Indirimbo ya Meddy na Adrien Misigaro yasohotse_Video

Umuhanzi Ngabo Medard uzwi nka Meddy ubu ubarizwa mu gihugu cya Amerika yashyize hanze indirimbo yise ‘Niyo ndirimbo’ yafatanyije na Adrien Misigaro. Meddy uherutse gusezerera indirimbo z’isi (Secular Music) akiyegurira Imana, ashyize hanze iyi ndirimbo nyuma y’umwaka 1 asohoye iyo yise Grateful. Zose yazikoreye ku mugabane wa Amerika. Iyi ndirimbo “Niyo ndirimbo” yumvikanamo amagambo yo […]

Umuramyi Fortrand Bigirimana na Apostle Gitwaza babwiranye ineza ya buri wese ku wundi mu gitaramo cy’amateka-Video

Umuramyi Fortrand Bigirimana ukomoka mu gihugu cy’Uburundi yashimiye Apostle Dr Paul Gitwaza kubwo kumuba hafi mu bikorwa bye, anavuga uko Apostle Dr Gitwaza yabaye umubyeyi w’abantu bose. Ibi uyu muhanzi yabitangaje mu ijoro ryakeye ryo ku wa 14 Mutarama 2024 ubwo yataramiraga abakunzi b’umuziki wo kuramya no guhimbaza Imana mu gitaramo yise “Birakwumvira” cyabereye muri […]

Musenyeri Edouard Sinayobye yabujije abakirisitu gupfukamira ishusho ya Padiri Ubald Rugirangoga

Umwepisikopi wa Diyosezi Gatolika ya Cyangugu, Musenyeri Edouard Sinayobye, yabujije abakirisitu gupfukamira ishusho ya Padiri Ubald Rugirangoga. Iyi shusho (ikibumbano) iherereye ku gasozi kiswe ‘Ibanga ry’Amahoro’ mu Murenge wa Gihundwe, Akarere ka Rusizi, yatashywe tariki ya 7 Mutarama 2024, nyuma y’imyaka itatu Padiri Ubald yitabye Imana. Musenyeri Sinayobye yasobanuye ko kureba iyi shusho bizajya bifasha […]