Abafana b’Amavubi bari guhigisha uruhindu Pasiteri wahanuye ko amavubi azajya mu gikombe cy’isi cya 2026

Nyuma yuko ikipe y’igihugu y’u Rwanda (Amavubi) ku munsi wejo itsinzwe n’igihugu cya Benin, amahirwe yo kujya mu gikombe cy’isi agahita ayoyoka, benshi mu bakunzi b’umupira w’amaguru mu Rwanda bakomeje kwifatira ku gahanga Pasiteri wo muri Nigeria wari wahanuye ko amavubi agiye kujya mu gikombe cy’isi. Mu minsi yashize Women Foundation Ministries na Noble Family […]
Umuhanzi Dorcas yavuze uko yagowe no kwakira ko Vestine amutaye murugo wenyine akisangira umugabo

Mu gahinda kenshi Kamikazi Dorcas uririmba mu itsinda rya Vestine na Dorcas, yagaragaje agahinda yatewe no kudahita yakira ko mukuru we Vestine agiye Kuva mu rugo rw’ababyeyi babo akajya gushinga urugo rwe. ibi yabitangarije mu kiganiro bagiranye na shene ya YouTube ya MIE, aho banakomozaga ku gitaramo bafite mu gihugu cya Canada. Mu gahinda kenshi, […]
Uganda :Ev.Dana Morey yakoreshejwe ibitangaza nk’ibya Yesu bamwe batahana agakiza n’ibikoresho na Moto (Amafoto )

Mu Karere ka Soroti mu Bugande, hatangijwe ibiterane by’iminsi ine byateguwe n’umuvugabutumwa mpuzamahanga w’Umunyamerika, Dr. Dana Morey, bikaba byatangiye haba ibitangaza nk’ibyo mu gihe cya Yesu. Ibiterane by’ivugabutumwa byatangiye i Soroti, mu Bugande, ku wa 9 Ukwakira 2025, byaranzwe n’ibikorwa byo kwigisha Ijambo ry’Imana biherekejwe n’ibitangaza byakoze ku mitima ya benshi. Ku munsi wa mbere, […]
Ikigo cya Integrated Barista Training Centre (IBTC) kirakataje mu kwigisha gutunganya ikawa mu mezi 3 ukaba ubaye inzobere

Ikigo cy’Ubumenyi n’Amahugurwa mu Gukora Kawa – Integrated Barista Training Centre (IBTC) gikomeje gufasha ababagana ibijyanye no gutunganya ikawa mu gihe cy’amezi 3 ukaba ubaye inzobere ushobora kwikorera cyangwa guhabwa akazi mu bigo bikomeye kuko baguha Certificate yemewe n’Urwego rw’Igihugu Rushinzwe Amashuri ya Tekiniki, Imyuga n’Ubumenyingiro (Rwanda TVET Board – RTB). Mu gihe urwego rwa […]
Kenya: Kiliziya Gatolika igiye guhindura ubwoko bwa vino yakoreshwaga muri misa

Kiliziya Gatorika muri Kenya yashyizeho Wine nshya izajya ikoreshwa kuri Aritali, nyuma y’uko iyo bakoreshaga yari yamaze kugera mu tubari twose two mu gihugu. Icyo cyemezo cyafashwe tariki 4 Ukwakira 2025, aho arikiyipisikopi Maurice Muhatia Makumba, Umuyobozi w’Inama y’Abepisikopi ya Kenya (Kenya Conference of Catholic Bishops, KCCB), yatangaje ko wino ikoreshwa mu misa muri Kenya […]
Breaking: Bishop Gafaranga yakatiwe igihano cy’umwaka 1 usubitse

Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo rwakatiye Bishop Gafaranga igihano cy’umwaka usubitse. Bivuze ko bishop Gafaranga agiye guhita afungurwa. Habiyaremye Zacharie wamenyekanye nka Bishop Gafaranga yari akurikiranweho ibyaha by’ihohotera rishingiye ku gitsina, aho yatawe muri yombi, Taliki 07 Gicurasi 2025. Ubushinjacyaha bwari bukurikiranyeho Habiyaremye ibyaha 2; guhoza ku nkeke uwo bashyingiranywe, gukubita no gukomeretsa ku bushake. Ibyo […]
Nigeze gusaba Imana kuba icyamamare nkawe: Prosper Nkomezi kuri Israel Mbonyi

Nasabaga Imana kungira icyamamare nkawe – Prosper Nkomezi kuri Israel Mbonyi wamuciriye inzira Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Prosper Nkomezi yahishuye ko Israel Mbonyi ari umwe mu bantu bagizeho uruhare rukomeye mu rugendo rwe rwa muzika, ndetse ko yigeze gusaba Imana kuzamugira icyamamare nkawe. Nkomezi yabigarutseho mu kiganiro yagiranye na InyaRwanda, mu ijoro […]
Ingabire Marie Immaculée,wakundaga Imana n’abantu akanga ruswa n’akarengane yatabarutse

Ku wa Kane tariki ya 9 Ukwakira 2025, u Rwanda rwashavujwe n’inkuru y’urupfu rwa Ingabire Marie Immaculée, wari Umuyobozi wa Transparency International Rwanda, umuryango urwanya ruswa n’akarengane. Inkuru y’akababaro yamenyekanye mu gitondo, aho Transparency International Rwanda yayitangaje ku mbuga nkoranyambaga, ivuga ko Ingabire yitabye Imana azize uburwayi yari amaranye igihe. Yitabye Imana afite imyaka 64, […]
Ibintu 10 biranga umuramyi Richard Nick Ngendahayo byatuma utazacikwa n’igitaramo ateguye i Kigali

Richard Nick Ngendahayo ni umwe mu baramyi b’Abanyarwanda bafite impano idasanzwe yo kuramya Imana mu buryo bwimbitse, bushyira imitima y’abantu hafi y’Imana. Uyu muhanzi ni ikitegererezo ku bakunda indirimbo zifite ubutumwa bwubaka kandi buhindura ubuzima. Uyu muramyi ufite indirimbo z’ibihe byose nka URI BYOSE NKENEYE — NZAGUHEKA -Urera —Ntwari Batinya-Si Umuhemu-Niwe-Mbwira Ibyo Ushaka-Sinzakwitesha-Wemere Ngushime-Ijwi Rinyongorera-Ibuka-Cyubahiro-Yambaye […]
Tuzanye isanduku y’Imana i Kigali: Shiloh choir yateguje igitaramo kidasanzwe

Korali Shiloh ikorera umurimo w’Imana mu itorero rya Pantekote ry’u Rwanda (ADEPR), Ururembo rwa Muhoza, Paruwasi ya Muhoza, ku itorero rya Muhoza, yateguje igitaramo kidasanzwe aho yavuze ko bazanye isanduku y’Imana mu mujyi wa Kigali. Iki gitaramo cyiswe “The Spirit of Revival” cyatangiye kuba mu mwaka wa 2018, aho kuri iyi nshuro kigiye kubera mu […]