Byarandenze mbwiwe ko Pentecote nzayizihiriza ku gicumbi cy’umwuka muri ADEPR-Theo Bosebabireba

Umuhanzi Theo Bosebabireba yerekeje mu karere ka Rusizi aho yitabiriye igiterane cya Pentecote kizabera muri Stade y’aka karere cyateguwe n’ururembo rwa ADEPR Gihundwe aho kuriwe abona ko ari umugisha ukomeye kuba uyu munsi mukuru agiye gutaramana n’abanya Gihundwe dore ko muri uru rurembo habitse amateka y’itangira ry’itorero ndetse no kuba umwuka wera ariho yamanukiye bwa […]

Kwibuka 30:Israel Mbonyi,Gaby Kamanzi, Fabrice n’abakozi b’Imana batandukanye basuye urwibutso rwa Gisozi(Amafoto)

All Gospel Today (AGT) basuye urwibutso rya Jenoside rwa Kigali ruherereye ku Gisozi, bunamira inzirakarengane ziharuhukiye mu gikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi, kandi bagaruka no ku ruhare rwabo mu kuzana impinduka nziza mu muryango Nyarwanda. All Gospel Today (AGT) ni Umuryango mugari uhuriwemo n’abahanzi b’indirimbo zihimbaza Imana, abanyamakuru bo mu […]

Bugesera: Umuryango Comfort my people n’urubyiruko rwa Teen challenge bagobotse uwarokotse Jenoside (Amafoto)

Umuryango Comfort my people International ku bufatanye n’urubyiruko rugize Itsinda Teen Challenge rwasannye inzu y’uwarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 utuye mu Karere ka Bugesera. Iki gikorwa cy’ubugiraneza cyabereye mu Mudugudu wa Nyiramatuntu, Akagari ka Kayumba, Umurenge wa Nyamata mu Karere ka Bugesera. Teen Challenge ni umuryango mpuzamahanga wa Gikristo washinzwe hagamijwe kurwanya ibiyobyabwenge mu […]