Umunyamakuru Gilbert Gatete yinjiye mu bwanditsi bw’ibitabo

Umunyamakuru Gilbert Gatete yinjiye mu bwanditsi bw’ibitabo

Gilbert Gatete wakoreye ibitangazamakuru bitandukanye bya Gikristo mu Rwanda yinjiye mu bwanditsi aho ari kwitegura kumurika igitabo cye cya mbere yise “Ubuzima mu mboni y’Umuremyi.’’ Inkuru iri muri iki gitabo ihishura intego ya Yesu Kristo ku muntu, ko ari muri we inyokomuntu yose yagombaga guhishurirwa inkomoko nyakuri, ngo bitume abantu babaho bihuye neza n’umugambi Imana […]

Sobanukirwa: Kuki hari abavuga ko Pasika ari umuhango wa gipagani.

Sobanukirwa: Kuki hari abavuga ko Pasika ari umuhango wa gipagani.

Pasika nubwo ari umunsi wizihizwa n’abakristo benshi ku isi, gusa ntibibujije ko hari bamwe bavuga ari umuhango wa gipagani. Mu nkuru yacu turarebera hamwe ibintu bamwe mu bavuga ko Pasika ari umuhango wa gipagani bashingiraho. Ubundi Pasika ugenekereje mu kinyarwanda bishatse kuvuga(gutambuka) mu cyongereza bikaba(Pass Over). Kera mbere y’ivuka rya Yesu Kristo, Abayahudi bizihizaga uyu […]

Kuki bahora mu makimbirane ?: Sobanukirwa itandukaniro riri hagati y’abayisilamu b’aba Suni n’aba Shia.

Amateka agaragaza ko intambara zishingiye ku myemerere, arizo ntambara zimaze guhitana abantu benshi kuruta abishwe n’intambara z’isi uko ari ebyiri. Hakunze kumvikana amakimbirane mu bihugu byo mu burasirazuba bwo hagati, ashingiye ku idini ya Isilamu. Kenshi bivugwa ko ari ubushyamirane hagati y’abayisilamu b’aba suni n’abayisilamu b’aba shia. Ubundi idini ya isilamu yubakiye ku bintu bibiri; […]

Sobanukirwa byinshi ku mubiri wa Mutagatifu Tomasi utajya ubora

Nkuko amateka abigaragaza ubwo Yesu Kristo yari ari hano ku isi mu myaka igera kuri itatu yamaze avuga ubutumwa bwiza, yari afite intumwa 12 zamufashaga umunsi ku munsi mu ivugabutumwa rye no mu ngendo ze yagendaga akora. Mu kinyejana cya mbere ubwo Yesu Kristo yari amaze gusubira mw’ijuru, intumwa ze zatangiye kuvuga ubutumwa bwiza bw’ubwami […]