Ibyo yampanuriye ni ubusa, ashobora no kuba anywa ibisindisha- Mama Sava yasubije Prophet Akim

Ibyo yampanuriye ni ubusa, ashobora no kuba anywa ibisindisha- Mama Sava yasubije Prophet Akim

Munyana Analisa uzwi nka Mama Sava muri Filimi y’Uruhererekane ya Papa Sava, yavuze ko Prophet Akim wamuhanuriye kurongorwa na Niyitegeka Gratien uzwi nka Papa Sava, ibyo yavuze ari ubusa, yongeraho ko ashobora no kuba anywa ibisindisha. Mama Sava yahanuriwe n’Umuhanuzi Akim Mbarushimana ko azarongorwa na Niyitegeka Gratien usanzwe ari umuyobozi we muri Filime ‘Papa Sava’. […]

Impinduka mu gitaramo cya Israel Mbonyi i Bruxelles

Impinduka mu gitaramo cya Israel Mbonyi i Bruxelles

Umuhanzi Israel Mbonyicyambu uzwi nka Mbonyi yabwiye abakunzi be bo mu Bubiligi ko ahagombaga kubera igitaramo cye hahindutse bitewe n’uko hari hato, abasaba kwitegura kuzataramira ahantu hagutse hazabafasha gutarama bisanzuye. Israel Mbonyi uri mu bahanzi bafite igikundiro mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana mu Rwanda no hanze, yatumiwe na Sosiyete ya ‘Tema Production’ izwiho […]

AEE: Abasaga 600 bahembukiye mu gitaramo“Kubaho ni Yesu’’cyabwirijwemo na Rev. Rutayisire (Amafoto)

AEE: Abasaga 600 bahembukiye mu gitaramo“Kubaho ni Yesu’’cyabwirijwemo na Rev. Rutayisire (Amafoto)

Abantu basaga 600 bitabiriye Igitaramo “Kubaho ni Yesu’’ banyuzwe n’indirimbo n’ubutumwa bwiza bagaburiwe binyuze mu ndirimbo zihimbaza Imana z’abahanzi n’amakorali atandukanye. Iki gitaramo cyabaye ku Cyumweru, tariki ya 24 Mata 2024, cyabereye muri UR Rukara campus, Ishami ry’Uburezi. Cyateguwe bigizwemo uruhare n’Umuryango w’Ivugabutumwa wa African Evangelistic Enterprise (AEE) Rwanda umaze iminsi ukorera ivugabutumwa hirya no […]