Igiterane cy’Umuryango muri EAR Remera abacyitabiriye bagikuyemo akabando ko kwitwaza (Amafoto)

Itorero Angilikani ry’u Rwanda muri Paruwasi ya Remera ryishimiye uko inyigisho zigamije kubaka umuryango zakiriwe n’abitabiriye igiterane kigamije kubaka ingo zirambye. Iki giterane cy’umuryango cyatangiwemo inyigisho n’ibiganiro bigamije guha icyerekezo ibibazo biboneka mu ngo zitandukanye. Cyahawe insanganyamatsiko igaruka ku “Kuba impumuro nziza ya Kristo mu miryango” mu itorero no mu gihugu. Ku Cyumweru, tariki 30 […]

Apostle Mignonne Kabera yatangaje igihe cy’igiterane ”Abagore twese hamwe 2024” atanga ikaze muri BK Arena

Apostle Mignonne Alice Kabera umuyobozi mukuru w’umuryango wa Women Foundation Minsitries akaba n’umushumba wa Nobles Family Church yatangaje ko igiterane Abagore twese hamwe 2024 kizaba kuva Taliki ya 6 kugeza kuya 9 Nyakanga 2024 kikazabera muri BK Arena inyubako igezweho mu kwakira ibikorwa bihuza ibihumbi by’abantu benshi. Iki giterane ”Abagore Twese Hamwe” kimaze kumenyerwa na […]

Apostle Dr.Paul Gitwaza n’abakirisitu ba Zion Temple bababajwe n’urupfu rwa Ev.Dr.Justin Nsenga

Araruhutse inshuti ya Yesu aruhukiye mu gituza cye asinziriye murukundo rw’Imana aratabarutse Umuvugabutumwa Dr.Just Nsenga warangwaga n’ishyaka n’umuhate byo gukunda umurimo w’Imana. Amakuru y’urupfu rwuyu mukozi w’Imana Iyobokamana.rw twayamenye tuyakuye ku mbuga nkoranyambaga ku rukuta rwa Facebook rw’intumwa y’Imana Apostle Dr.Paul Gitwaza washyizeho ubutumwa bwo guhumuriza umuryango wa Nyakwigendera aho yavuzeko itorero rya Zion Temple […]