Gukuramo inda nibyo byashibutsemo inganzo y’indirimbo Ejo ni heza-Liliane Kabaganza

Gukuramo inda nibyo byashibutsemo inganzo y’indirimbo Ejo ni heza-Liliane Kabaganza

Liliane Kabaganza yahishuye ko indirimbo ye ‘Ejo ni heza’ yayanditse ayikomoye ku gahinda yahuye nako nyuma yo kwimwa ubufasha bikarangira inda yari atwite ivuyemo. Ibi Liliane Kabaganza yabigarutseho ubwo yari mu gitaramo mugenzi we Tonzi yamurikiyemo album ye ya cyenda yise ‘Respect’. Ubwo yari ageze ku rubyiniro mbere yo kuririmba iyi ndirimbo, Liliane Kabaganza yabanje […]

Ni biba ngombwa n’intore zizayoba: Rwagafiriti araburira Abakristo bashiturwa n’ubuhanuzi n’ibitangaza gusa.

Ni biba ngombwa n’intore zizayoba: Rwagafiriti araburira Abakristo bashiturwa n’ubuhanuzi n’ibitangaza gusa.

Ndabasuhuje nshuti bavandimwe duhuje umugambi wo kujya mu bwami bw’ijuru. Nk’ibisanzwe ni Rwagafirita ubatashya Amahoro Imana itanga abane namwe. Mw’ibaruwa yanjye uyu munsi nifuje ko tuganira kuri amwe mu matorero hano mu Rwanda ndetse no ku isi muri rusange, agaragaramo icyitwa ibitangaza n’ibimenyetso gusa, nyamara wakumva inyigisho zigishwamo ukumva ntaho zaganisha Umukristo mu gukura ngo […]