Igisubizo cya Apôtre Dr. Paul Gitwaza ku cyafasha umuntu kuganza imibabaro

Igisubizo cya Apôtre Dr. Paul Gitwaza ku cyafasha umuntu kuganza imibabaro

Umuyobozi wa Authentic Word Ministries akaba n’Umushumba Mukuru wa Zion Temple Celebration Center ku Isi, Apôtre Dr Paul Muhirwa Gitwaza, yavuze ko kugira ngo umuntu abashe kuba munini kuruta ibibazo, ari uko agomba kubona abona ubushobozi bw’Imana iri muri we kuruta ibibazo bimwugarije. Apôtre Paul Gitwaza yabigarutseho mu Kiganiro cye cyitwa “Ask Paul” asanzwe atambutsa […]

I Kigali hateguwe igikorwa cyo kuganira ku ngaruka za Jenoside mu miryango

I Kigali hateguwe igikorwa cyo kuganira ku ngaruka za Jenoside mu miryango

Inzobere mu Mibanire y’Abashakanye n’iy’Abantu, Pasiteri Hubert Sugira Hategekimana, yateguye umugoroba wo kuganira ku ngaruka zigera mu miryango ziturutse kuri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, binyuze mu gikorwa ngarukakwezi yise “Kigali Family Night”. Kigali Family Night ni igikorwa kiba buri kwezi, aho abantu batandukanye bahura bagasabana, bagasangira ariko baganira ku bintu bitandukanye bireba umuryango, aho […]

Mama Sava wari warambitswe impeta, yahanuriwe undi mugabo

Mama Sava wari warambitswe impeta, yahanuriwe undi mugabo

Munyana Analisa wamamaye nka Mama Sava muri filime z’uruhererekane, yahanuriwe n’Umuhanuzi Akim Mbarushimana ko azarongorwa na Niyitegeka Gratien usanzwe ari umuyobozi we muri Filime ‘Papa Sava’. Prophet Mbarushimana Akim wahanuriye Mama Sava ko azashyingiranwa na Niyitegeka Gratien basanzwe bakinana muri ‘Papa Sava’, afite Itorero Blessing Miracle Church rikorera i Kanombe. Uyu mugabo ni umwe mu […]