo n’umukurikira ku rubuga rwa X rwahoze rwitwa Twitter, nyuma y’ubutumwa yari amaze kuhashyira, buburira abantu ku bigendanye no guhugura abantu ku bigendanye n’imirire ituma bagira ibiro byinshi.   Mu butumwa Umuhanzi Israel Mbonyi yashyize ku rubuga rwe rwa X, yavuze ko umuntu wagize uruhare mu kongera inyuguti […]

Amatariki y’Igiterane ‘Africa Haguruka’ ku nshuro ya 25 yamenyekanye

Amatariki y’Igiterane ‘Africa Haguruka’ ku nshuro ya 25 yamenyekanye

Umushumba Mukuru w’Itorero Zion Temple Celebration Center ku Isi, Intumwa Dr Paul Gitwaza, yatangaje amatariki y’igiterane cy’ububyutse cyiswe ‘Africa Haguruka’ kigiye kuba ku nshuro ya 25, atangaza iby’ingenzi bizasengerwamo. Mu butumwa Intumwa Dr Paul Gitwaza yashyize ku mbuga nkoranyambaga ze, yavuze ko Igiterane ‘Africa Haguruka’ kizatangira tariki 4 gisozwe ku wa 11 Kanama 2024. Abazacyitabira […]

NTUMPEHO_Theo Bosebabireba yasohoye indirimbo ikurira inzira ku murima abagifite Ingengabitekerezo ya Jenoside.

NTUMPEHO_Theo Bosebabireba yasohoye indirimbo ikurira inzira ku murima abagifite Ingengabitekerezo ya Jenoside.

Theo Bosebabireba umuhanzi uririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana yashyize hanze indirimbo yise ‘Ntumpeho’ ikubiyemo ubutumwa bushishikariza abantu kwima amatwi abafite ingengabitekerezo n’abapfobya Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda muri Mata 1994. Muri ibi bihe u Rwanda ndetse n’Isi yose bibuka Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994, abantu b’ingeri zitandukanye zirimo n’ubuhanzi bagenera abantu ubutumwa […]

Diamond yabwirije akoresheje Bibiliya mu giterane yari yatumiwemo na Christina Shusho

Diamond yabwirije akoresheje Bibiliya mu giterane yari yatumiwemo na Christina Shusho

Diamond Platnumz yitabiriye ibirori ahabwa umwanya yigisha akoresheje Bibiliya atitaye ko idini asengeramo rya Islam riri mu gisibo. Ni igitarane cyiswe “Shusha Nyavu” aho yari yatumiwe n’umuhanzi uririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Christina Shusho. Si Diamond wenyine witabiriye kiriya giterane kuko na Minisitiri w’Intebe wa Tanzania Kassim Majaliwa yishimiye uburyo Diamond yakoresheje Bibiliya […]

Gukuramo inda nibyo byashibutsemo inganzo y’indirimbo Ejo ni heza-Liliane Kabaganza

Gukuramo inda nibyo byashibutsemo inganzo y’indirimbo Ejo ni heza-Liliane Kabaganza

Liliane Kabaganza yahishuye ko indirimbo ye ‘Ejo ni heza’ yayanditse ayikomoye ku gahinda yahuye nako nyuma yo kwimwa ubufasha bikarangira inda yari atwite ivuyemo. Ibi Liliane Kabaganza yabigarutseho ubwo yari mu gitaramo mugenzi we Tonzi yamurikiyemo album ye ya cyenda yise ‘Respect’. Ubwo yari ageze ku rubyiniro mbere yo kuririmba iyi ndirimbo, Liliane Kabaganza yabanje […]

Impamvu ndirimba: Umuramyi Dieu Merci, yashyize hanze indirimbo yibutsa Abakristo ko mu isi atari iwabo.

Impamvu ndirimba: Umuramyi Dieu Merci, yashyize hanze indirimbo yibutsa Abakristo ko mu isi atari iwabo.

Uwihanganye Dieu Merci uzwi nka “Minister Dieu merci” yashyize hanze indirimbo yise”Impamvu ndirimba “. Iyi ndirimbo ikoze mu buryo bw’amajwi yumvikanamo amagambo y’ihumure ko nubwo iyi si irimo ibiruhije byinshi, ariko ko hari Ubugingo buhoraho ku wakiriye Yesu Kristo. Atangira agira ati”Hari impamvu ndirimba, nuko nubwo ndushywa n’isi , ntari uw’isi, ahubwo ndi umuraganwa na […]

Umuririmbyi Liliane Kabaganza yageze mu Rwanda, apfukama ku kibuga cy’indege (Amafoto)

Umuririmbyi Liliane Kabaganza yageze mu Rwanda, apfukama ku kibuga cy’indege (Amafoto)

Liliane Kabaganza witabiriye igitaramo cya Tonzi akigera ku Kibuga cy’indege cya Kigali i Kanombe yapfukamye abanza gusenga, ahamya ko ari igikorwa cyo gushimira Imana yamufashije kugera mu Rwanda amahoro. Mu kiganiro n’abanyamakuru Liliane Kabaganza usanzwe atuye muri Kenya, yavuze ko yagombaga gushimira Imana yabagejeje i Kigali amahoro. Ati “Byari ngombwa ko nshimira Imana kuko iyo […]

Nzashobozwa na Yesu-Umuramyi Laetitia Mulumba yatangiye kuririmba mururimi rwaho yaherewe Umugisha

Nzashobozwa na Yesu-Umuramyi Laetitia Mulumba yatangiye kuririmba mururimi rwaho yaherewe Umugisha

Umuramyi Laetitia Mulumba utuye mu Bufaransa yatangiye urugendo rwo kuririmba mu Gifaransa ahereye ku ndirimbo yise “Ta bonté” yavomye mu Amaganya ya Yeremiya. Laetitia Mulumba wamenyekanye mu ndirimbo zirimo “Kwizera”, akaba umugore wa Producer Gates Mulumba [Bill Gates] umwe mu bashyize itafari ku muziki wa Gospel mu Rwanda, yasohoye indirimbo nshya iri mu rurimi rw’Igifaransa […]

Umuhanzi Niyo Bosco yateye umugongo umuziki usanzwe yiyegurira Gospel

Umuhanzi Niyo Bosco yateye umugongo umuziki usanzwe yiyegurira Gospel

Niyo Bosco yamenyesheje ubuyobozi bwa KIKAC Music isanzwe imufasha mu bijyanye na muzika ko yasezeye umuziki usanzwe, yinjira mu wo kuramya no guhimbaza Imana. Kugeza ubu Niyo Bosco yamaze kumenyesha ubujyanama bwe ko uretse amashusho y’indirimbo “Ndabihiwe” aherutse gusohora, nta yindi ndirimbo isanzwe azakora. Uyu muhanzi witeguraga gusohora album ye ya mbere, yamenyesheje abamufasha mu […]