Korali Ambassador yabaye iyambere kwemeza ko Izaririmba mu gitaramo cya ‘Ewangelia Easter Celebration’

Umuryango wa Bibiliya mu Rwanda hamwe n’abandi bafatanyabikorwa bawo, bateguye igitaramo cyiswe ‘Ewangelia Easter Celebration’ kikaba kizitabirwa n’abahanzi n’amakorali atandukanye aho kugeza ubu Korali Ambassador yo mw’itorero ry’Abadiventisiti yamaze kwemeza ko izasusurutsa abazitabira iki gitaramo. Iki gitaramo kizaba tariki 31 Werurwe 2024, kikazabera i Kigali mu nyubako ya BK Arena guhera saa munani z’amanywa, mu […]

Uzitabira wese azatahana Impano-Umuramyi Christophe wakuriye mu biganza bya Appolinaire yateguye igitaramo.

Umuramyi Christophe Ndayishimiye ukorera umurimo w’Imana mu Rwanda akaba yaravukiye mu Burundi, yateguye igitaramo “Aca Inzira Live Concert” giteganyijwe kuri uyu wa 18 Gashyantare 2024 akazatanga impano kuri buri wese uzitabira iki gitaramo. Mu kiganiro n’itangazamakuru cyabereye kuri Free Home Hotel, Umuramyi Christophe ari kumwe n’abo bateguranye igitaramo ndetse n’abandi bahanzi bazafatanya barimo Prosper Nkomezi, […]

Menya Amateka ya Korali Beula ya ADEPR Rwintare ikataje mu guhindurira benshi ku gukiranuka

Korali Beula ni imwe muri korali zibarizwa mu Itorero rya ADEPR Paruwase Kimihurura umudugudu wa Rwintare. Iyi Korali ikorwa ivugabutumwa binyuze mu ndirimbo no mu bindi bikorwa bitandukanye bigamije   kwamamaza ubutumwa bwiza bwa Yesu Kristo hirya no hino ku isi. Korali Beula  Amateka agaragaza ko yari Korali y’ icyumba cyakoreraga muri  zone ya Rwintare, gusa  hashingiwe kucyoamabwiriza y’itorero rya ADEPR avuga bigaragara ko iyi Koraliyatangiye mu mwaka wa 1999, kuko aribwo yabaye Korali yashyizweho n’ubuyobozi bw’Itorero  igatangira kugengwan’amabwiriza ya ADEPR. Amateka avuga ko Umudugudu wa Kimicanga (nubwo utakiriho)Ari wo wabyaye iyi Korali. Icyo gihe abantu basengeraga  mu  kimicanga  gihe  hari n’abandi batasengeraga  kimicanga  ariko bose bakagira ahantu bahurira bagasenga Imana. Icyo gihe aho bahuriraga niho hitwaga icyumba cyabaga muri zone ya Rwintare, mu 1996  nibwo Korali Beula yatangiye kuririmba muri icyo cyumba (icyo gihe ntazina yari ifite). Mu 1999 ububyutse  bwakomeje  kwiyongera mu itorero, nibwo ubuyobozi  bwabonye ko ari ngobwa ko itorero rya Kimicanga ryakwaguka  rikabyara umudugudu, basanga uwo […]

Rehoboth Well Ministries basoje “Celebration Grace Conference” bakuyemo impamba yo kwitwaza muri 2024-Amafoto

Itorero rya Rehoboth well Ministries ryasoje amasengesho y’icyumweru bise “Celebration Grace 2024” amasengesho yanizihirijwemo isabukuru y’imyaka 2 iri torero rimaze ritangiye ku mugaragaro. Mu mpera zicyumweru dusoje byari ibirori mu itorero rya Rehoboth Well Ministries, kuko ari icyumweru cyaranzwe n’ibikorwa byinshi icyarimwe birimo amasengesho, isabukuru, ndetse n’iyimikwa ry’umushumba waryo Pastor Uwimana Seraphine uzwi nka “Pastor […]

Korali Ambassador yabaye iyambere kwemeza ko Izaririmba mu gitaramo cya ‘Ewangelia Easter Celebration’

Korali Ambassador yabaye iyambere kwemeza ko Izaririmba mu gitaramo cya ‘Ewangelia Easter Celebration’

Umuryango wa Bibiliya mu Rwanda hamwe n’abandi bafatanyabikorwa bawo, bateguye igitaramo cyiswe ‘Ewangelia Easter Celebration’ kikaba kizitabirwa n’abahanzi n’amakorali atandukanye aho kugeza ubu Korali Ambassador yo mw’itorero ry’Abadiventisiti yamaze kwemeza ko izasusurutsa abazitabira iki gitaramo. Iki gitaramo kizaba tariki 31 Werurwe 2024, kikazabera i Kigali mu nyubako ya BK Arena guhera saa munani z’amanywa, mu […]

Menya Amateka ya Korali Beula ya ADEPR Rwintare ikataje mu guhindurira benshi ku gukiranuka

Menya Amateka ya Korali Beula ya ADEPR Rwintare ikataje mu guhindurira benshi ku gukiranuka

Korali Beula ni imwe muri korali zibarizwa mu Itorero rya ADEPR Paruwase Kimihurura umudugudu wa Rwintare. Iyi Korali ikorwa ivugabutumwa binyuze mu ndirimbo no mu bindi bikorwa bitandukanye bigamije   kwamamaza ubutumwa bwiza bwa Yesu Kristo hirya no hino ku isi. Korali Beula  Amateka agaragaza ko yari Korali y’ icyumba cyakoreraga muri  zone ya Rwintare, gusa  hashingiwe kucyoamabwiriza y’itorero rya ADEPR avuga bigaragara ko iyi Koraliyatangiye mu mwaka wa 1999, kuko aribwo yabaye Korali yashyizweho n’ubuyobozi bw’Itorero  igatangira kugengwan’amabwiriza ya ADEPR. Amateka avuga ko Umudugudu wa Kimicanga (nubwo utakiriho)Ari wo wabyaye iyi Korali. Icyo gihe abantu basengeraga  mu  kimicanga  gihe  hari n’abandi batasengeraga  kimicanga  ariko bose bakagira ahantu bahurira bagasenga Imana. Icyo gihe aho bahuriraga niho hitwaga icyumba cyabaga muri zone ya Rwintare, mu 1996  nibwo Korali Beula yatangiye kuririmba muri icyo cyumba (icyo gihe ntazina yari ifite). Mu 1999 ububyutse  bwakomeje  kwiyongera mu itorero, nibwo ubuyobozi  bwabonye ko ari ngobwa ko itorero rya Kimicanga ryakwaguka  rikabyara umudugudu, basanga uwo […]