Umuryango wa Patient Bizimana uri mu byishimo byo kwibaruka ubuheta

Umuryango wa Patient Bizimana ukunzwe mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana n’umugore we, Karamira Uwera Gentille wibarutse umwana w’umuhungu, akaba ubuheta muri uyu muryango utuye muri Leta Zunze za Amerika muri Leta ya Tennesse mu Mujyi wa Nashville. Mu kiganiro yagiraniro yagiranye na IGIHE, banditse iyi nkuru Patient Bizimana yahamije ko bagize umugisha umwana […]

Umuherwe Elon Musk yahawe ubuhanuzi bukomeye

Prophet Grace Amanda uba muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ufite Minisiteri yitwa ‘Ark Of Grace Ministries’ yavuze ko Imana yamuhaye ubuhanuzi bukomeye ku muherwe Elon Musk, burimo ubumuburira n’ubwo gukira ibikomere yatewe akiri muto. Uyu mugore uvugwaho kunyuzwamo ubutumwa n’Imana, yavuze ko yamuhaye ubuhanuzi bwa Elon Musk uherutse kugura Urubuga rwa Twitter akaruhindurira izina […]

Bishop Harerimana J. Bosco yatangije Igiterane “Humura Yesu arakiza”, Apostle Francis Musili atangazwa n’uko yakiriwe (Amafoto+Video)

Muri iki gitondo cyo ku wa 24 Mata 2024, Igiterane “Humura Yesu arakiza 2024 ” mu Itorero rya Zeraphath Holy Church mu Rwanda cyari kimaze igihe gitegerejwe na benshi cyatangijwe ku mugaragaro na Bishop Harerimana Jean Bosco, Umushumba Mukuru w’iri torero wabwiye abacyitabiriye ko abazakibamo iminsi yacyo yose bazahura n’Imana kuko ifite umugambi wo kubakiza […]

Yari yarabwiwe gutegereza urupfu! Arsène Tuyi yahishuye uko indirimbo ze zakijije abantu

Umuhanzi w’indirimbo zihimbaza Imana, Arsène Tuyiringire, uzwi ku izina rya Arsène Tuyi, yatanze ubuhamya ko zimwe mu ndirimbo ze zatumye bamwe mu bantu bakira indwara zikomeye nyamara bari baryamye ku bitanda bategereje urupfu. Arsène Tuyi umaze imyaka umunani akora umuziki wo kuramya no guhimbaza Imana, si umwe mu bahanzi bakunda gushyira hanze indirimbo nyinshi yaba izifite amashusho cyangwa […]