Twirinde ubuhezanguni nk’ubw’Abafarisayo! Pst Tuyizere Jean Baptiste yavuze ku bitabo bizabumburwa ku munsi w’urubanza

Twirinde ubuhezanguni nk’ubw’Abafarisayo! Pst Tuyizere Jean Baptiste yavuze ku bitabo bizabumburwa ku munsi w’urubanza

Muri iki gihe usanga abantu bajya impaka ku birebana n’Ijuru, abazarijyamo n’ikizashingirwaho, rimwe narimwe, bamwe bakabishyiramo ubuhezanguni bw’idini, ubujiji ubutamenya n’imyumvire micye n’ibindi. Kumva kamere y’Imana  n’urukundo rwayo bijyendanye n’urubanza rwanyuma bisiga benshi abandi bakumvako imyemerere yabo, ibyo bizera aribyo Imana izashingiraho iciraho iteka abandi batizera kimwe nabo, bakumva ko aribo bazajya mu ijuru abandi […]

Perezida Kagame yacyebuye abibwira ko Imana izabamanurira manu ntacyo bakoze

Perezida Kagame yacyebuye abibwira ko Imana izabamanurira manu ntacyo bakoze

Perezida Kagame yacyebuye abakristo bibwira ko Imana izabaha ibyo bakeneye byose mu gihe bo ntacyo babashije gukora mu buryo butuma babona ibyo bakeneye, abihuza n’abifuza ko Leta igira icyo ibamarira nyamara nabo batayishyigikira. Ibi Umukuru w’Igihugu yabibwiye abagera ku 7500 babarizwa mu Rubyiruko rw’Abakorerabushake baturutse mu turere twose tw’Igihugu, bahuriye muri BK Arena mu birori […]

Mgr Laurent Mbanda yavuze ku cyatumye Umuryango GAFCON ayoboye utitabira inama yimakaza ‘ubutinganyi’ i Roma

Mgr Laurent Mbanda yavuze ku cyatumye Umuryango GAFCON ayoboye utitabira inama yimakaza ‘ubutinganyi’ i Roma

Umuyobozi Mukuru w’Umuryango ugamije gukomeza no guha imbaraga inyigisho z’ijambo ry’Imana ‘GAFCON’ ku Isi, Musenyeri Laurent Mbanda, yatangaje ko umuryango ayoboye witandukanyije n’ibyavuye mu nama yabereye i Roma, yateguwe n’Umuryango w’Itorero Angilikani ku Isi wa Canterbury batavuga rumwe. Umuryango wa GAFCON ugamije gukomeza no guha imbaraga inyigisho z’ijambo ry’Imana, washyizweho mu mwaka ushize wa 2023, […]

Ese ikizira cyaba kiri mu marembo ya ADEPR nkuko bamwe babivuga ? Rwagafiriti aribaza!

Ese ikizira cyaba kiri mu marembo ya ADEPR  nkuko bamwe babivuga ? Rwagafiriti aribaza!

Iyo uvuze itorero ADEPR benshi bayumva nk’itorero ry’umwuka ni hahandi kirazira koko iziririzwa hamwe bashiki bacu bishimira kwambara amajipo maremare no gusokoza agasatsi ka kimeza bagashyiramo aga kanta bakumva birabanyuze. Iyo myifatire imaze imyaka isaga 84 uhereye mu 1940 ubwo iri torero rya Pentecote ryageraga mu Rwanda kuva icyo gihe kugeza magingo aya uwo muco […]

Yakijijwe mu buryo budasanzwe: Pasiteri Julienne Kabanda yujuje imyaka 42

Yakijijwe mu buryo budasanzwe: Pasiteri Julienne Kabanda yujuje imyaka 42

Tariki ya 6 Gicurasi, ni bwo Paiteri Julienne Kabanda, umwe mu bavugabutumwa b’abagore bamaze kubaka izina mu Rwanda binyuze muri Minisiteri yashinze yitwa ‘Grace Room Ministies’, yihirizaho isabukuru y’amavuko. Pasiteri Julienne Kabiligi Kabanda yizihije isabukuru y’imyaka 42 ari ku kiriri, bitewe n’uko uyu mugore yari amaze iminsi yibarutse ubuheta. Pasiteri Julienne Kabiligi Kabanda ni umwe […]

