Korali Abaragwa yashimangiye umumaro w’Imbaraga z’Imana mu gitaramo yakoze_AMAFOTO.

Korali Abaragwa yo muri ADEPR Kicukiro shell yaraye ishoje igiterane cy’ivugabutumwa cyamaze iminsi itanu. Igiterane cyagaragayemo ibihe byo guhembuka no kongera gusaba Imbaraga z’Imana. Muri iki giterane cyatangiye taliki 06 Ukuboza 2023 cyashojwe kuri icyi cyumweru taliki 10 ukuboza 2023 Korali Abaragwa yafatanyije n’ama Korali anyuranye ndetse n’abigisha batandukanye bose batanze ubutumwa bugaruka ku mbaraga […]

De Kigali: Imyiteguro y’igitaramo irarimbanyije.

Korali De Kigali yatangaje aho imyiteguro y’igitaramo bise ‘Christmas Carols’ kigiye kongera kuba nshuro yacyo ya cumi igeze. Iki kikaba ari kimwe mu bitaramo ngarukamwaka biba bitegerejwe na benshi nkuko ubuyobozi bw’iyi Korali bwabitangaje. Ni igitaramo byitezwe ko kizabera muri BK Arena ku wa 17 Ukuboza 2023. Kigiye kuba mu gihe abagize iyi korali bishimira […]

Rwagafiriti aribaza uko byagenda dusanze Imana ntaho ihuriye n’ubutunzi bwo ku Isi abenshi birirwa bayitezeho

Amafaranga yasimbuye Imana zose z’abantu ku buryo, n’imana isigaye icuruzwa (Karl Marx). Nshuti bakunzi b’ibaruwa ya Rwagafiriti muraho? Narimbakumbuye, amahoro y’Imana abane namwe. Mu minsi yashize ubwo narindi gutembera nahuye n’inshuti yanjye turicara turaganira, aho twaganiriye ku ngingo zitandukanye, ariko murabizi imwe mu ngingo ziganirwaho cyane kw’isi harimo n’imyemerere cyangwa se iyobokamana, dore ko yo […]

Dr.Rick Warren: Imiterere y’umuyobozi Imana ikoresha(Part 1)

Icyerekezo cy’itorero ntikizigera gikura ngo gisumbe icyerekezo cy’umuyobozi waryo. Buri kintu cyose kiza kigerwaho mu isi byanze bikunze kiba gifite umuntu ugihagarariye kugira ngo kibashe kugera ku ntego zacyo, uko ni nako bimeze ku matorero, aho amatorero amwe akura ayandi aho gukura akagwingira cyangwa akagenda asubira inyuma. Maze gusoma igitabo cya Dr.Rick Warren cyitwa”Ubuyobozi nyakuri”akaba […]