Fortran Bigirimana yateguye igitaramo gikomeye mu Bubiligi

Fortran Bigirimana yateguye igitaramo gikomeye mu Bubiligi

Umuhanzi Fortran Bigirimana ku bufatanye n’Ikigo ON Entertainment, bateguye igiterane gikomeye kizahuriza hamwe Abarundi, Abanyarwanda n’abandi, hagamijwe kuramya Imana no kuyishimira. Iki gitaramo cyiswe ‘Ndafise Impamvu’, kizaba tariki 31 Kanama 2024 kibere mu mujyi wa Anvers mu Bubiligi guhera saa kumi z’umugoroba. Fortran Bigirimana yabwiye IGIHE ko uzaba ari umwanya wo guhuriza hamwe Abanyarwanda n’Abarundi […]

Bishop Dr.Rugagi Innocent yabonye umusaruro w’iminsi 120 y’ivugabutumwa mu Ruhango (Amafoto)

Bishop Dr.Rugagi Innocent yabonye umusaruro w’iminsi 120  y’ivugabutumwa mu Ruhango (Amafoto)

Bishop Dr.Rugagi Innocent umushumba mukuru w’amatorero ya Redeemed Gospel Church yabatije abizera bashya bagera kw’ijana anakira mw’itorero abandi bagera kuri 47 nk’umusaruro w’amezi 3 n’iminsi 27 amaze asubiye gukorera mu Ruhango nyuma yo kuva muri Canada. Uyu mushumba yanavuze ku kijyanye n’inkundura y’ifungwa ry’insengero imaze iminsi mu Rwanda aho yanenze bamwe mu bantu bavugako ibi […]

Mu kwizihiza isabukuru y’imyaka 25 ya Zion T na Afurika H, Apostle Dr.Gitwaza yavuze Inzira y’umusaraba banyuzemo(Photos+Video)

Mu kwizihiza isabukuru y’imyaka 25 ya Zion T na Afurika H, Apostle Dr.Gitwaza yavuze Inzira y’umusaraba banyuzemo(Photos+Video)

Kuri iki cyumweru Taliki ya 04 Kanama 2024 itorero rya Zion Temple Celebration Center n’abategura igiteterane cy’Afurika Haguruka bizihije isabukuru y’imyaka 25 ibi byombi bimaze bitangiye aho Apostle Dr.Paul Gitwaza yavuze inzira y’umusaraba itorero ryanyuzemo mw’itangira. Ibi biroli by’imboneka rimwe byabereye mu karere ka Gasabo mu murenge wa Batsinda mu kagari ka GIheka (Mon Hermoni) […]

Bishop Dr.Rugagi Innocent yakebuye abavuga ko ifungwa ry’insengero ari akarengane k’itorero no kutubahiriza uburenganzira bwa muntu

Bishop Dr.Rugagi Innocent yakebuye abavuga ko ifungwa ry’insengero ari akarengane k’itorero no kutubahiriza uburenganzira bwa muntu

Bishop Dr.Rugagi Innocent ,umushumba mukuru w’amatorero y’abacunguwe(Redemeed Gospel Church ) yakebuye abavuga ko ifungwa ry’insengero rimaze iminsi mu Rwanda ari ko karengane k’itorero ndetse ko Leta iri guhonyora uburenganzira bw’ikiremwamuntu,avugako abatekereza gutya ari ukwitiranya ibintu no kutumva neza impamvu Leta iba yafashe ingamba nk’izi ku nyungu y’umuturage. Ibi Bishop Dr.Rugagi Innocent yabigarutseho mu kiganiro kigufi […]

Indirimbo “Inzira” ya Danny Mutabazi yagiye hanze nyuma y’igihe kinini itegerejwe_Videwo.

Indirimbo “Inzira” ya Danny Mutabazi yagiye hanze nyuma y’igihe kinini itegerejwe_Videwo.

Danny Mutabazi yamaze amatsiko abakunzi be bari bamaranye iminsi, ashyira hanze indirimbo ‘Inzira’ yari imaze iminsi itegerejwe na benshi kubera uko yabanje kuyimenyekanisha yifashishije imbuga zikoreshwa mu gucuruza umuziki. Danny Mutabazi yamamaye mu ndirimbo nka “Binkoze ku mutima” “Amarira y’Ibyishimo”, “Umutangabuhamya” n’izindi ndetse azwiho ubuhanga buhambaye mu kwandika indirimbo zinyuranye zirimo n’iz’itsinda rya Vestine na […]