Roho nziza itura mu mubiri muzima -Uruhare rukomeye rwa Rwanda Legacy of Hope mu buvuzi bw’u Rwanda (Amafoto)

Roho nziza itura mu mubiri muzima -Uruhare rukomeye rwa Rwanda Legacy of Hope mu buvuzi bw’u Rwanda (Amafoto)

Nibyo koko Roho Nziza itura mu mubiri muzima” bivuzeko hagomba kwitabwaho ubuzima bw’umubiri n’ubw’umutima, kugira ngo abantu babashe kubaho bafite amahoro, imbaraga n’icyizere. Uyu muryango mu rwego rwo gusiga umurage w’icyizere (Legacy of Hope) bakorera hamwe mu kubaka u Rwanda rufite icyizere cy’ejo hazaza, binyuze mu bikorwa by’ubuvuzi, uburezi, guteza imbere imibereho myiza n’ubuzima bw’umwuka. […]

Ni intumwa y’Imana kandi ni umubyeyi:Imbamutima za Pastor TUYIZERE J.Baptiste kuri Apostle Dr. Paul Gitwaza uri kwizihiza imyaka 30 amaze yitabye umuhamagaro mu Rwanda

Ni intumwa y’Imana kandi ni umubyeyi:Imbamutima za Pastor TUYIZERE J.Baptiste kuri Apostle Dr. Paul Gitwaza uri kwizihiza imyaka 30 amaze yitabye umuhamagaro mu Rwanda

Nyuma yuko Taliki ya 1 Ukwakira, intumwa y’Imana Dr. Paul. Gitwaza yizihije isabukuru y’imyaka 30 amaze atangiye ivugabutumwa mu Rwanda, abantu batandukanye bagiye bandika ubutumwa bwuko biyumva, aho ubwinshi bwibanda ku gushimira Ap.Gitwaza ku bw’imirimo y’Imana yakoretse muri bo binyuze muri we. Umwe mu bagaragaje imbamutima ze ni Pastor Tuyizere Jean Baptiste Umushumba wo mw’itorero […]

Ap.Dr.Paul Gitwaza ari mu mashimwe y’imyaka 3O yitabye umuhamagaro mu Rwanda-Menya ibintu 12 yakoze mw’ivugabutumwa

Ap.Dr.Paul Gitwaza ari mu mashimwe y’imyaka 3O yitabye umuhamagaro mu Rwanda-Menya ibintu 12 yakoze mw’ivugabutumwa

Apostle Dr. Paul Gitwaza Umuyobozi mukuru w’umuryango wa Authentic Word Ministries ubarizwamo itorero rya Zion Temple Celebration Center ku Isi akaba n’umushumba mukuru waryo, ari mu mashimwe y’imyaka 30 atangiye umurimo w’ivugabutumwa mu Rwanda. Uyu mushumba abinyujijie ku mbuga nkoranyambaga ze zitandukanye yatangiye agira ati”Ndashima Imana ko ubu imyaka 30 yuzuye numviye ijwi ry’Uwiteka”. Uyu mushumba […]

Abinyujije mu ndirimbo Umuhanzi Bikem wa Yesu yatanze ihumure, ku muryango wa Uwamahoro Deborah uherutse kwitaba Imana

Abinyujije mu ndirimbo Umuhanzi Bikem wa Yesu yatanze ihumure, ku muryango wa Uwamahoro Deborah uherutse kwitaba Imana

Umuhanzi Bikem wa Yesu yatanze ihumure ku muryango wa Uwamahoro Deborah uherutse kwitaba Imana , mu ndirimbo yise”Ruhuka”. Iyi ndirimbo ikoze mu buryo bw’amajwi ndetse n’amashusho, igiye hanze nyuma yiminsi 4 inkuru y’incamugongo imenyekanye ko Uwamahoro Deborah, wari umuririmbyi wa Korali Bethania, ikorera umurimo w’Ivugabutumwa ku Itorero ADEPR Gihundwe yitabye Imana. Muri iyi ndirimbo uyu […]

Usengimana Dany wanyuze mu makipe atandukanye yabatijwe

Usengimana Dany wanyuze mu makipe atandukanye yabatijwe

Usengimana Danny wabaye Rutahizamu w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ yabatirijwe muri Canada aho asigaye atuye n’umuryango we. Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze, uyu mugabo yasangije abamukurikira amashusho abatirizwa mu mazi menshi, ayakurikiza amagambo agira ati “No kuri Yesu Kristo, ari we mugabo wo guhamya ukiranuka n’imfura yo kuzuka, utwara abami bo mu Isi, udukunda kandi watwejeshejeho ibyaha […]

kuzababere ukwezi k’umuyoboro w’ubu Mana: Apostle Dr.Paul Gitwaza yasabiye abantu umugisha mu kwezi gushya binjiyemo

kuzababere ukwezi k’umuyoboro w’ubu Mana: Apostle Dr.Paul Gitwaza yasabiye abantu umugisha mu kwezi gushya binjiyemo

Nkuko asanzwe abikora mu ntangiriro za buri kwezi umuyobozi mukuru w’umuryango wa Authentic Word Ministries ubarizwamo itorero rya Zion Temple Celebration Center ku Isi akaba n’umushumba mukuru waryo,Apostle Dr Paul Gitwaza, yifurije abantu kuzagira ukwezi kwiza, bakazagera kure heza hashoboka, ndetse bakayorwa na kristo muri byose. Mu magambo yagize ati”Kaze mu kwezi kwa cumi, ukwezi […]

korali Baraka igeze kure imyiteguro y’ibisingizo live concert

korali Baraka igeze kure imyiteguro y’ibisingizo live concert

Korali Baraka yo mu Itorero ADEPR Nyarugenge yateguriye abakunzi bayo igitaramo ‘Ibisingizo Live Concert’, aho intego nyamukuru ari uguhindura abantu kuba abigishwa ba Yesu bakava mu byaha, ndetse no gushima Imana ku mirimo n’ibitangaza igenda ikora. Mu kiganiro n’Abanyamakuru cyaraye kibereye kuri Dove Hotel, ubuyobozi bwa Korali, bwatangaje ko igitaramo gitegerejwe ku wa 04-05 Ukwakira […]

Vestine na Dorcas bagiye kwerekeza muri Canada mu bitaramo bizazenguruka icyo gihugu

Vestine na Dorcas bagiye kwerekeza muri Canada mu bitaramo bizazenguruka icyo gihugu

Itsinda ry’abaririmbyi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, ishimwe Vestine na Kamikazi Dorcas, bari kwitegura ibitaramo bizazenguruka igihugu cya Canada bise “Yebo Concerts”. Ni ibitaramo bizeye ko bizabafasha mu rugendo rwabo rwo kwaguka mu ivugabutumwa ndetse no kurushaho kubafasha gusabana n’abakunzi babo. bi bitaramo bizatangirira mu Mujyi wa Vancouver tariki 18 Ukwakira 2025, nyuma y’uko […]