Ngiri isano ubuzima Pastor Jotham Ndanyuzwe yakuriyemo bikamuviramo kuba umwanditsi mwiza w’ibitabo Nyobokamana

Nakuriye mu muryango w’abakristo no mu idini aho twabwirwaga ko gusenga no gukora ibyiza byafatwaga nk’ishingiro rya gakiza. Kuva nkiri umwana, nabwiwe ko gusenga gukora Imirimo bizampesha ijuru. Nakuriye mu idini, kandi mfite uburere bwiza. Nemeraga rwose ko nugendera muri ibyo neza, uzagororerwa ijuru, kuko ari byo twigishijwe ndetse na n’ubu biracyigishwa. Natekerezaga ko agakiza […]
Nyamasheke:Ihuriro ry’Ababyeyi bashinze Kaminuza ya Kibogora Polytechnic ryandikiye Ibaruwa ikomeye Musenyeri wa Methodiste (EMLR) bamenyesha Perezida wa Repubulika

Haciye iminsi itari mike hari ubwumvikane buke hagati y’ihuriro ry’Ababyeyi ryitwa Association des Parents Methodistes Libres pour la Promotion de l’Education (APMLPE) na Methodiste Libre batumvikana kubijyanye na nyiri shuri rya Kaminuza ya Kibogora Polytechnic aho aba babyeyi bashinja itorero gushaka kubahuguza iri shuri batangije bivuye mu mvune z’ababyeyi. IMw’Ibaruwa IYOBOKAMANA dufitiye Copie yandikiwe Musenyeri […]
Mu gushimangira ko “Umugabo wubaha Imana ari isoko y’umugisha” itorero rya Assemblee de Dieu ryatumiye Rev.Dr.Rutayisire n’abandi mu mwiherero w’abagabo

Ihuririro ry’abagabo bo mw’ Itorero rya Eglise de Pentecote des Assemblee de Dieu aux Rwanda (EPADR) riteguye umwiherero w’abagabo mu ntego yo gushimangira ko “Umugabo wubaha Imana ari isoko y’umugisha kuri benshi(Itangiriro 18:18-19). Uyu mwiherero uzaba kuva taliki ya 19-21 Kamena 2025 ukazabera ku kicaro gikuru k’itorero rya Assemblee de Dieu giherereye i Kanombe hafi […]
Aimee Uwimana azafasha Bosco Nshuti mu gitaramo “Unconditional Love Live Concert – Season 2”

Umuhanzi umaze kubaka izina rihambaye mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana, Bosco Nshuti, yamaze gutangaza ko azataramana n’umuramyi w’ibigwi bikomeye Aime Uwimana, mu gitaramo cye “Unconditional Love Live Concert – Season 2” gitegerejwe na benshi dore ko ari ku nshuro ya kabiri agiye gukora igitaramo nk’iki cyubakiye ku kuramya Imana no kuyitambira ku bw’urukundo […]
Bosco Nshuti yatangaje uburyo bwo kugura itike yo kwinjira mu gitaramo “Unconditional Love Live Concert – Season 2”

Umuhanzi w’izina ryubashywe mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana, Bosco Nshuti, yamaze gushyira hanze amatike yo kwinjira mu gitaramo cye “Unconditional Love Live Concert – Season 2” gitegerejwe na benshi dore ko ari ku nshuro ya kabiri agiye gukora igitaramo nk’iki cyubakiye ku kuramya Imana no kuyitambira ku bw’urukundo rwayo rutarondoreka. Igitaramo cya Bosco […]
A Light to the Nations yatangije ishuri rya Tewolojiya n’imiyoborere rizagira umumaro ukomeye ku madini n’amatorero

muryango w’Ivugabutumwa wa “A Light to the Nations” washinzwe n’Umuvugabutumwa Dr. Dana Morey w’Umunyamerika, ukaba uyoborwa na Dr. Ian Tumusiime muri Afurika, ugiye gutangiza ishuri ry’abayobozi b’amatorero rizatanga impamyabumenyi ya kaminuza. Ku wa 5 Mata 2025, ku cyicaro cya A Light to the Nations Africa Ministries giherereye i Nyamata mu karere ka Bugesera, habereye amahugurwa […]
Akarengane k’itorero ntikaza hafungwa insengero ahubwo hafungwa abantu bazira kwemera Yesu-Pastor Dr.Ian Tumusiime

Ku wa 5 Mata 2025, nyuma y’amahugurwa y’abashumba n’abakozi b’Imana batandukanye, yabereye mu Rwanda ku cyicaro gikuru cya A Light to the Nations Africa Ministries i Nyamata mu Bugesera, mu kiganiro bagiranye n’itangazamakuru, Pastor Dr. Ian Tumusiime yatanze igisubizo cy’iki kibazo: “Ese gufunga insengero zitujuje ibisabwa ni akarengane k’Itorero?”. Pastor Dr. Ian Tumusiime na Pastor […]
Abakirisitu ba ADEPR basabwe kurandura burundu ingengabitekerezo ya Jenoside

Mukanizeyimana Solange uhagarariye IBUKA mu Karere ka Gasabo, yagaragaje ko muri Jenoside yakorewe Abatutsi n’abakirisitu bishe bagenzi babo basenganaga, asaba abayobozi b’amadini n’amatorero kwerera imbuto nziza abo bayobora n’abo basengana. Yabigarutseho ubwo abayoboke ba ADEPR Gihogwe n’abanyamuryango bayo bibukaga ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi muri mu 1994. Ni igikorwa cyabaye ku wa 24 […]
Abarokokeye Jenoside yakorewe Abatutsi mu Bitaro bya Kibogora barifuza ko hashyirwa ikimenyetso cy’Amateka

Abarokokeye Jenoside yakorewe Abatutsi mu Bitaro bya Kibogora, bavuga ko yakoranywe ubukana bukabije bityo bifuza ko hakorwa ubushakashatsi bwimbitse bugamije kumenya umubare w’Abatutsi bahiciwe n’aho bajugunywe. Nsengimana Emmanuel wakoraga mu Bitaro bya Kibogora mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi, avuga ko ku itariki ya 10 Mata 1994, bagabweho igitero cy’Interahamwe. Zikihagera, bamwe mu Batutsi bashatse […]
Ntitwakwemera ko Abantu baburira ubuzima kwa Yezu Nyirimpuhwe-Dr. Doris Uwicyeza Picard

Umuyobozi Mukuru w’Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere, RGB, Dr. Doris Uwicyeza Picard, yatangaje ko Ingoro ya Yezu Nyirimpuhwe yabaye nto cyane ugereranyije n’abantu bajya kuhasengera, ndetse urugendo abitabira isengesho bakora rutuma hari abahura n’ibibazo by’ubuzima. Isengesho rikorerwa ku Ngoro ya Yezu Nyirimpuhwe mu Karere ka Ruhango rikorwa ku Cyumweru cya mbere cya buri kwezi, rigahuza abantu bavuye […]