Perezida Kagame yacyebuye abibwira ko Imana izabamanurira manu ntacyo bakoze

Perezida Kagame yacyebuye abakristo bibwira ko Imana izabaha ibyo bakeneye byose mu gihe bo ntacyo babashije gukora mu buryo butuma babona ibyo bakeneye, abihuza n’abifuza ko Leta igira icyo ibamarira nyamara nabo batayishyigikira. Ibi Umukuru w’Igihugu yabibwiye abagera ku 7500 babarizwa mu Rubyiruko rw’Abakorerabushake baturutse mu turere twose tw’Igihugu, bahuriye muri BK Arena mu birori […]

Mgr Laurent Mbanda yavuze ku cyatumye Umuryango GAFCON ayoboye utitabira inama yimakaza ‘ubutinganyi’ i Roma

Umuyobozi Mukuru w’Umuryango ugamije gukomeza no guha imbaraga inyigisho z’ijambo ry’Imana ‘GAFCON’ ku Isi, Musenyeri Laurent Mbanda, yatangaje ko umuryango ayoboye witandukanyije n’ibyavuye mu nama yabereye i Roma, yateguwe n’Umuryango w’Itorero Angilikani ku Isi wa Canterbury batavuga rumwe. Umuryango wa GAFCON ugamije gukomeza no guha imbaraga inyigisho z’ijambo ry’Imana, washyizweho mu mwaka ushize wa 2023, […]