Burundi: Giselle Nishimwe yinijiranye imihigo idasanzwe mu muziki. (Videwo)

Umunyempano Nishimwe Gisselle wo mu gihugu cy’u Burundi yinjiranye indirimbo “Narababariwe” mu muziki wo kuramya Imana anizeza abantu ko binyuze mu bihangano Imana yamushyizemo bazahembuka. Giselle Nishimwe asengera mu itorero ry’Abadivantiste b’Umunsi wa Karindwi, akaba yaratangiye kuririmba kuva akiri umwana. Ati “Naririmbye muri korali y’abana, nkura mbikunda cyane, nza guhura n’ibirushya byinshi kuko nta bushobozi […]

Apostle Mignonne yahembye impirimbanyi 10 muri Gospel,Theo Bosebabireba aratangarirwa(Amafoto)

Apostle Alice Mignonne Umunezero Kabera, Umushumba Mukuru w’Itorero Noble Family Church ndetse n’Umuryango Women Foundation Ministries,yakoze igikorwa cyakoze ku mitima ya benshi aho yashimiye abiganjemo abahanzi bakoze umurimo ukomeye muruhando rwa Muzika ya Gikristo mu Rwanda. Uyu mushumba ubwo yashyikirizaga Theo Bosebabireba igihembo yavuze amagambo akomeye kuriwe bizamura amarangamutima yuyu muhanzi ndetse n’abari bateraniye ku […]

Umuramyi “E-star” yashyize hanze indirimbo yibutsa abantu umumaro wo kuba muri Kristo

Umuramyi Ndacyayisenga Esther uzwi nka “E-star” mu muziki yashyize hanze indirimbo yise “Muriwe” ikaba ari nayo ya mbere ashyize hanze nk’umuhanzi ku giti cye. Iyi ndirimbo ikozwe mu buryo bw’amajwi, yumvikanamo ubutumwa bwuko ntacyaruta kuba muri Kristo nawe akaba muri wowe. Itangira igira iti “Burya ijambo ryiza ni mugenzi w’Imana, yambwiye ko ntuye muriwe, nawe […]

Umuramyi “BIKEM” yashyize hanze indirimbo yise “Nyobora “

Umuramyi Bikorimana Emmanuel ukoresha amazina ya “BIKEM” mu muziki, yashyize hanze indirimbo yise “Nyobora” akaba ari indirimbo yumvikanamo amagambo ashishikariza abantu kuyoborwa n’Imana mu buzima bwa buri munsi. Iyi ndirimbo itangira igira iti”Ndashaka kuyoborwa nawe mwami, ndashaka ko unjya imbere nkagukurikikira, kuko ngiye imbere ntaho nashyika, nungenda imbere nzagera iyo njya neza”. Mu nyikirizo uyu […]

Israel Mbonyi yakoze mu nganzo, asohora indirimbo “Yanitosha’’

Umuramyi Israel Mbonyicyambu uzwi nka Israel Mbonyi, yashyize hanze indirimbo nshya yise “Yanitosha” iri mu rurimi rw’Igiswahili, ashima Imana yatanze umwana wayo ngo apfe ku bw’abatuye Isi. Indirimbo nshya ya Israel Mbonyi yise “Yanitosha” bisobanuye (Arampagije), yasohotse mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, aho yasohokanye n’amashusho yayo, uyu muhanzi yakoze mu buryo bugezweho bwa […]

Korali Jehovah Jireh yakiriye barumuna bayo, ibugururira imiryango mishya y’ivugabutumwa

Korali Jehovah Jireh Post Cepien yubatse izina mu matsinda y’abaririmbyi b’indirimbo zihimbaza Imana, yahaye ikaze abaririmbyi bakibarizwa ku ntebe y’ishuri bazwi nka Jehovah Jireh Junior, nyuma yo kumara igihe kinini batangaje ko nta bandi bazakira. Iyi korali yamenyekanye muri Kaminuza Yigenga ya Kigali ‘ULK’ mu ndirimbo zirimo ‘Gumamo’ n’izindi, iririmbwamo n’abize muri iyi kaminuza gusa, […]

Imbamutima za BIKEM na Jane Uwimana banyuzwe n’umunsi wa mbere wa”Evening Glory”

Umuramyi BIKEM afatanije na Jane Uwimana batangije”Evening Glory”, bishimira umusaruro babonye ku nshuro ya mbere. Ni gahunda yatangiye kuri iki cyumweru dusoje taliki 26 Gicurasi 2024, akaba ari gahunda igamije gufasha abantu basohokera muri za Hotel zitandukanye, gusoza icyumweru baramya Imana ndetse banahimbaza Imana. Ku nshuro ya mbere aba baramyi bakoreye kuri Hoteli Igitego iherereye […]

Umuramyi Ange Nicole yashyize hanze indirimbo yibutsa abantu gukomera kw’Imana

Umuhanzi Ange Nicole, yashyize hanze indirimbo yise”Buri igihe”ikaba ari indirimbo yumvikanamo amagambo avuga gukomera kw’Imana. Iyi ndirimbo itangira igira iti”Imana turirimba siyo twabwiwe, iyo tuvuga siyo abakomeye n’abahanga, ahubwo n’Imana ya buri gisubizo cya buri wese wayimenye Kandi akayizera”. Uyu muramyi akomeza avuga ko Uwiteka yakoze ibikomeye, ariyo mpamvu dukwiye guhora tumushima. Mu gusoza asoza […]

Umuramyi Bikem na Jane Uwimana bagiye gutangiza “Igisope gikirisitu”

Umuramyi Bikorimana Emmanuel uzwi nka BIKEM mu muziki afatanyije na Jane Uwimana batangije “Evening Glory”, umugoroba wihariye wo kuririmba indirimbo ziramya zikanahimbaza Imana. “Evening Glory” ni gahunda izajya iba buri Cyumweru mu masaha y’umugoroba, guhera saa Kumi n’Imwe. Yatekerejweho mu gufasha abakristo n’abandi bantu bose kuramya Imana bitagombeye ko bari mu rusengero gusa cyangwa bagiye […]

Itara ryabo riracyamurika! James na Daniella bataramiye abakunzi babo kuri Instagram

Abaramyi James na Daniella bamaze kubaka izina mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana mu Rwanda, bataramiye abakunzi babo ku rubuga rwa Instagram, batanga n’umwanya kubasaba indirimbo zitandukanye. James na Daniella ni umuryango w’umugabo n’umugore bihuje bakora itsinda ry’abaririmbyi, ariko baririmba indirimbo zivuga ubutumwa bwiza. Si kenshi usanga abahanzi bakora umuziki wo kuramya no guhimbaza […]