Impamvu 4 zatumye abakirisitu bijundika ibirori by’Imikino Olempike y’i Paris

Impamvu 4 zatumye  abakirisitu bijundika ibirori by’Imikino Olempike y’i Paris

Abakirisitu bari hirya no hino ku Isi ntibishimiye ibikorwa byaranze Imikino Olempike iri kubera i Paris mu Bufaransa, nyuma yo kubona ibirori bitangiza iyi mikino birimo ibibangamiye imyemerere yabo. Bimwe mu byo abakirisitu banenga bavuga ko basuzuguwe cyane kuko abateguye imyiyereko itangiza iyi mikino bubahutse Yesu Kirisitu , hakorwa n’imigenzo bavuga ko ari isingiza ibigirwamana […]

Mu kwizihiza isabukuru y’imyaka 25 y’Afurika Haguruka hazamurikwa igitabo kibumbiyemo ejo na none n’ahazaza h’Afurika

Mu kwizihiza isabukuru y’imyaka 25 y’Afurika Haguruka hazamurikwa igitabo kibumbiyemo ejo na none n’ahazaza h’Afurika

Umuryango Authentic Word Ministries ubarizwamo itorero rya Zion Temple Celebration Center bagiye kwizihiza isabukuru y’imyaka 25 iri torero rimaze ndetse ari nayo igiterane cya ‘Afurika Haguruka’ kimaze kiba aho muri uyu mwaka hazamurikirwamo igitabo gikubiyemo ejo hashize(Past) ,uyu munsi(Present) n’ahazaza h’iki giterane Iki giterane kizatangizwa ku wa 4 Kanama kugeza ku wa 11 Kanama 2024 […]

Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu asobanuye impamvu Leta iri gukora umukwabo mu nsengero

Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu asobanuye impamvu Leta iri gukora umukwabo mu nsengero

Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu yatangaje  ko gufunga insengero zitujuje ibisabwa biri gukorwa mu rwego rwo kubahiriza amategeko igihugu kigenderaho kandi hagamijwe umutekano w’Umunyarwanda. Bimwe mu bishingirwaho muri iri genzura riri gukorwa, harimo kureba ko urusengero rufite ibyangombwa by’iyandikwa bitangwa na RGB, icyemezo cy’imikoranire n’Akarere mu gihe hafunguwe ishami, kureba niba inyubako y’urusengero yujuje ibisabwa biteganywa n’amategeko […]

Itorero umuriro wa Pentecote ryiyomoye kuri ADEPR ryahagarikiwe ibikorwa byose na RGB ibaziza guteza igikuba muri rubanda

Itorero umuriro wa Pentecote ryiyomoye kuri ADEPR ryahagarikiwe ibikorwa byose na RGB ibaziza guteza igikuba muri rubanda

Urwego rw’igihugu rw’Imiyoborere (RGB), rwahagaritse ibikorwa by’Itorero Umuriro wa Pentekote mu Rwanda, kubera ibibazo by’imikorere bitandukanye birimo Gucamo ibice no kubiba amacakubiri n’amakimbirane by’urudaca mu bakristo ndetse no kwigisha inyigisho ziyobya zidindiza iterambere ry’abaturage. Iyo uvuze itorero umuriro wa Pentecote benshi bibuka Agakombe muri ADEPR kuko ryabayeho nyuma yuko Pasiteri Majyambere Joseph wahoze ari umushumba […]