The Ben yahishuye ko igihe azatangirira gukora umuziki wo kuramya no guhimbaza Imana cyegereje

The Ben yahishuye ko igihe azatangirira gukora umuziki wo kuramya no guhimbaza Imana cyegereje

The Ben yavuze ko igihe cyo gukorera Imana ashikamye ari cyo ashyizeho imbaraga ze zose cyegereje kandi ko asanzwe ari umukirisito dore ko yanakuriye mu rusengero. Ubwo abateguye igitaramo cya ‘Music in Space’ batangazaga ku mugaragaro uwo mushinga w’ibyo bitaramo bigiye kubera mu Rwanda ariko bikazazenguruka Isi, The Ben yitabiriye iki gikorwa ndetse avuga ko […]

Korali Agape ya ADEPR Nyarutarama yakoze Igiterane cyasize amateka biyemeza kugeza inkuru ya Yesu kure hashoboka (Amafoto)

Korali Agape ya ADEPR Nyarutarama yakoze Igiterane cyasize amateka biyemeza kugeza inkuru ya Yesu kure hashoboka (Amafoto)

Mu mpera z’icyumweru gishize taliki ya 2 na 3 Kanama 2025 ,Korali Agape ikorera umurimo w’Imana mw’itorero rya ADEPR Nyarutarama yakoze igitaramo cy’amateka cyari gifite intego yo gufata amashusho y’indirimbo zayo (Live Recoding) no gukora ivugabutumwa mu ntego yo gushima Imana no gushakira Yesu iminyago. Yesu ajya kujya mw’ijuru yasize abwiye abigishwa be ko inshingano […]

Omega Church yunguye u Rwanda ishuri ryiza ry’inshuke n’amashuri abanza bitazatana n’indangagaciro za Gikirisitu

Omega Church yunguye u Rwanda ishuri ryiza ry’inshuke n’amashuri abanza bitazatana n’indangagaciro za Gikirisitu

Ubuyobozi bw’Itorero Omega Church bwatangaje ko bugiye gufungura ishuri ry’inshuke n’amashuri abanza ryiswe ‘Daniel Generation School’(DGS), aho bazibanda gutanga uburezi bufite ireme zishingiye ku ndangagaciro za Gikirisitu. Omega Church yabitangaje ku wa 7 Kanama 2025, mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru, isobanura ko iri shuri rizafungura muri Nzeri 2025 mu mwaka w’amashuri wa 2025/2026. Ni ishuri rizaba […]

Umushumba Mukuru wa ADEPR,Pastor Hortense Mazimpaka na Korali Jehovah Jileh bazafasha korali Impanda kwizihiza isabukuru y’imyaka 30

Umushumba Mukuru wa ADEPR,Pastor Hortense Mazimpaka na Korali Jehovah Jileh bazafasha korali Impanda kwizihiza isabukuru y’imyaka 30

Amakorali atandukanye arimo Jehovah Jireh Choir, n’abakozi b’Imana barimo Rev Isaie Ndayizeye, bategerejwe mu igitaramo gikomeye batumiwemo na Korali Impanda ya ADEPR SGEEM mu kwizihiza isabukuru y’imyaka 30 y’ubuhamya, indirimbo n’ivugabutumwa. Iki gitaramo cyiswe “Edot Concert & 30 Years Anniversary” kizaba tariki 21-24 Kanama 2025, kuri ADEPR SGEEM. Cyubakiye ku Cyanditswe cyo muri Yohana 15:27 […]

Imbamutima za Prospel Nkomezi nyuma yo gukorana indirimbo na Israel Mbonyi

Imbamutima za Prospel Nkomezi nyuma yo gukorana indirimbo na Israel Mbonyi

Prosper Nkomezi uri mu bahanzi bagezweho mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana yahishuye ko indirimbo yakoranye na Israel Mbonyi, yashibutse ku buhamya bw’ubuzima bwe. Uyu muhanzi yavuze ko atiteguye gutanga ubu buhamya, uretse ko azabikora ku wa 23 Ukwakira 2025, umunsi azaba amurikaho ’album’ ye. Ati “Ni indirimbo yashibutse ku buhamya bw’ibintu Imana iba […]

Rev.Dr.Rutayisire yasabye ADEPR gushyira imbaraga nyinshi mu kurwanya igwingira ry’abana rikigaragara muri imwe mu miryango

Rev.Dr.Rutayisire yasabye ADEPR gushyira imbaraga nyinshi mu kurwanya igwingira ry’abana rikigaragara muri imwe mu miryango

Pasiteri Dr. Rutayisire Antoine yasabye abayobozi n’abakirisitu b’Itorero rya ADEPR kugira uruhare mu kurwanya igwingira rikigaragara mu miryango itandukanye irimo n’ay’abasengera mu madini n’amatorero atandukanye. Yabigarutseho ubwo yari ari gutanga inyigisho ku Itorero rya ADEPR Ntora mu masengesho y’iminsi 21 itorero rya ADEPR ririmo yatangiye ku wa 21 Nyakanga akazarangira ku wa 10 Kanama 2025. […]

Alarm Rwanda yatanze inyemezabumenyi ku bagore 100 basoje amahugurwa mu miyoborere no kubaka umuryango uhamye (Amafoto)

Alarm Rwanda yatanze inyemezabumenyi ku bagore 100 basoje amahugurwa mu miyoborere no kubaka umuryango uhamye (Amafoto)

Alarm Rwanda yatanze inyemezabumenyi ku bagore 100 bari bamaze imyaka 3 bahabwa amahugurwa kubya Bibiliya, imiyoberere,kubaka umuryango uzira amakimbirane n’ibindi mu ntego yo guteza umuryango Nyarwanda imbere. Ibi biroli byo gutanga impamyabumenyi kuri aba bagore basoje amahugurwa y’imyaka 3 mu bintu bitandukanye bishingiye ku mahame ya Gikirisitu nkuko uyu muryango uri byabaye kuri uyu wa […]

Bugesera:Itorero Revival Palace Community Church rigarukanye cya giterane ngarukamwaka aho bashima Imana by’indengakamere

Bugesera:Itorero Revival Palace Community Church rigarukanye cya giterane ngarukamwaka aho bashima Imana by’indengakamere

Kuva ku wa 13 kugeza ku wa 17 Kanama 2025, Itorero Revival Palace Community Church rikorera i Bugesera rizakira igiterane gikomeye cyo gushimira Imana, kizwi nka Thanksgiving Conference 2025 aho bafata umwanya wo kwisanzura bagashima Imana ku kigero cyo hejuru(Indengakamere). Ni igiterane kizarangwa n’ibihe by’ubushyuhe bwo mu Mwuka, kikaba cyarateguwe ku nsanganyamatsiko ikubiye mu magambo […]