Gasabo: ADEPR yasaniye abaturage inzu 19 mu bikorwa byo #Kwibuka30 (Amafoto)

Itorero ADEPR ry’u Rwanda ryasaniye abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi inzu 19 zari zarasenyutse mu gikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, ku rwego rw’igihugu. Igikorwa cyo kwibuka mu Itorero ADEPR ku rwego rw’igihugu, cyabereye ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Rutunga ruri mu Murenge wa Rutunga mu Karere ka Gasabo. Mu […]

Umuramyi Ange Nicole yashyize hanze indirimbo yibutsa abantu gukomera kw’Imana

Umuhanzi Ange Nicole, yashyize hanze indirimbo yise”Buri igihe”ikaba ari indirimbo yumvikanamo amagambo avuga gukomera kw’Imana. Iyi ndirimbo itangira igira iti”Imana turirimba siyo twabwiwe, iyo tuvuga siyo abakomeye n’abahanga, ahubwo n’Imana ya buri gisubizo cya buri wese wayimenye Kandi akayizera”. Uyu muramyi akomeza avuga ko Uwiteka yakoze ibikomeye, ariyo mpamvu dukwiye guhora tumushima. Mu gusoza asoza […]

Rev. Ndayizeye Isaïe uyobora ADEPR na Barore basoje kaminuza muri Tewolojiya

Umushumba Mukuru w’Itorero ADEPR, Rev. Ndayizeye Isaïe n’Umuyobozi w’Urwego rw’Igihugu rw’Itangazamakuru, Pasiteri Barore Cléophas, basoje Icyiciro cya Kabiri cya kaminuza mu Ishami rya Tewolojiya, bari bamaze iminsi biga. Ibirori byo guhabwa impamyabumenyi byabaye mu gitondo cyo ku wa Gatanu, tariki 24 Gicurasi 2024, muri Kaminuza y’Itorero Angilikani ry’u Rwanda, mu Ishami rya Tewolojiya. Nk’uko bikubiye […]

Umuramyi Bikem na Jane Uwimana bagiye gutangiza “Igisope gikirisitu”

Umuramyi Bikorimana Emmanuel uzwi nka BIKEM mu muziki afatanyije na Jane Uwimana batangije “Evening Glory”, umugoroba wihariye wo kuririmba indirimbo ziramya zikanahimbaza Imana. “Evening Glory” ni gahunda izajya iba buri Cyumweru mu masaha y’umugoroba, guhera saa Kumi n’Imwe. Yatekerejweho mu gufasha abakristo n’abandi bantu bose kuramya Imana bitagombeye ko bari mu rusengero gusa cyangwa bagiye […]