AEE Rwanda yasubiye kureba imibereho y’umwuka ku bakiriye agakiza mu giterane yakoreye muri UR-Nyarugenge

AEE Rwanda yasubiye kureba imibereho y’umwuka ku bakiriye agakiza mu giterane yakoreye muri UR-Nyarugenge

Umuryango Nyafurika w’Ivugabutumwa, AEE, wahuye n’abizera bashya babonetse mu giterane uherutse gukorera muri Kaminuza y’u Rwanda, Ishami ry’Ikoranabuhanga, UR-Nyarugenge campus ahazwi nka KIST. Ku wa 24 Werurwe 2024 ni bwo AEE yakoreye igitaramo mu ihema rya Camp Kigali (KCEV), cyasize habonetse abizera bashya 30. Nyuma y’igihe gito, aba bakijijwe abagize uyu muryango w’ivugabutumwa bagiye kubasura […]

Ngibi ibintu 10 mu biranga Apotre Alice Mignonne Kabera byatumye Iyobokamana imuha Ururabo rw’ishimwe

Ngibi ibintu 10 mu biranga Apotre Alice Mignonne Kabera byatumye Iyobokamana imuha Ururabo rw’ishimwe

Binyuze muri gahunda IYOBOKAMANA MEDIA GROUP(iyobokamana tv&iyobokamana.rw) tugira yo gushimira abakozi b’Imana bakiriho twise ngo “Muhe ururabo rwe akibasha kurwihumuriza” twashimiye Intumwa y’Imana Alice Mignonne Kabera umuyobozi mukuru wa Womene Foundation Ministries akaba n’umushumba wa Noble Family Church hagendewe ku bintu 10 byatowe muri byinshi akora mu murimo w’Imana. Nkuko ijambo ry’Imana ribivuga muri Yohana […]

Pst Liliose Tayi na Rev. Dr. Rutayisire basubije abashidikanya kugira umugore pasiteri

Pst Liliose Tayi na Rev. Dr. Rutayisire basubije abashidikanya kugira umugore pasiteri

Rev. Dr. Antoine Rutayisire na Pasiteri Liliose Tayi bahuje imyumvire yo kunenga abantu bashidikanya ku cyemezo cyo kugira umugore umushumba cyangwa pasiteri mu itorero. Babigarutseho ku wa Mbere, tariki ya 29 Mata 2024, mu mahugurwa yatangiwe mu Itorero EAR yahujwe n’ibiganiro by’abakozi b’Imana batandukanye aho basobanuriwe ibijyanye n’imiyoborere, amategeko mu iyobokamana n’ibintu bitanu bikunda kugusha […]

ADEPR yadohoye! Itorero rya Ntora ryatumiye abahanzi b’ayandi madini mu giterane cya Pantekote

ADEPR yadohoye! Itorero rya Ntora ryatumiye abahanzi b’ayandi madini mu giterane cya Pantekote

“Icyakora muzahabwa imbaraga Umwuka Wera nabamanukira, kandi muzaba abagabo bo kumpamya i Yerusalemu n’i Yudaya yose n’i Samariya, no kugeza ku mpera y’Isi.” Aya magambo ari mu Gitabo cy’Ibyakozwe n’Intumwa 1:8, ahavugwa inkuru y’ibyo Yesu yabwiye intumwa ze, mbere y’uko azamurwa mu Ijuru. Aya magambo yavuzwe ku Munsi wa Pantekote, uwo abakristo bemera ndetse bakawizihizaho […]