Abanyamadini basabwe gusengera amatora y’umukuru w’igihugu n’Abadepite

Abayobozi b’amadini n’amatorero atandukanye akorera mu Rwanda basabwe gusengera igihugu muri ibi bihe cyitegura amatora y’Umukuru w’Igihugu n’ay’Abadepite. Ibi byagarutsweho n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo y’Igihuhu y’Amatora, Charles Munyaneza, mu kiganiro cyahariwe abanyamadini mu gusobanurirwa uruhare bakwiye kugira mu matora ateganyijwe no kugeza ubutumwa burebana nayo ku bayoboke b’amadini yabo bwo kuyitabira. Yakomeje agira ati “Musengere […]

Ese Kwishyingira ni icyaha ? Igisubizo cya Apostle Dr.Paul Gitwaza

Umuyobozi wa Authentic Word Ministries akaba n’Umushumba Mukuru wa Zion Temple Celebration Center ku Isi, Apôtre Dr Paul Muhirwa Gitwaza, yasubije ikibazo benshi bakunze kwibaza niba kubana hagati y’umusore n’umukobwa badaciye imbere ya Leta cyangwa mu rusengero ibizwi nko (kwishyingira),byaba ari icyaha. Apôtre Paul Gitwaza yabigarutseho mu Kiganiro cye cyitwa “Ask Paul” asanzwe atambutsa kuri […]