Meddy yavuze uko yafashe umwanzuro wo kuva muri Secural Music akirundurira muri Gospel

Meddy yavuze uko yafashe umwanzuro wo kuva muri Secural Music akirundurira muri Gospel

Umuhanzi Ngabo Médard Jobert, [Meddy] wiyeguriye umuziki wo kuramya no guhimbaza Imana, yatanze ubuhamya ku rugendo rwe rwo kwiyegurira Imana ndetse asubiza abamwandikira bamubwira ko yabatengushye kubera icyemezo yafashe cyo kureka umuziki usanzwe. Ubwo Meddy yafataga icyemerezo cyo kureka umuziki wa secular hari abakurikira muzika nyarwanda bavuze ko uru ruganda ruhuye n’igihombo gikomeye ndetse atengushye […]

Igitabo”Ubuzima mumboni y’umuremyi” cyashyizwe hanze inkuru y’uwarokoye umubyeyi w’umwanditsi inyura benshi(Amafoto+Video)

Igitabo”Ubuzima mumboni y’umuremyi” cyashyizwe hanze inkuru y’uwarokoye umubyeyi w’umwanditsi inyura benshi(Amafoto+Video)

Gilbert Gatete wakoreye ibitangazamakuru bitandukanye bya Gikristo mu Rwanda yamuritse ku mugaragaro igitabo cye cya mbere yise “Ubuzima mu mboni y’Umuremyi”,atungurana yambika umudari umubyeyi we wamureze neza kuko yatumye akura yanga ivangura ry’amoko ndetse uyu mwanditsi anashima bikomeye uwahishe umubyeyi we akabasha kurukoka Jenocide yakorewe Abatutsi muri 1994. Ibiroli byo kumurika ku mugaragaro iki gitabo […]

Rev.Nathan MUHUTU yatorewe kuyobora Dioseze ya Cyangugu muri Anglicani

Rev.Nathan MUHUTU yatorewe kuyobora Dioseze ya Cyangugu muri Anglicani

Rev.Muhutu Nathan yatorewe kuyobora Dioseze ya Cyangugu mw’itorero ry’Anglicani ry’u Rwanda. Nkuko bikubiye mw’itangazo ryashyizwe hanze n’ubuyobozi bukuru bw’iri torero kuwa 29 Gicuransi 2024 rivugako uyu mushumba ariwe watorewe kuyobora iyi Dioseze ya Cyangugu akaba azarobanurwa kandi akicazwa mu ntebe y’Ubwepisikopi ku cyumweru tariki ya 1 Ukuboza 2024. Iri tangazo rigira riti :Twebwe The Most […]

Vatikani yasabye imbabazi ku magambo aherutse gutangazwa na Papa Francis

Vatikani yasabye imbabazi ku magambo aherutse gutangazwa na Papa Francis

Umushumba Mukuru wa Kiliziya Katolika ku Isi, Papa Papa Francis yasabye imbabazi nyuma y’amakuru avuga ko yakoresheje imvugo isebanya cyane ku bagabo baryamana bahuje ibitsina, avuga ko atifuzaga gusesereza abakora bene ibyo. Itangazo rya Vatican ryavuze ko, Papa atashakaga kubabaza umuntu uwo ari we wese ndetse ko asabye imbabazi abantu bakomerekejwe n’amagambo yakoresheje. Mu nama […]

AMAFOTO: Igiterane ‘Fresh Fire’ cyafunguwe ku mugaragaro

Umushumba w’Itorero Healing Center, Bishop Ntayomba Emmanuel, yafunguye ku mugaragaro igiterane Fresh Fire Conference cyateguwe n’Itorero Christ Kingdom Embassy Church, riyoborwa n’abashumba Pastor Tom na Anitha Gakumba. Igiterane Fresh Fire Conference 2024 gitegurwa nItorero Christ Kingdom Embassy, cyatangiye kuri iki cyumweru tariki 12 Gicurasi, aho iri Torero rikorera umurimo w’Imana. Umuhango wo gutangiza iki giterane […]

EAR: Abasenyeri 2 bahataniye kuzakurwamo uzayobora Diyosezi ya Cyangugu

EAR: Abasenyeri 2 bahataniye kuzakurwamo uzayobora Diyosezi ya Cyangugu

Rev. Nathan Muhutu na Rev. Mahirwe Obadias ni bo bakandida babiri batowe na Sinode ya EAR Diyosezi ya Cyangugu, aho bazashyikirizwa Inama y’Abepiskopi b’Itorero Angilikani kugira ngo nayo ikuremo umwe uzaba Musenyeri. Ku wa Gatandatu, ni bwo mu Itorero Angilikani ry’u Rwanda habaye amatora y’abakandida babiri bagomba kuzakurwamo umwe uzaba Musenyeri wa Diyosezi ya Cyangugu […]

Itorero rya Zion Temple ryemerewe na BNR gutangiza ikigo cy’Imari

Banki Nkuru y’u Rwanda yatangaje ko yeguriye  Authentic Word Ministiries /Zion Temple Celebration Center inshingano zo gucunga ikigo cy’imari cyahoze kitwa Axon Tunga Microfince Ltd ubu cyahinduriwe izina kitwa TRUST Capital –Kira Microfince Ltd kukyagitsindiye. Itangazo rya Banki Nkuru y’u Rwanda rivuga ko mbere yari yahisemo gufata mu nshingano zayo ibyo gucunga amafaranga yo mu […]

Itorero rya Zion Temple ryemerewe na BNR gutangiza ikigo cy’Imari

Itorero rya Zion Temple ryemerewe na BNR gutangiza ikigo cy’Imari

Banki Nkuru y’u Rwanda yatangaje ko yeguriye  Authentic Word Ministiries /Zion Temple Celebration Center inshingano zo gucunga ikigo cy’imari cyahoze kitwa Axon Tunga Microfince Ltd ubu cyahinduriwe izina kitwa TRUST Capital –Kira Microfince Ltd kukyagitsindiye. Itangazo rya Banki Nkuru y’u Rwanda rivuga ko mbere yari yahisemo gufata mu nshingano zayo ibyo gucunga amafaranga yo mu […]