Rwagafiriti: Byagenze gute ngo ikitwa “Ituro ry’Umuhanuzi”gihinduke indiri y’ubwihisho ku bisambo byibisha Bibiliya

Rwagafiriti aribaza impamvu ikitwa ituro ry’umuhanuzi ryahindutse indiri y’ubwihisho bw’ibisambo byibisha Bibiliya aho bigwizaho imirongo yo mw’isezerano rya kera ibashyigikira bagacucura rubanda utwabo gusa akananenga abantu bagizwe ingaruzwamuheto n’ubuhanuzi bapfa kuyoragura batitaye kugushishoza. Imyizerere n’amadini ku bitandukanya n’ikiremwamuntu byagorana, kuko kuva mu binyejana bya kera cyane inyokomuntu ntiyajyiye ibaho idafite imyizerere runaka, cyangwa amadini atandukanye, […]

Dr.Nsabi: Kuba umunyarwenya cyangwa icyamamare ntibyakubuza gukizwa

Umunyarwenya Eric Nsabimana uzwi nka Dr.Nsabi,yavuze ko abantu bacyumva yuko iyo uri icyamamare mu kintu runaka utaba ukijiwe, ari myumvire ikwiye guhinduka kuko agakiza gatandukanye nibyo. Ibi yabitangarije mu kiganiro yagiranye na shene ya (Youtube), yitwa Nkunda Gospel, ubwo yari abajijwe niba ari umukristo. Uyu munyarwenya mu buhamya bwe avuga ko yakiriye Kristo nk’umwami n’umukiza, […]