Itorero rya Zion Temple ryemerewe na BNR gutangiza ikigo cy’Imari

Banki Nkuru y’u Rwanda yatangaje ko yeguriye  Authentic Word Ministiries /Zion Temple Celebration Center inshingano zo gucunga ikigo cy’imari cyahoze kitwa Axon Tunga Microfince Ltd ubu cyahinduriwe izina kitwa TRUST Capital –Kira Microfince Ltd kukyagitsindiye. Itangazo rya Banki Nkuru y’u Rwanda rivuga ko mbere yari yahisemo gufata mu nshingano zayo ibyo gucunga amafaranga yo mu […]

Itorero rya Zion Temple ryemerewe na BNR gutangiza ikigo cy’Imari

Itorero rya Zion Temple ryemerewe na BNR gutangiza ikigo cy’Imari

Banki Nkuru y’u Rwanda yatangaje ko yeguriye  Authentic Word Ministiries /Zion Temple Celebration Center inshingano zo gucunga ikigo cy’imari cyahoze kitwa Axon Tunga Microfince Ltd ubu cyahinduriwe izina kitwa TRUST Capital –Kira Microfince Ltd kukyagitsindiye. Itangazo rya Banki Nkuru y’u Rwanda rivuga ko mbere yari yahisemo gufata mu nshingano zayo ibyo gucunga amafaranga yo mu […]

Perezida wa Pologne Andrzej Sebastian Duda agiye gusura ubutaka butagatifu bwa Kibeho

Perezida wa Pologne Andrzej Duda na Madamu we Agata Kornhauser–Duda bategerejwe mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi itatu, aho azagirana ibiganiro na mugenzi we w’u Rwanda Paul Kagame, ndetse hakazanasinywa amasezerano y’ubufatanye hagati y’ibihugu byombi. Itangazo ryashyizwe ahagaragara n’ibiro by’umukuru w’igihugu muri Pologne rigaragaza ko Perezida w’iki gihuhu azagera i Kigali ku wa Kabiri tariki […]

Pasiteri Mpyisi yashyinguwe, hatangizwa umushinga wamwitiriwe uzajya utanga Bibiliya.

Pasiteri Ezra Mpyisi uheruka kwitaba Imana yashyinguwe, umuryango we utangiza umushinga wo kuzatanga Bibiliya wiswe “Pastor Mpyisi Bible Foundation” uzafasha muri gahunda yari yaratangije mbere y’uko y’itaba Imana. Ubwo yasezerwagaho mu rugo, bamwe mu babanye nawe, bagaragaje amarangamutima menshi bitandukanye n’iminsi yari ishize hizihizwa ubuzima bwe. Umuhango wo kumusezera witabiriwe n’abantu benshi b’ingeri zitandukanye barimo […]

Apostle Gitwaza mu babajwe n’urupfu rwa Pastor MPYISI.

Kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 27 Mutarama 2024, hamenyekanye inkuru y’akababaro y’urupfu rw’umukambwe Pastor Ezra Mpyisi. Abantu bo mungeri zitandukanye bakomeje kugaragaza akababaro batewe n’urupfu rwe, muri bo harimo Apostle Dr Paul Gitwaza wagaragaje uko yababajwe n’uru rupfu. Abinyujije kuri Instagram Apostle Dr Paul Gitwaza yagize ati” Njye n’umuryango wanjye, hamwe na AWM/ZTCC dutewe […]

Amwe mu magambo Ezra Mpyisi yavuze atazibagirana.

Pasiteri Ezra Mpyisi iyo yavugaga, byabaga bigoranye guhisha imbavu ndetse amagambo ye yakunze guhererekanywa cyane n’abakoresha imbuga nkoranyambaga. Inshuro nyinshi yumvikanye abwiriza ahantu hatandukanye ariko abenshi bakitsa ku magambo akoresha abwiriza n’uko abantu bayakira. Mu magambo ye avuga ko mu myaka 60 yabwirizaga insengero zikuzura amafaranga bakayazana, agahabwa intebe ariko kubera ko asigaye avuga ukuri […]

Ap. Dr.Paul Gitwaza azimika umushumba wa Rehoboth Well Ministries hanatangizwe igiterane cy’icyumweru.

Itorero rya Rehoboth Well Ministries ryateguye igiterane cy’ivugabutumwa gikomeye bise “Celebration Grace Conference” aho kizatangizwa ku mugaragaro mu muhango ukomeye wo gusengera umushumba mukuru w’iri torero Madame Seraphine Uwimana uzasukwaho amavuta n’intumwa y’Imana Dr.Paul Gitwaza. Iki giterane nyirizina kizatangira ku wa mbere wo kuwa 29 Ukwakira kugera Taliki ya 04 Gashyantare 2024 kikazajya kibera ahakorera […]

Bishop Dr.Rugagi innocent asanga gucukumbura ibyiswe ibyaha bya TB Josua atakiriho ari ugushinyagurira Umurambo-Video

Bishop Dr. Rugagi Innocent,Umushumba Mukuru w’Amatorero y’Abacunguwe [Redeemed Gospel Church],asanga umunyamakuru wa BBC uherutse gukora inkuru icukumbuye avugako agaragaza ibyaha Umuhanuzi TB Josua yakoze akiriho ari nko gushinyagurira Umurambo kuko nyiri ubwite adahari ngo agire icyo abivugaho. Temitope Balogun Joshua (TB Joshua) wabaye umuhanuzi w’ikimenyabose ku mugabane wa Afurika, yashinjwe ibyaha birimo gusambanya abayoboke be […]

Mbere y’Igitaramo Fortran Bigirimana yavuze umubano wihariye afitanye n’abarimo Apostle Gitwaza na James na Daniella -Photo&Video

Umuramyi Fortran Bigirimana yageze mu Rwanda aho aje mu gitaramo gikomeye tide ngo “BIRAKUMVIRA LIVE RECODING EXPERIENCE “akaba azagihuriramo na Couple ya James na Daniella, bafitanye umubano wihariye ndetse akaba yanagitumiyemo Apotre Dr.Paul Gitwaza afata nk’umubyeyi we wo mumwuka. Umuramyi Bigirimana Fortran ukomoka i Burundi ariko akaba amaze imyaka 10 atuye mu gihugu cy’u Bufaransa […]