Apostle Gitwaza mu babajwe n’urupfu rwa Pastor MPYISI.

Kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 27 Mutarama 2024, hamenyekanye inkuru y’akababaro y’urupfu rw’umukambwe Pastor Ezra Mpyisi. Abantu bo mungeri zitandukanye bakomeje kugaragaza akababaro batewe n’urupfu rwe, muri bo harimo Apostle Dr Paul Gitwaza wagaragaje uko yababajwe n’uru rupfu. Abinyujije kuri Instagram Apostle Dr Paul Gitwaza yagize ati” Njye n’umuryango wanjye, hamwe na AWM/ZTCC dutewe […]

Amwe mu magambo Ezra Mpyisi yavuze atazibagirana.

Pasiteri Ezra Mpyisi iyo yavugaga, byabaga bigoranye guhisha imbavu ndetse amagambo ye yakunze guhererekanywa cyane n’abakoresha imbuga nkoranyambaga. Inshuro nyinshi yumvikanye abwiriza ahantu hatandukanye ariko abenshi bakitsa ku magambo akoresha abwiriza n’uko abantu bayakira. Mu magambo ye avuga ko mu myaka 60 yabwirizaga insengero zikuzura amafaranga bakayazana, agahabwa intebe ariko kubera ko asigaye avuga ukuri […]

Pasiteri Ezra Mpyisi yitabye Imana

Pasiteri Ezra Mpyisi yitabye Imana ku wa Gatandatu tariki 27 Mutarama, ku myaka 102 y’amavuko. Uyu mukambwe ubuzima bwe bwose yabumaze ari umubwirizabutumwa bwiza mu Itorero ry’Abadiventisti b’Umunsi wa Karindwi ari na byo byamuhesheje kuba mu Nama Nkuru y’Igihugu, yagiraga inama Umwami Mutara III Rudahigwa. Rudahigwa amaze gutanga, Mpyisi yakomeje kugira inama Umwami Kigeli V […]

Kiliziya Gatolika mu Karere yanenze u Burundi bwafashe icyemezo cyo gufunga imipaka

Abipiskopi ba Kiliziya Gatolika mu bihugu by’u Rwanda, u Burundi na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, banenze umwanzuro uherutse gufatwa wo gufunga imipaka ihuza u Burundi n’u Rwanda, basaba ababifitiye ubushobozi kubaka ibiraro bihuza abantu aho kuba ibibatanya. Babitangaje kuri uyu wa Kane mu misa yo gusabira akarere amahoro no gusoza Inama y’Urwego ruhoraho rushinzwe […]