10 Feb, 2024

Itorero Angilikani ry’u Rwanda (EAR) Paruwasi ya Remera riherereye mu Giporoso, ryateguye igiterane cy’abashakanye cyiswe “Back to Eden” kigamije kubyutsa no gukomeza urukundo rw’abashakanye kikba kigeze ku munsi wacyo wa gatatu. Iki giterane cyateguwe na Fathers’ Union na Mothers’ Union, giteganyijwe ku wa 20-26 Ugushyingo 2023, aho kiri kuba hagati ya saa Kumi n’Imwe n’Igice na saa Mbili z’umugoroba(17h30-20h00).

Latest Post