Pastor Julienne Kabanda yashyizeho urukuta hagati ye n’itangazamakuru rya Gikirisitu

Pastor Julienne Kabanda yashyizeho urukuta hagati ye n’itangazamakuru rya Gikirisitu

Minisiteri y’icyumba cy’ubuntu izwi nka Grace Room Ministries iyoborwa na Pasiteri Julienne Kabiliigi Kabanda yasohoye itangazo riburira abakoresha amakuru yayo bwite harimo n’abakoresha zimwe mu nyigisho zayo ku mbugankoranyambaga nka za YouTube n’izindi. Ibi itangazamakuru rya Gikirisitu ryabisamiye hejuru babifata nko kuba iyi Minisiteri ishaka kwerekana ko idakeneye imikoranire n’itangazamakuru kuko yihagije kandi imaze kwigarurira […]