Kigali: Itorero Jehovanis Prayer Family (J.P.S) / Beloya church ryateguye umuhango wo gutaha urusengero no kwimika abashumba

Kigali: Itorero Jehovanis Prayer Family (J.P.S) / Beloya church ryateguye umuhango wo gutaha urusengero no  kwimika abashumba

Itorero rya Jehovanis Prayer Family (J.P.S) / Beloya Church, ryateguye umuhango wo kwimika abakozi b’Imana, akaba ari ni umunsi iri torero rizataha urusengero ku mugaragaro n’ibindi bikorwa bitandukanye birimo kubatiza abizera bashya hamwe no gutaha ishuri ryigisha imyuga itandukanye. Ni ibikorwa biteganijwe ko bizaba ku munsi wo ku wa gatandatu, taliki 20 Nyakanga, bikazatangira ku […]

Isengesho Meddy yasengeye Perezida Kagame ryazamuye amarangamutima ya benshi

Isengesho Meddy yasengeye Perezida Kagame ryazamuye amarangamutima ya benshi

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 15 Nyakanga 2024, umuramyi Ngabo Médard Jobert wamamaye nka Meddy yafashe umwanya asabira Perezida Paul Kagame ndetse n’abazamukomokaho ibyiza biva ku Mana. Mu magambo yanditse mu rurimi rw’Icyongereza yagize ati: “Ineza ye ikubeho n’ibisekuruza igihumbi n’umuryango wawe hamwe n’abana bawe, n’abana babo, ndetse n’abana babo.” Ubu butumwa […]

Ibyishimo ni byinshi kuri Dady de Maximo wahuye na Papa Francis(Amafoto)

Ibyishimo ni byinshi kuri Dady de Maximo wahuye na Papa Francis(Amafoto)

Amashimwe ni yose kuri Dady de Maximo Mwicira-Mitali wahuye n’Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Francis ndetse akamumurikira igitabo yise ‘Rwanda, un deuil impossible-Effacement et traces’ kivuga ku mateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Dady de Maximo yahuriye na Papa Francis ku rusengero rwitiriwe Mutagatifu Petero (Saint Pierre) ku wa 26 Kamena 2024. […]

Korali Alliance ya ADEPR Mayange yarase ubutwari bwa Yesu mu ndirimbo bise Wibire-Video

Korali Alliance ya ADEPR Mayange  yarase ubutwari bwa Yesu mu ndirimbo bise Wibire-Video

Korari Alliance ikorera umurimo w’Imana mw’itorero rya ADEPR Mayange ho mu urerembo rwa NgomaParoisse ya Nyabagendwa yakoze mu nganzo ishyira hanze indirimbo y’amajwi n’amashusho bise ngo “Wibire” yuje amagambo arata ubutwari bwa Yesu. Yesu we urahambaye mu b’ubu Mana bwawe urihariye kandi amaboko yawe ni magari abasha kuturamira twese nturobanura ku butoni urahambaye,Mana urarenze kandi […]

AEE yabonye umunyago ushyitse mu biterane byazengurutse ibigo by’amashuri i Kigali (Amafoto)

AEE yabonye umunyago ushyitse mu biterane byazengurutse ibigo by’amashuri i Kigali (Amafoto)

Umuryango Nyafurika w’Ivugabutumwa(AEE) wasoje ibiterane byazengurutse ibigo by’amashuri yisumbuye yo mu Mujyi wa Kigali, hashakwa abizera bashya bemera kwakira Umwami Kristo. Ibi biterane byatangiye tariki 20 Gicurasi 2024 bisozwa ku Cyumweru taliki 26 Gicurasi 2024, byasize abanyeshuri barenga ibihumbi bitanu bakiriye Yesu nk’umwami n’umukiza w’Ubugingo bwabo. Mu gihe cy’icyumweru kimwe gusa AEE Rwanda yabashije kugeza […]

Chryso Ndasingwa ariteguye cyane-Wahozeho album launch yahumuye.

Chryso Ndasingwa ariteguye cyane-Wahozeho album launch yahumuye.

Chryso Ndasingwa yavuze ko imyiteguro y’igitaramo afite mu mpere z’icyi cyumweru ayigeze Kure ndetse avuga ko yiteguye kuzakoreshwa n’Imana Ibikomeye. Kuri uyu wa Mbere taliki ya 29 Mata 2024, muri BK Arena habereye ikiganiro n’itangazamakuru cyagarutse ku myiteguro y’igitaramo cya Chryso Ndasingwa, “Wahozeho Album Launch” ndetse n’udushya two kwitega muri iki gitaramo. Nk’uko byari biteganyijwe, […]

Imana itanze ihumure: Apôtre Paul Gitwaza yaremye agatima abugarijwe n’ibibazo

Imana itanze ihumure: Apôtre Paul Gitwaza yaremye agatima abugarijwe n’ibibazo

Umuyobozi wa Authentic World Ministries akaba n’Umushumba Mukuru wa Zion Temple Celebration Center ku Isi, Apôtre Dr Paul Muhirwa Gitwaza, yahumurije abantu bari guca mu bibazo bitandukanye, ababwira ko Imana yumvise gutaka kwabo, ikaba imanuwe no kubatabara. Apôtre Paul Gitwaza yabigarutseho mu nyigisho yatambukije kuri Shene ye ya YouTube “Dr Paul Gitwaza Official”, aho yari […]

AEE: Abasaga 600 bahembukiye mu gitaramo“Kubaho ni Yesu’’cyabwirijwemo na Rev. Rutayisire (Amafoto)

AEE: Abasaga 600 bahembukiye mu gitaramo“Kubaho ni Yesu’’cyabwirijwemo na Rev. Rutayisire (Amafoto)

Abantu basaga 600 bitabiriye Igitaramo “Kubaho ni Yesu’’ banyuzwe n’indirimbo n’ubutumwa bwiza bagaburiwe binyuze mu ndirimbo zihimbaza Imana z’abahanzi n’amakorali atandukanye. Iki gitaramo cyabaye ku Cyumweru, tariki ya 24 Mata 2024, cyabereye muri UR Rukara campus, Ishami ry’Uburezi. Cyateguwe bigizwemo uruhare n’Umuryango w’Ivugabutumwa wa African Evangelistic Enterprise (AEE) Rwanda umaze iminsi ukorera ivugabutumwa hirya no […]

NTUMPEHO_Theo Bosebabireba yasohoye indirimbo ikurira inzira ku murima abagifite Ingengabitekerezo ya Jenoside.

NTUMPEHO_Theo Bosebabireba yasohoye indirimbo ikurira inzira ku murima abagifite Ingengabitekerezo ya Jenoside.

Theo Bosebabireba umuhanzi uririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana yashyize hanze indirimbo yise ‘Ntumpeho’ ikubiyemo ubutumwa bushishikariza abantu kwima amatwi abafite ingengabitekerezo n’abapfobya Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda muri Mata 1994. Muri ibi bihe u Rwanda ndetse n’Isi yose bibuka Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994, abantu b’ingeri zitandukanye zirimo n’ubuhanzi bagenera abantu ubutumwa […]