Ariko dufite ubwo butunzi mu nzabya z’ibumba-Ev.Mugisha

Ariko dufite ubwo butunzi mu nzabya z’ibumba, kugira ngo imbaraga zisumba byose zibe iz’Imana zidaturutse kuri twe.(2 Abakorinto 4:7). Aya ni amagambo ari muri bibiliya atwibutsa ko dukwiye guhora duca bugufi imbere y’abantu ndetse n’imbere y’Imana kuko tumeze nk’inzabya zibumba. Urwabya ubundi ni igikoresho gikoze mu ibumba, aho kifashishwaga kera mu guteka ibintu bitandukanye. Kubera […]