EAR: Abasenyeri 2 bahataniye kuzakurwamo uzayobora Diyosezi ya Cyangugu
Rev. Nathan Muhutu na Rev. Mahirwe Obadias ni bo bakandida babiri batowe na Sinode ya EAR Diyosezi ya Cyangugu, aho bazashyikirizwa Inama y’Abepiskopi b’Itorero Angilikani kugira ngo nayo ikuremo umwe uzaba Musenyeri. Ku wa Gatandatu, ni bwo mu Itorero Angilikani ry’u Rwanda habaye amatora y’abakandida babiri bagomba kuzakurwamo umwe uzaba Musenyeri wa Diyosezi ya Cyangugu […]
Kirehe:Ubuyobozi bw’akarere bwashimye ALN bunataha amazu abiri uyu muryango wubakiye abatishoboye-Amafoto
Ubuyobozi bw’Akarere ka Kirehe ku bufatanye n’umuryango w’ivugabutumwa witwa A Light to the Nations (ALN), tariki 07 Werurwe 2024, batashye ku mugaragaro inzu ebyiri bubakiye abatishoboye bo mu Murenge wa Kirehe muri ako Karere ka Kirehe. Umuyobozi w’Akarere ka Kirehe, Rangira Bruno, wari witabiriye icyo gikorwa, yashimye umuryango A Light to the Nations, asaba n’abandi […]
Itorero rya Zion Temple ryemerewe na BNR gutangiza ikigo cy’Imari
Banki Nkuru y’u Rwanda yatangaje ko yeguriye Authentic Word Ministiries /Zion Temple Celebration Center inshingano zo gucunga ikigo cy’imari cyahoze kitwa Axon Tunga Microfince Ltd ubu cyahinduriwe izina kitwa TRUST Capital –Kira Microfince Ltd kukyagitsindiye. Itangazo rya Banki Nkuru y’u Rwanda rivuga ko mbere yari yahisemo gufata mu nshingano zayo ibyo gucunga amafaranga yo mu […]
Itorero rya Zion Temple ryemerewe na BNR gutangiza ikigo cy’Imari
Banki Nkuru y’u Rwanda yatangaje ko yeguriye Authentic Word Ministiries /Zion Temple Celebration Center inshingano zo gucunga ikigo cy’imari cyahoze kitwa Axon Tunga Microfince Ltd ubu cyahinduriwe izina kitwa TRUST Capital –Kira Microfince Ltd kukyagitsindiye. Itangazo rya Banki Nkuru y’u Rwanda rivuga ko mbere yari yahisemo gufata mu nshingano zayo ibyo gucunga amafaranga yo mu […]
Zion Temple igiye kubaka Arena Zion ishyireho n’uburyo buhamye bw’ivugabutumwa riciye mw’ikoranabuhanga
Ubuyobozi bwa Zion Temple Celebration Center bwatangaje ko bugiye kubaka Arena Zion izaba ifite ubushobozi bwo kwakira abantu ibihumbi 15 bicaye neza. Apostle Paul Gitwaza yabigarutseho mu mpera z’icyumweru gishize. Yavuze ko kuri Arena Zion ku musozi wiswe Hermon hazaba hari ihuzanzira (Connection Directe) kugira ngo ibibera kuri uwo musozi, Isi yose ibe ibibona ako […]
Perezida wa Pologne Andrzej Sebastian Duda agiye gusura ubutaka butagatifu bwa Kibeho
Perezida wa Pologne Andrzej Duda na Madamu we Agata Kornhauser–Duda bategerejwe mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi itatu, aho azagirana ibiganiro na mugenzi we w’u Rwanda Paul Kagame, ndetse hakazanasinywa amasezerano y’ubufatanye hagati y’ibihugu byombi. Itangazo ryashyizwe ahagaragara n’ibiro by’umukuru w’igihugu muri Pologne rigaragaza ko Perezida w’iki gihuhu azagera i Kigali ku wa Kabiri tariki […]
Pasiteri Mpyisi yashyinguwe, hatangizwa umushinga wamwitiriwe uzajya utanga Bibiliya.
Pasiteri Ezra Mpyisi uheruka kwitaba Imana yashyinguwe, umuryango we utangiza umushinga wo kuzatanga Bibiliya wiswe “Pastor Mpyisi Bible Foundation” uzafasha muri gahunda yari yaratangije mbere y’uko y’itaba Imana. Ubwo yasezerwagaho mu rugo, bamwe mu babanye nawe, bagaragaje amarangamutima menshi bitandukanye n’iminsi yari ishize hizihizwa ubuzima bwe. Umuhango wo kumusezera witabiriwe n’abantu benshi b’ingeri zitandukanye barimo […]
Apostle Gitwaza mu babajwe n’urupfu rwa Pastor MPYISI.
Kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 27 Mutarama 2024, hamenyekanye inkuru y’akababaro y’urupfu rw’umukambwe Pastor Ezra Mpyisi. Abantu bo mungeri zitandukanye bakomeje kugaragaza akababaro batewe n’urupfu rwe, muri bo harimo Apostle Dr Paul Gitwaza wagaragaje uko yababajwe n’uru rupfu. Abinyujije kuri Instagram Apostle Dr Paul Gitwaza yagize ati” Njye n’umuryango wanjye, hamwe na AWM/ZTCC dutewe […]
Amwe mu magambo Ezra Mpyisi yavuze atazibagirana.
Pasiteri Ezra Mpyisi iyo yavugaga, byabaga bigoranye guhisha imbavu ndetse amagambo ye yakunze guhererekanywa cyane n’abakoresha imbuga nkoranyambaga. Inshuro nyinshi yumvikanye abwiriza ahantu hatandukanye ariko abenshi bakitsa ku magambo akoresha abwiriza n’uko abantu bayakira. Mu magambo ye avuga ko mu myaka 60 yabwirizaga insengero zikuzura amafaranga bakayazana, agahabwa intebe ariko kubera ko asigaye avuga ukuri […]
Ap. Dr.Paul Gitwaza azimika umushumba wa Rehoboth Well Ministries hanatangizwe igiterane cy’icyumweru.
Itorero rya Rehoboth Well Ministries ryateguye igiterane cy’ivugabutumwa gikomeye bise “Celebration Grace Conference” aho kizatangizwa ku mugaragaro mu muhango ukomeye wo gusengera umushumba mukuru w’iri torero Madame Seraphine Uwimana uzasukwaho amavuta n’intumwa y’Imana Dr.Paul Gitwaza. Iki giterane nyirizina kizatangira ku wa mbere wo kuwa 29 Ukwakira kugera Taliki ya 04 Gashyantare 2024 kikazajya kibera ahakorera […]