AEE yabonye umunyago ushyitse mu biterane byazengurutse ibigo by’amashuri i Kigali (Amafoto)

Umuryango Nyafurika w’Ivugabutumwa(AEE) wasoje ibiterane byazengurutse ibigo by’amashuri yisumbuye yo mu Mujyi wa Kigali, hashakwa abizera bashya bemera kwakira Umwami Kristo. Ibi biterane byatangiye tariki 20 Gicurasi 2024 bisozwa ku Cyumweru taliki 26 Gicurasi 2024, byasize abanyeshuri barenga ibihumbi bitanu bakiriye Yesu nk’umwami n’umukiza w’Ubugingo bwabo. Mu gihe cy’icyumweru kimwe gusa AEE Rwanda yabashije kugeza […]

Menya byinshi kuri Sheikh Musa Sindayigaya watorewe kuyobora Abayisilamu

Ku Cyumweru tariki 26 Gicurasi 2024, Abahagarariye Umuryango w’Abayisilamu mu Rwanda (RMC) batoye abayobozi bashya, Sheikh Musa Sindayigaya aba ari we ugirirwa icyizere cyo kuba Mufti mushya w’u Rwanda mu matora yabaye ari we mukandida wenyine. Sheikh Sindayigaya mbere yari ageretse na Mufti ucyuye igihe, Sheikh Salim Hitimana wari ku buyobozi guhera mu 2016, ariko […]

Imbamutima za BIKEM na Jane Uwimana banyuzwe n’umunsi wa mbere wa”Evening Glory”

Umuramyi BIKEM afatanije na Jane Uwimana batangije”Evening Glory”, bishimira umusaruro babonye ku nshuro ya mbere. Ni gahunda yatangiye kuri iki cyumweru dusoje taliki 26 Gicurasi 2024, akaba ari gahunda igamije gufasha abantu basohokera muri za Hotel zitandukanye, gusoza icyumweru baramya Imana ndetse banahimbaza Imana. Ku nshuro ya mbere aba baramyi bakoreye kuri Hoteli Igitego iherereye […]

Musenyeri Laurent Mbanda yavuze ku musimbura we n’igihe azasoreza ikivi cye.

Umwepisikopi Mukuru w’Itorero Angilikani mu Rwanda akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Ihuriro ry’Amatorero ya Angilikani ku Isi ‘GAFCON’, Musenyeri Laurent Mbanda, yavuze ko adatewe impungenge z’uzamusimbura mu gihe azaba asoje ikivi cye mu 2026. Musenyeri Laurent Mbanda yagiye ku mwanya wo kuyobora Itorero rya Angilikani mu 2018, asimbuye Musenyeri Onesphore Rwaje wimitswe mu mwaka wa 2011. Ubwo […]

Bugesera:Hasengewe Igihugu n’amatora,Abanyamadini bibutswa umwenda bafitiye Imana(Amafoto)

Kuri iki cyumweru  impuzamatorero zigize imirenge 15 y’akarere ka Bugesera bakoze ibiterane byo gusengera igihugu n’amatora y’ubuyobozi ateganijwe maze abanyamadini bibutswa ko Abanyarwanda babereyeko Imana umweda wo guhora bashimira ibyo yadukoreye. Ibibiterane mu mirenge itandukanye byagiye bibera aho umurenge wari wateguye ariyo mpamvu umurenge wa Nyamata igiterane nkiki cyabereye muri La Parise Hotel ahari hateraniye  abayobozi b’Amadini […]

Adrien Misigaro yacyeje Israël Mbonyi bakoranye indirimbo

Umuhanzi w’Indirimbo zihimbaza Imana utuye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Adrien Misigaro, yacyeje mugenzi we Israël Mbonyi bakoranye indirimbo, nyuma y’igihe kinini batekereza kuri uyu mushinga. Indirimbo ya Adrien Misigaro yafatanyijemo na Israël Mbonyi yitwa ‘Nkurikira’ yasohotse ku gicamunsi cyo kuri iki Cyumweru, isohokana n’amashusho yayo ku rubuga rwa YouTube rw’uyu muhanzi. Mu butumwa […]