Ese ikizira cyaba kiri mu marembo ya ADEPR nkuko bamwe babivuga ? Rwagafiriti aribaza!

Ese ikizira cyaba kiri mu marembo ya ADEPR  nkuko bamwe babivuga ? Rwagafiriti aribaza!

Iyo uvuze itorero ADEPR benshi bayumva nk’itorero ry’umwuka ni hahandi kirazira koko iziririzwa hamwe bashiki bacu bishimira kwambara amajipo maremare no gusokoza agasatsi ka kimeza bagashyiramo aga kanta bakumva birabanyuze. Iyo myifatire imaze imyaka isaga 84 uhereye mu 1940 ubwo iri torero rya Pentecote ryageraga mu Rwanda kuva icyo gihe kugeza magingo aya uwo muco […]

Menya uko ibanga itorero rya Pentekote rishingiyeho ryahishuriwe bwa mbere muri ADEPR Bigutu

Menya uko ibanga itorero rya Pentekote rishingiyeho ryahishuriwe bwa mbere muri ADEPR Bigutu

Ibanga itorero rya pentekote rishingiyeho ryahishuriwe bwa mbere mu Bigutu. Ibanga rikomeye ryatumye umurimo w’Imana ukomezwa ukagera mu bice byose by’u Rwanda ni “Imbaraga z’Umwuka Wera”. Muri Paruwasi ya Bigutu niho abakristo ba mbere baherewe Umwuka Wera. Icyo  gitangaza cyasohoye  mu mwaka  wa 1948. Mbere y’umwaka wa 1948 Abanyarwanda bumvaga Umwuka wera mu magambo. Bake […]

Yakijijwe mu buryo budasanzwe: Pasiteri Julienne Kabanda yujuje imyaka 42

Yakijijwe mu buryo budasanzwe: Pasiteri Julienne Kabanda yujuje imyaka 42

Tariki ya 6 Gicurasi, ni bwo Paiteri Julienne Kabanda, umwe mu bavugabutumwa b’abagore bamaze kubaka izina mu Rwanda binyuze muri Minisiteri yashinze yitwa ‘Grace Room Ministies’, yihirizaho isabukuru y’amavuko. Pasiteri Julienne Kabiligi Kabanda yizihije isabukuru y’imyaka 42 ari ku kiriri, bitewe n’uko uyu mugore yari amaze iminsi yibarutse ubuheta. Pasiteri Julienne Kabiligi Kabanda ni umwe […]

Chryso Ndasingwa yandikiye amateka muri BK Arena (Amafoto)

Chryso Ndasingwa yandikiye amateka muri BK Arena (Amafoto)

Umuramyi Ndasingwa Chrysostome uzwi ku izina rya “Chryso” nk’izina ryubuhanzi, yaraye akoze igitaramo cy’amateka ashima ngira ko umuziki wo kuramya no guhimbaza Imana ukunzwe cyane mu rw’imisozi igihumbi. Iki gitaramo cyo kumurikiramo “Wahozeho Album Launch” cyaranzwe nubwitabire bwo ku rwego rwo hejuru, kuko inyubako ya “Bk Arena” haburaga abantu bacye cyane ngo yuzure. Ku isaha […]

EAR: Abasenyeri 2 bahataniye kuzakurwamo uzayobora Diyosezi ya Cyangugu

EAR: Abasenyeri 2 bahataniye kuzakurwamo uzayobora Diyosezi ya Cyangugu

Rev. Nathan Muhutu na Rev. Mahirwe Obadias ni bo bakandida babiri batowe na Sinode ya EAR Diyosezi ya Cyangugu, aho bazashyikirizwa Inama y’Abepiskopi b’Itorero Angilikani kugira ngo nayo ikuremo umwe uzaba Musenyeri. Ku wa Gatandatu, ni bwo mu Itorero Angilikani ry’u Rwanda habaye amatora y’abakandida babiri bagomba kuzakurwamo umwe uzaba Musenyeri wa Diyosezi ya Cyangugu […]