Umuhanzikazi Divine Muntu uri kwitwara neza muruhando rwa Gospel yatangaje italiki y’ubukwe bwe

Umuhanzikazi Divine Muntu uri kwitwara neza muruhando rwa Gospel yatangaje italiki y’ubukwe bwe

Divine Muntu, umuririmbyi ukizamuka mu njyana ya Gospel, wamamaye cyane ku ndirimbo ye “Hozana,” aherutse gusohora, yatangaje itariki ubukwe bwe buzaberaho. Uyu mukobwa w’imyaka 22 y’amavuko, wahinduye byinshi mu muziki wa Gospel mu Rwanda, nk’aho yerekanye ko n’injyana ya gakondo yakoreshwa mu kuramya Imana, mu ndirimbo nshya yise Hozana, yavuze ko azabana n’umukunzi we Uwizera […]

Umukobwa wa Perezida wa Zimbabwe yagaragaye abyina indirimbo ya Richard Ngendahayo

Umukobwa wa Perezida wa Zimbabwe yagaragaye abyina indirimbo ya Richard Ngendahayo

Tariro Mnangagwa, umukobwa wa Perezida wa Zimbabwe, Emmerson Mnangagwa, yagaragaye mu mashusho abyina indirimbo “Si umuhemu” ya Richard Ngendahayo. Mu mashusho yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga agaragaza uyu mukobwa yizihiwe cyane n’iyi ndirimbo. Ibi byabaye mu mpera z’icyumweru gishize, mu birori by’ubukwe bwe, bwatashywe n’ababyeyi be, Perezida Mnangagwa n’umugore we Auxillia Mnangagwa. Tariro Mnangagwa w’imyaka 39 […]

D.R.C: Kiliziya Gatolika yamaganye igihano cy’urupfu cyakatiwe Joseph Kabila

D.R.C: Kiliziya Gatolika yamaganye igihano cy’urupfu cyakatiwe Joseph Kabila

Kiliziya Gatolika muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yamaganye igihano cy’urupfu Urukiko Rukuru rw’Igisirikare rwa Kinshasa, rwakatiye Joseph Kabila wayoboye iki gihugu kuva mu 2001 kugeza mu 2019. Tariki ya 30 Nzeri 2025 ni bwo uru rukiko rwakatiye Kabila igihano cy’urupfu, nyuma yo kumuhamya icyaha cyo kugambanira igihugu, ibyaha by’intambara, ibyibasiye inyokomuntu no kuba mu […]

Bugesera: Uwari Pasiteri yasanzwe mu buriri butari ubwo umugore we yapfuye

Bugesera: Uwari Pasiteri yasanzwe mu buriri butari ubwo umugore we yapfuye

Umugabo wahoze ari umuvugabutumwa mu Itorero rya ADEPR witwaga Rwigema Donatien yasanzwe mu bururiri buri mu nzu y’icyumba kimwe yari yararanyemo n’umugore utari uwe, yapfuye. Ibyo byabereye mu Murenge wa Nyamata mu Kagari ka Kanazi mu Mudugudu wa Musagara, ku Cyumweru, tariki 5 Ukwakira 2025 mu masaha y’igicamunsi. TV1 yatangaje ko nyakwigendera yari yageze muri […]