Mu Rwanda Tuvumbuye muri Edeni aho Adamu na Eva Babaye ahantu heza ku mazi waruhukira (Amafoto)

Mu mpinga z’imisozi ya Rwamagana mu murenge wa Pfumbwe, neza neza ku nkengero Ikiyaga cya Muhanzi, hari ahantu heza cyane ho kuruhukira hamaze kumenyekana hanzwi nka “AMORES RESSOLT “.

Bajyaga batebya bavuga ko mu ngobyi ya Edeni ari mu Rwanda benshi bakabihakana ariko byaje kuba impamo ubwo twahavumburaga tukahasanga amafoto n’ibimenyetso bihamya ko Adamu na Eva babaye aha hantu.

Aho nt’ahandi ni muri “AMORES RESSORT ” haherereye mu karere ka Rwamagana mu murenge wa Pfumbwe mu kagari ka Nyagasambu ku nkengero z”ikiyaga cya muhanzi aho wicara ukaba unywera mu mazi ku mucanga.

Wifuza kumenya byinshi kuri AMORES RESSOLT gukora Reservation cyangwa kubaza amakuru arambuye wahamagara kuri numero za Telephone arizo +250788 581139.

Ukinjira uhita ubona ubwiza nyaburanga bwa AMORES RESSOLT ku nkengero z’ikiyaga cya Muhanzi ugasanganirwa n’impumuro y’imbuto nkizo muri Edini aho uba witegeye imisozi ya Pfumbwe

Bar na Restaurant byo muri AMORES RESSOLT biba birimo byose wifunza by’umwihariko ibyo kurya byaho biba ari umwimerere kuko bisarurwa ureba naho inyama(Inkoko ,amafi ,ihene ) bakaba babyiyororera

Muri AMORES RESSOLT uhasanga Big Teinte yakira ibiroli nk’ubukwe ,inama n’ibitaramo bitandukanye

Muri AMORES RESSOLT bagufitiye ibyumba byo kuryamamo byiza cyane byubatse mu buryo bwa Bingaro kandi ki giciro kiza cyinogeye buri wese

Muri AMORES RESSOLT bagufitiye ibyumba byiza cyane kandi ku giciro kinogeye buri wese

Share:

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIHERUKA