Imana niyo yababaza umuntu ntibikora iteka igera aho imugirira ibambe umunyamibabaro agaseka-Mwitege indirimbo Ibindi bitwenge ya Antoinette Rehema

Umuhanzikazi mu ndirimbo za Gospel, Antoinette Rehema, umaze kwamamara mu Rwanda no hanze yarwo kubera ubutumwa anyuza mu ndirimbo zifatika, yateguje indirimbo nshya yise “Ibindi Bitwenge”. Indirimbo nshya Ibindi Bitwenge, ni ndirimbo igamije guhumuriza abakunzi be no kubashishikariza kurushaho kwegera Imana mu bihe by’umunezero no mu bihe by’ibigeragezo. Nk’uko yabitangarije mu kiganiro na Paradise, indirimbo […]
Theo Bosebabireba yakozwe ku mutima na Richard Nick Ngendahayo witegura igitaramo gikomeye i Kigali-Amatike yageze hanze

Theo Bosebabireba yavuzeko muri beshi ashimira bagize icyo bakora mu kibazo afite cyo kurwaza umugore we harimo n’umuramyi Richard Nick Ngendahayo aho yavuzeko yatunguwe no kubona uyu muririmbyi yitanze muri Group yo kumutabara. Theo Bosebabireba nyuma yuko atakambiye abantu ngo bamutabare kubera ikibazo cyo kurwaza umugore we impyiko abantu batandukanye bagiye bumva ubusabe bwe batangira […]