Itorero ry'icyumweru

umuhanzi W'icyumweru

Indirimbo Y'icyumweru

Kura ibishimwa mu bigawa amaboko y’Imana abone uko akora-Ubutumwa bw’ukwezi kwa Mata hamwe na Bishop Dr.Rugagi Innocent

Umukozi w’Imana Bishop Dr.Rugagi Innocent akaba umushumba mukuru w’amatorero y’abacunguwe yageneye ubutumwa abakristo bujyanye n’uku kwezi gushya kwa Mata aho yababwiye ko ari ukwezi ko kwigaragaza kw’Imana kuko amaboko yayo atari magufi ngo ananirwe gukora ko ahubwo icyo abantu basabwa ari ugukura ibishimwa mu bigawa.

Ibi uyu mushumba yabitangaje abinyujije ku mbuga nkoranyambaga nka https://www.facebook.com/bishoprugagi.redeemed aho uyu mukozi w’Imana yifurije abantu kuzagira ukwezi kwa kane kwiza.

Mbese hari ikinanira Uwiteka ? Amaboko ye si magufi rwose ngo ananirwe gukora.Humura igihe cy’umwaka uzabona ko uwiteka ari umunyakuri .Uku kwezi kwa kane utangiye ku kubere ukwezi kwo guhozwa n’Imana,ukwezi kw’Imbaraga nshya,ukwezi kw’izererwamo ibyiza bigiye kuza. ntuzakorwa n’Isoni. ibi biraje bisohore ubone ko Yesu agira neza. Humura.

Yeremiya 15:19 Baza kugarukira ariko wowe ntabo uzagarukira komeza wizere ImanaNi cyo gituma Uwiteka avuga atya ati “Nugaruka nzakugarura kugira ngo uhagarare imbere yanjye, kandi ibishimwa nubivana mu bigawa uzaba nk’akanwa kanjye. Bazakugarukira ariko ntuzabagarukire).

Jya Ukurikira Bishop Dr.Rugagi Innocent hano:

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *