Umuramyi Kwitonda Valentin yashyize hanze indirimbo ishimangira urukundo Kristo yakunze abantu

Umuramyi Kwitonda Valentin yashyize hanze indirimbo ishimangira urukundo Kristo yakunze abantu

Umuramyi Kwitonda Valentin yafashe inanga araririmba yongera kwibutsa abantu urukundo Kristo yabakunze, mu ndirimbo yise “Ndamukunda” Ni indirimbo yiganjemo urukundo rwa Yesu, aho uyu muhanzi atangira agira ati “Nahamirijwe yuko nakunzwe bidasanzwe, kubw’umusaraba nahindutse icyaremwe gishya”. Inyikirizo y’iyi ndirimbo igira iti “Narababariwe rwose nahindutse umwere, Yesu warakoze kubwo kunshunguza urupfu rubi”. Mu gusoza uyu muramyi […]

Nyuma yo kumurika Rwibutso Emma nk’intore nshya muri Gospel,Bosco Nshuti yanamushyigikiye mu ndirimbo ishimangira urukundo rw’Imana-Video

Nyuma yo kumurika Rwibutso Emma nk’intore nshya muri Gospel,Bosco Nshuti yanamushyigikiye mu ndirimbo ishimangira urukundo rw’Imana-Video

Umuramyi w’umunyempano idashidikanwaho, Emma Rwibutso, yashyize hanze indirimbo ye ya gatanu yise “Rukundo”, akaba yarayikoranye n’umuhanzi w’icyamamare Bosco Nshuti uherutse gukora igitaramo cy’amateka ndetse ubu akaba ari i Burayi mu bikorwa by’ivugabutumwa. Mu kiganiro n’itangazamakuru, Emma Rwibutso yavuze kuri Bosco Nshuti bakoranye indirimbo ndetse akaba ari na we wamumurikiye Isi y’abakunzi b’umuziki wa Gospel. Ati: “Ni […]

Imana niyo yababaza umuntu ntibikora iteka igera aho imugirira ibambe umunyamibabaro agaseka-Mwitege indirimbo Ibindi bitwenge ya Antoinette Rehema

Imana niyo yababaza umuntu ntibikora iteka igera aho imugirira ibambe umunyamibabaro agaseka-Mwitege indirimbo Ibindi bitwenge ya Antoinette Rehema

Umuhanzikazi mu ndirimbo za Gospel, Antoinette Rehema, umaze kwamamara mu Rwanda no hanze yarwo kubera ubutumwa anyuza mu ndirimbo zifatika, yateguje indirimbo nshya yise “Ibindi Bitwenge”. Indirimbo nshya Ibindi Bitwenge, ni ndirimbo igamije guhumuriza abakunzi be no kubashishikariza kurushaho kwegera Imana mu bihe by’umunezero no mu bihe by’ibigeragezo. Nk’uko yabitangarije mu kiganiro na Paradise, indirimbo […]

Theo Bosebabireba yakozwe ku mutima na Richard Nick Ngendahayo witegura igitaramo gikomeye i Kigali-Amatike yageze hanze

Theo Bosebabireba yakozwe ku mutima na  Richard Nick Ngendahayo witegura igitaramo gikomeye i Kigali-Amatike yageze hanze

Theo Bosebabireba yavuzeko muri beshi ashimira bagize icyo bakora mu kibazo afite cyo kurwaza umugore we harimo n’umuramyi Richard Nick Ngendahayo aho yavuzeko yatunguwe no kubona uyu muririmbyi yitanze muri Group yo kumutabara. Theo Bosebabireba nyuma yuko atakambiye abantu ngo bamutabare kubera ikibazo cyo kurwaza umugore we impyiko abantu batandukanye bagiye bumva ubusabe bwe batangira […]

Abaragwa Choir bakoze mu nganzo bibutsa abantu kudakerensa amahirwe y’agakiza kabonerwa muri Kirisitu Yesu-Video

Abaragwa Choir bakoze mu nganzo bibutsa abantu kudakerensa amahirwe y’agakiza kabonerwa muri Kirisitu Yesu-Video

Korali Abaragwa ikorera umurimo w’Imana kuri ADEPR Kicukiro Shell yashyize hanze indirimbo nshya yise “Yanguze Amaraso.” Ni indirimbo yubatse ku butumwa bwo gushimira agakiza n’imbabazi umuntu ahabwa igihe yizeye Yesu Kristo nk’Umwami n’Umukiza. Abagize iyi korali bavuga ko bahimbye iyi ndirimbo kugira ngo bibutse abantu ko amaraso ya Yesu ari yo yonyine atuma umuntu ahinduka […]

Na sitade Amahoro wowe wayuzuza: KNC na Mutabaruka basabye Israel Mbonyi gukora igitaramo cyo gufasha Bosebabireba

Na sitade Amahoro wowe wayuzuza: KNC na Mutabaruka basabye Israel Mbonyi gukora igitaramo cyo gufasha Bosebabireba

KNC na Mutabaruka Angéli basabye abahanzi baririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, by’umwihariko Israel Mbonyi, ko bagira icyo bakora muri ibi bihe bikomeye arimo. Mutabaruka na KNC bagize bati: “Mbonyi, mugenzi wawe afite ibibazo. Si ukugutega iminsi, nta we umenya iby’ejo, nawe byakubaho. Ushobora kuzuza Intare Arena cyangwa Stade, kuki utakora igitaramo cyo gufasha […]

Apostle Mignone Kabera byemejwe ko ari we uzigisha ijambo ry’Imana mu gitaramo “Restoring Worship Experience” cya Jesca Mucyowera

Apostle Mignone Kabera byemejwe ko ari we uzigisha ijambo ry’Imana mu gitaramo “Restoring Worship Experience” cya Jesca Mucyowera

Jesca Mucyowera yamaze kwemeza kwemeza ko Apostle Mignone Kabera ari we uzagabura ijambo ry’Imana mu gitaramo ari gutegura yise ” Restoring Worship Experience”, akaba ari igitaramo gitegerejwe ku wa 2/11/2025 muri Camp Kigali. Mucyowera Jesca ni umuririmbyi w’umuhanga akaba n’umwanditsi mwiza w’indirimbo za Gospel. Ni we wanditse ‘Shimwa’ ya Injili Bora yamamaye cyane. Kuririmba abikora […]

Theo Bosebabireba atumye Mutesi Scovia yandikira ibaruwa ikomeye Ap.Mignonne,Gitwaza,Masasu na Pst Isaie wa ADEPR

Theo Bosebabireba atumye Mutesi Scovia yandikira ibaruwa ikomeye Ap.Mignonne,Gitwaza,Masasu na Pst Isaie wa ADEPR

Nyuma yuko Umuhanzi Theo Bosebabireba atakambiye abantu ngo bamufashe abone uko avuza umugore we urembejwe n’impyiko ,Umunyamakuru Scovia Mutesi benshi bakunze kwita Mama Urwagasabo yatanze impuruza kuri Minisiteri y’ubuzima,kuri Apostle Mignonne Alice Kabera, kuri Apostle Dr.Paul Gitwaza, kuri Apostle Josua Masasu no kuri Pasiteri Ndayizeye Isaie umushumba mukuru w’itorero ADEPR. Ibi Mutesi yabigarutseho kuri uyu […]

Korali Shiloh yatanze ibyishimo bisendereye ku banya Kigali

Korali Shiloh yatanze ibyishimo bisendereye ku banya Kigali

Korali Shiloh ikorera umurimo w’Imana mu itorero rya Pantekote ry’u Rwanda (ADEPR), Ururembo rwa Muhoza, Paruwasi ya Muhoza, yaraye ikoze igitaramo cy’amateka mu mujyi wa Kigali, aho benshi mu bakitabiriye bemeje ko iyi ari imwe mu ma Korali yo guhangwa amaso.  Ni igitaramo cyabaye kuri iki Cyumweru i Gikondo ahasanzwe habera imurikagurisha “Expo” kikaba cyarateguwe […]

Theo Bosebabireba yatakambiye abantu ngo bamutabare abone uko avuza umugore we

Theo Bosebabireba yatakambiye abantu ngo bamutabare abone uko avuza umugore we

Theo Bosebabireba yavuze ko akomeje kugorwa no kuvuza umugore we umaze igihe kinini arembye bikomeye, arwaye indwara y’impyiko, asaba ubufasha avuga ko we yamaze gukoresha amafaranga yose yari afite ubu akaba ari mu madeni. Yabigarutseho mu mashusho yifashe, aho yabanje kubwira abantu bamubaza impamvu atagishyira hanze indirimbo impamvu yabyo. Ati “Abantu mwifuza ko naba ndi […]