Ntitwakwemera ko Abantu baburira ubuzima kwa Yezu Nyirimpuhwe-Dr. Doris Uwicyeza Picard

Umuyobozi Mukuru w’Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere, RGB, Dr. Doris Uwicyeza Picard, yatangaje ko Ingoro ya Yezu Nyirimpuhwe yabaye nto cyane ugereranyije n’abantu bajya kuhasengera, ndetse urugendo abitabira isengesho bakora rutuma hari abahura n’ibibazo by’ubuzima. Isengesho rikorerwa ku Ngoro ya Yezu Nyirimpuhwe mu Karere ka Ruhango rikorwa ku Cyumweru cya mbere cya buri kwezi, rigahuza abantu bavuye […]
RGB yahagaritse ibikorwa cy’amasengesho bibera kwa Yezu nyirimpuhwe mu Ruhango

Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB), rwahagaritse by’agateganyo ibikorwa bijyanye n’amasengesho byaberaga ku Ngoro ya Yezu Nyirimpuhwe, iherereye mu Karere ka Ruhango, ivuga ko hatujuje ibisabwa bijyanye no kubungabunga umutekano n’ituze by’abahagana. RGB yabitangaje ku wa 17 Gicurasi 2025, mu ibaruwa yandikiye umwepisikopi wa Diyosezi Gatolika ya Kabgayi, Mgr Dr. Ntivuguruzwa Balthazar. RGB yavuze ko hashingiwe ku […]
RGB yongeye gushimangira amakosa Graceroom bakoze bigatuma bafungirwa

Umuyobozi w’Ishami rishinzwe Imitwe ya Politiki na Sosiyete Sivile mu Rwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB), Kazaire Judith yatangaje ko imwe mu mpamvu yatumye Grace Room Ministries yamburwa uburenganzira bwo gukora ari ukubera ko u Rwanda rugendera ku mategeko. Kuwa 10 Gicurasi 2025 ni bwo RGB yashyize hanze itangazo rivuga ko yambuye ubuzimagatozi Grace Room Ministries yashinzwe na […]
Building Strong Families, Shaping Strong Nations: The Mission of OEPESD TABARA

A Healthy Spirit Resides in a Healthy Body, and the Family is the Nation’s First School – The Mission of OEPESD TABARA It is indeed true that a healthy spirit resides in a healthy body, and when you invest in the well-being of families, you are actively shaping a better future for the nation. This […]
Roho nziza itura mu mubiri muzima kandi umuryango ni irerero ryiza ry’igihugu-Intego za OEPESD TABARA
Ni byo koko Roho nziza itura mu mubiri muzima kandi iyo witaye ku muryango uba urimo utegura ejo heza hazaza h’igihugu n’umuryango muri rusange bikaba akarusho iyo usize imbaraga mu kwita kubana batoya kuko biba ari uburyo bwiza bwo gutegura ejo hazaza heza. Ibi ni bimwe mu bishimirwa umuryango witwa OEPESD TABARA (Organisation pour l’Education […]
Nasuwe n’umwuka w’Imana ansobanurira ubuntu bw’Imana-Igitabo gishya cy’umwanditsi Pastor Jotham Ndanyuzwe

Pastor Jotham Ndanyuzwe ukorera umurimo w’Imana mu Itorero Elevated Life Community Church riyoborwa na Pastor Rwagasore Emmanuel rikaba rikorera muri Canada, yatanze ubuhamya bw’uko yakiriye ubutumwa bwiza bw’ubuntu bw’Imana. Pastor Jotham Ndanyuzwe, umupasiteri, umumisiyonari, n’umwanditsi w’ibitabo yanyujije ubu buhamya bwe mu gitabo “Grace Upon Grace: Love Lifted by Divine Grace” kizajya hanze mu minsi ya […]
Bosco ncuti mbere yo kwerekeza i Burayi yasohoye indirimbo nshya-Video

Bosco Nshuti uri mu bahanzi bafite izina rikomeye mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana, ari mu myiteguro yo kwerekeza i Burayi, aho azakorera ibitaramo akaba yashyize hanze indirimbo nshya yise ngo “Ndishimye “. Ibi bitaramo bya Bosco Nshuti byitezwe ko bizatangirira mu Bufaransa ku wa 17-18 Gicurasi 2025, bizakomereza muri Norvège ku wa 24-25 […]
Roho nziza itura mu mubiri muzima kandi umuryango ni irerero ryiza ry’igihugu-Intego za OEPESD TABARA

Ni byo koko Roho nziza itura mu mubiri muzima kandi iyo witaye ku muryango uba urimo utegura ejo heza hazaza h’igihugu n’umuryango muri rusange bikaba akarusho iyo usize imbaraga mu kwita kubana batoya kuko biba ari uburyo bwiza bwo gutegura ejo hazaza heza. Ibi ni bimwe mu bishimirwa umuryango witwa OEPESD TABARA (Organisation pour l’Education […]
AERA Ministries yatanze impamyabushobozi ku bahoze ari indangamirwa n’abatewe inda zitateganijwe bigishijwe kudoda (Amafoto+Video)

Mu muhango wo gusoza amahugurwa y’imyuga ikiciro cya gatatu, umuryango AERA watanze impamyabushobozi(Certificate ) ku banyeshuri bahuguwe mu gihe kingana n’amezi 9 mu mwuga w’ubudozi. AERA Ministries ni umuryango w’ivugabutumwa rihembura imitima (Association Evangelique Pour la restouration des amies). Yashinzwe ndetse iyoborwa na Pastor Marie Chantal Uwanyirigira. Uyu muryango wateguye igikorwa cyo guhugura mu mwuga […]
Graceroom Ministries ya Pastor Julienne Kabanda yambuwe ubuzima gatozi bwo gukorera mu Rwanda

Minisiteri ya Grace Room yari iyobowe na Pastor Juliene Kabanda yambuswe ubuzimagatozi nyuma y’uko ikoze ibihabanye n’itegeko shingiro ry’amadini n’imyemerere. Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 10 Gicurasi 2025, Urwego rw’lgihugu rw’lmiyoborere (RGB) rwatangaje ko rwambuye Grace Room icyemezo cy’ubuzimagatozi ku bwo kutubahiriza amategeko agenga Minisiteri nk’uko bikubiye mu itegeko shingiro. Iryo tangazo RGB yashyize hanze […]