Umushumba mukuru wa ADEPR yasangiye n’abana Noheli atangaza ishusho ihamye itorero ribateganyiriza mu myaka 5 iri imbere-Amafoto

Pasiteri Ndayizeye Isaie umushumba mukuru w’itorero rya ADEPR yasangiye n’abana Noheli atungurwa cyane n’impano yabasanganye zirimo kuririmba ,gucuranga ,kubwiriza ijambo ry’Imana asaba abashumba kwita cyane kuri iki kiciro kuko aribo torero n’igihugu by’ejo hazaza anatangaza ishusho ihamye itorero riteganyiriza abana mu myaka 5 iri imbere . Ku wa gatandatu taliki ya 23 Ukuboza 2023 muri […]

Mohammed Salah yongeye gutukwa azira kwifuriza abantu Noheri nziza

Umukinnyi w’ikipe y’igihugu ya Egypt na Liverpool, Mohammed Salah yongeye gutukwa nyuma yo kwifuriza abantu Noheri nziza abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze. Kuwa Mbere nibwo hizihizwaga Noheri hirya no hino ku Isi, abakinnyi batandukanye b’umupira w’amaguru bagiye bifashisha imbuga nkoranyambaga zabo bakifuriza abafana babo kugira Noheri nziza  ari nako baboneraho kubifuriza n’umwaka mushya Muhire. Mohammed […]

Apotre Dr.Paul Gitwaza yimitse abashumba 35 barimo Papa wa Nkusi Arthur-Amafoto+Video

Mu birori bibereye ijisho byahuriranye n’imyieteguro ya Noeheli,Itorero Zion Temple Celebration Center mu Rwanda, ryungutse abashumba 35 baturutse mu ma Paruwasi atandukanye muri iri torero, barimo Mazimpaka Jones Kennedy, ufite impano zirimo gukina filime, akaba umubyeyi w’umunyarwenya Nkusi Arthur n’umuhanzi Sintex. Umuhango wo gusengera abapasiteri bashya wabaye kuri uyu wa 23 Ukuboza 2023, uyoborwa n’Umushumba […]

Hari irindi terambere ukeneye kugeraho muri 2024-Bishop Dr Fidele Masengo

Abaheburayo 6:1 – Ni cyo gituma dukwiriye kuba turetse guhora mu bya mbere bya Kristo, tukigira imbere ngo tugere aho dutunganirizwa rwose, twe kongera gushyiraho urufatiro ubwa kabiri ari rwo kwihana imirimo ipfuye no kwizera Imana, cyangwa ngo twongere kubigisha ibyo kubatizwa no kurambikwaho ibiganza, no kuzuka kw’abapfuye n’iby’urubanza rw’iteka. Nyuma y’iminsi mikuru ya Noeli, […]